Abandi babiri bishwe na Covid-19

eqrbzujw4aue90x.png

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko abandi Banyarwanda babiri (2) bishwe n’icyorezo cya Covid-19 kuri uyu wa 1 Mutarama 2021 bituma umubare w’abamaze gupfa ugera kuri 94. Aba ni abasaza b’imyaka 81 n’uw’73 bapfiriye mu mujyi wa Kigali. Naho abanduye ni 77 mu bipimo 2986. Barimo 22 babonetse mu mujyi wa Kigali, 24 babonetse muri Huye, […]

Harmonize yaciye bugufi imbere ya Diamond, amusezeranya kumuhesha ishema

simba-1140x920.jpg

Kimwe mu byamamare mu muziki wa Tanzania, Rajab Abdul Kahali uzwi nka Harmonize, kuri uyu wa 1 Mutarama 2020 yaciye bugufi imbere ya mugenzi we, Diamond Platinumz amushimira kuba yaramufashije kuzamuka amukuye aho agereranya no mu mucanga. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Harmonize yagize ati: “Mvuze mbikuye ku ndiba y’umutima, ndagukunda bro (muvandimwe) […]

Museveni yashyizeho umujenerali wo kumufasha gukaza umutekano mu matora

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize Maj Gen Kayanja Muhanga umuhuzabikorwa w’imitwe ya gusirikare ikorera i Kampala, mu gihe amatora y’Umukuru w’Igihugu muri kiriya gihugu akomeje kwegereza. ChimpReports iravuga ko abategetsi ba Uganda bayibwiye ko Gen Muhanga azaba afite inshingano zo kuba umuhuzabikorwa w’imitwe ya gisirikare yashyizwe muri Kampala, kugira ngo itere ingabo mu […]

Rusizi: Urubyiruko rurishora iyo rubuze igishoro

img-20210101-wa0018.jpg

Ni kenshi usanga mu Karere ka Rusizi, cyane cyane mu mirenge yegereye imipaka y’ibihugu bihana imbibi, urubyiruko rwishora mu bucuruzi bwa magendu, rukanabikomerekeramo cyangwa rukanahaburira ubuzima, rumwe muri rwo rukavuga ko kwishora mu buzima bushaririye nk’ubu rubiterwa no kubura igishoro cyo gukoresha imirimo idashyira ubuzima bwarwo mu kaga, ubuyobozi bw’aka karere bwo bukavuga ko ari […]

Uwahamijwe uruhare rukomeye mu rupfu rwa se wa Kabila yahawe Imbabazi za Perezida

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yahaye imbabazi Col. Eddy Kapend wahamijwe uruhare rukomeye mu rupfu rwa Laurent Desire Kabila, se wa Joseph Kabila. Ni amakuru umwe mu bagize Guverinoma ya RDC yahamirije igitangazamakuru Actualité kuri uyu wa 1 Mutarama 2021, nyuma y’aho muri izi mpera z’umwaka w’2020, Perezida w’ishyirahamwe nyafurika riharanira […]

Alain Numa yavuze uruva gusenya inshuti ye yahuye narwo kubera telefone

Umukozi ushinzwe guhanahana amakuru mu kigo cya MTN-Rwanda, Alain Numa avuga ko ku bwo kutagira telefoni inshuti ye yagiye gusura iwabo, ibisikana nabo bagiye kumusura i Kigali. Mu kiganiro cyagarukaga ku itumanaho kuri KT Radio, Numa yavuze ko ” Inshuti yanjye yamanutse ajya gusura iwabo. Iwabo nabo bari baje i Kigali kumusura. yageze iwabo na […]

Michela Wrong yise igitabo cye amagambo yari yanditse ku muryango Col. Karegeya yiciwemo

Umunyamakuru akaba n’umwanditsi w’ibitabo, Michela Wrong yanditse igitabo kivuga ku byo yise igitugu mu bihugu byo muri Afurika, acyita amagambo yari yanditse ku muryango w’icyumba cyiciwemo uwayoboye ubutasi bwo hanze y’ u Rwanda, Col. Patrick Karegeya, wishwe mu 2013. Urubuga Publicaffairsbooks dukesha iyi nkuru ruvuga ko Uyu Mwongerezakazi iki gitabo yacyise ” Do not Disturb” […]

Umuhungu wa Museveni yasibye ubutumwa bwose bwibasiraga Bobi Wine

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yasibye ubutumwa bwose yari yanditse mu minsi ibiri yibasira umukandida w’ishyaka rya NUP (National Unity Platform), Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine. Mu butumwa bwa mbere yashyize kuri uru rubuga tariki ya 30 Ukuboza 2020, Gen. Muhoozi yagize ati: “Nihagire umbwirira uyu murumuna wanjye […]

Kayonza: Yagiye gusambanyiriza umukobwa ku babyeyi be arakubitwa bikomeye

Umugabo w’imyaka 40 utuye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza yaraye akubitiwe iwabo w’umukobwa yari yagiye gusambanya. Ibi byabaye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mutarama 2021 ahagana saa sita z’ijoro, bibera mu Mudugudu wa Juru mu Kagari ka Juru mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza. Umunyamabanga […]

Sudani yigaruriye ubutaka bwari bwigaruriwe n’abahinzi bo muri Ethiopia

Igihugu cya Sudani kuri uyu wa Kane cyatangaje ko ingabo zacyo ari zo zigenzura 100% ubutaka bwose bw’igihugu mu bice byegereye umupaka byari byigaruriwe n’abahinzi bo muri Ethiopia nyuma y’ibyumweru by’imirwano ya hato na hato. Ethiopia ku ruhande rwayo, irashinja Leta ya Sudani kohereza ingabo zayo ku butaka bwayo zikahagaba ibitero. Umwuka mubi ku mupaka […]