Rwamagana/Kigabiro: Barataka gusenyerwa n’amazi ya ruhurura
Abaturage batuye mu Murenge wa Kigabiro bavuga ko babangamiwe n’amazi aturuka muri ruhurura yacukuwe ariko ntitunganywe, ntibahabwe ingurane z’ibyabo yangiza kugeza ubwo bavuga ko bari mu buzima bubagoye. Uwamahoro Chantal , utuye mu mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Cyanya mu murenge avuga ko basenyewe n’amazi yaturutse muri Ruhurura yacukuwe ariko ntikorwe. Aganira Bwiza.com yatangiye […]
Ibihumbi by’Abanya-Centrafrica bakomeje guhungira mu bihugu by’abaturanyi
Abaturage bo muri Repubulika ya Centrafrica bakomeje guhungira mu bihugu by’abaturanyi kuva mbere y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 27 Ukuboza 2020. Impamvu ituma bahunga nk’uko Umuryango Mpuzamahanga wita ku mpunzi (HCR) ubivuga ni ibibazo by’umutekano muke uterwa n’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi, ikomeje kugaba ibitero mu bice bitandukanye by’igihugu. Radio Okapi ikorera muri Repubulika […]
Uturere dushobora kujya muri guma mu Rugo, Tanzania nifunga hazahomba nde ?-HIRYA NO HINO
Ubushumba, umushinga ubyara inyungu bwite kuri bene wo
Abantu bakuru cyangwa abantu babaye ahantu hari ubworozi bazi neza abashumba abo ari bo. Umushumba asobanurwa nk’umuyobozi cyangwa uragiye umukumbi cyangwa se ubushyo ariko muri iyi nyandiko ntitugiye kuvuga ku bashumba b’amatungo ahubwo turavuga ku bitwa abashumba bayobora abantu mu nzira y’iyobokamana (pastors, Bishops, abapadiri n’abandi….) Tubanje kwifashisha urugero rw’ubushumba bw’amatungo twabonye haruguru, reka turebere […]
Abagabo ntitukabite imbwa kuko zirabaruta- Umugore yandika kuri Twitter

Umugore utamenyekanye amazina ye ya nyayo ariko ukoresha konti ya @mariiamariiee kuri Twitter yakuruye impaka ubwo yavugaga ko abagabo badakwiriye kwitwa imbwa kuko ari nziza kubarusha. Uyu wumvikanishaga ko gutuka abagabo ko ari imbwa ahubwo kwaba ari ukubaha icyubahiro, yagize ati ” Dukeneye kureka kuvuga ko abagabo ari imbwa. Icyo ni igitutsi ku mbwa. Imbwa […]
Mashami Vincent yarahiriye kwataka Togo ku kabi n’akeza
Umutoza w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Mashami Vincent, yarahiriye kwataka Togo mu mukino wa nyuma wo mu tsinda C izahuriramo n’Amavubi ku munsi w’ejo. Amavubi ari ku mwanya wa gatatu mu tsinda n’amanota abiri, arasabwa gutsinda Togo iyarusha inota rimwe ku kabi n’akeza kugira ngo agire amanota atanu azahita ayahesha itike ya 1/4 cy’irangiza. Amavubi ntiyashoboye kwinjiza […]
Bidasubirwaho Frank Lampard yirukanwe na Chelsea
Ikipe ya Chelsea yemeje ko yamaze kwirukana Umwongereza Frank Lampard wari umutoza wayo mukuru, kubera umusaruro mubi. Chelsea ku rubuga rwayo yavuze ko gufata icyemezo cyo kwirukana Lampard atari ibintu byoroshye, gusa igaragaza ko umusaruro yagezeho iri mu biganza we atari wo yari yiteze. Umuherwe wa Chelsea Roman Abramovic yavuze ko “Iki ni icyemezo cyakomereye […]
Urutonde rwa shampiyona 10 zikomeye muri Afurika

Ikigo cyitwa International Football Federation History and Statistics (IFFHS) yashyize hanze urutonde rwa shampiyona nziza muri Afurika mu mupira w’amaguru aho iza hafi mu karere u Rwanda rurimo ari iya Tanzania iri ku mwanya wa munani n’ uwa 71 ku Isi. Dore uko izi shampiyona zikurikirana ku mugabane wa Afurika: IFFHS ikurikirana ikanabika amateka n’ibikorwa […]
Ubwuzu ku maso ya Diamond wongeye kubonana n’umwana yabyaranye na Tannasha (Amafoto)

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz, yagaragaje ubwuzu nyuma yo kongera kubonana na Naseeb Abdul Juma yabyaranye n’Umunyakenyakazi, Tanasha Donna. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Tanasha n’umwana we babonanye n’umuhanzi Diamond, nyuma y’igihe kigera ku mwaka batandukanye. Diamond na Tannasha batandukanye muri Gashyantare umwaka ushize, bitewe n’uko uriya mugore yashinjaga uwahoze […]
Minisitiri Ilunga yabanje gusanga Kabila i Lubumbashi mbere yo kwegura
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Sylvestre Ilunga Ilunkamba, kuri uyu wa 24 Mutarama 2021 yasanze Joseph Kabila mu mujyi wa Lubumbashi mbere y’uko yegura kuri izi nshingano. Ni amakuru Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa RDC byemeje yakurikiye itora ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko ryabonetsemo ubwiganze bw’amajwi asaba kwegura Ilunga usanzwe ari umuyoboke w’ihuriro […]