VIDEO: Umwuka wa Kizito uri kuzerera mu madini n’amatorero, Arashinja abapasiteri kureberara abantu bashira
Nyamagabe: Barasaba leta kwita ku Mugezi wa Muzirantwago wuzura ukabangiriza imirima

Abaturage bo mu Murenge wa Mbazi ho mu Karere ka Nyamagabe bahinga mu mubande unyurwamo n’Umugezi wa Muzirantwago baratabaza Leta ngo ibakorere umuyoboro w’amazi kuko abangiriza imyaka n’imirima iyo wuzuye bikabatera ubukene. Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mbazi ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com muri iki cyumweru ubwo yageraga mu kabande […]
Urwego rw’Umuvunyi rurahamagarira abaturage gusobanukirwa n’amategeko abarengera

Mu bukangurambaga bwo gukumira no kurwanya akarengane na ruswa bwakozwe n’Urwego rw’Umuvunyi mu ntara y’amajyaruguru n’iy’Uburengerazuba kuva ku itariki 22 kugeza ku ya 25 Gashyantare 2021, mu kiganiro bagiriye kuri radiyo y’abaturage, Umuvunyi Mukuru, Madamu Nirere Madeleine, ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, yahamagariye abaturage gutanga amakuru kuri ruswa n’akarengane ndetse bakanamenya amategeko abarengera kuko […]
RDC: FARDC yikomye FDLR ishinja gushaka kuyiteranya n’abaturage
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyamaganye ubutumwa kivuga ko buri gukwirakwizwa n’umutwe wa FDLR isebya bamwe mu basirikare bakuru bari mu bikorwa bya Sokola 2 muri Kivu y’Amajyaruguru. Izi nyeshyamba z’Abanyarwanda zimaze imyaka isaga 26 mu burasirazuba bwa Congo, zivuga ko bamwe mu bayobozi ba FARDC bakorana n’imitwe y’inyeshyamba iteza umutekano mucye […]
Ab’imbere mu myigaragambyo y’ i Gakoni bazagezwa mu butabera
Minisiteri y’ Uburezi ivuga ko ishuri ry’Abadivantisiti rya Gakoni riherutse gufungwa bitewe n’imyigaragambyo y’abanyeshuri, rizafungurwa mu cyumweru gitaha ariko hari bamwe bazaba badahari kuko bafashwe na polisi, bakaba bazagezwa mu butabera kubera ibyo bakoze. Dr. Valentine Uwamariya, mu kiganiro kuri KT Radio cyitwa Ubyumva Ute yavuze ko iri shuri riri mu Karere ka Gatsibo rizongera […]
EAC yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya wasimbuye Umurundi ucyuye igihe
Umunya-Kenya Peter Mathuki ni we wemejwe nk’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), asimbuye Umurundi, Libérat Mfumukeko, usoje manda ye. Mathuki wari usanzwe ari Umuyobozi mukuru w’Inama y’Ubucuruzi ya EAC, yemerejwe mu nama ya 21 y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yayobowe na Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Usibye kwemeza Umunyamabanga Mukuru mushya, abakuru b’ibihugu baraniga kandi […]
EAC: Perezida Kagame yayoboye Inama yitabiriwe n’abarimo Museveni na Ndayishimiye
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama ya 21 y’Abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Ni inama yitezwemo kwemerezwamo Umunyamabanga Mushya w’uyu Muryango usimbura Umurundi, Libérat Mfumukeko, usoje manda ye. Iyi nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus gikomeje koreka Isi. Perezida […]
Senateri Evode yavuze uko yageze mu Rwanda, abamubonye bagakizwa n’amaguru
Senateri Evode Uwizeyimana, avuga ko akigaruka mu Rwanda yakiriwe nka Osama Bin Laden, ku buryo n’uwo bari baziranye wamubonaga yahitagamo gukizwa n’amaguru. Senateri Uwizeyimana w’imyaka 50 y’amavuko, yavuye mu Rwanda mu mwaka wa 2007 yerekeza i Montreal ho muri Canada, ahahurira n’abarimo Paul Rusesabagina na Faustin Twagiramungu batangira gukorana. Nyuma yo kuva mu Rwanda aho […]
Zimbabwe: Abakora mu buvuzi bari gutinya gufata urukingo rwa Covid-19
Kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’abaforomo muri Zimbabwe ryatangaje ko abakozi b’ubuvuzi banze gufata inkingo za Covid-19, bavuga ko nta bisobanuro bifatika byerekana niba zirinda ubwoko bw’iyi virusi bwagaragaye muri Afurika yepfo. Ku ya 18 Gashyantare, Zimbabwe yatangiye ibikorwa byo gukingira ikoresheje inkingo zakozwe n’ikigo Sinopharm cyo mu Bushinwa, iba igihugu cya mbere muri Afurika […]
Hafashwe urwandiko rw’umugambi wo gutoroka kwa Rusesabagina
Mu mashusho Al Jazeera yatambukije kuri uyu wa Gatanu, yagaragaje Minisitiri w’Ubutabera w’ u Rwanda, Johnston Busingye aganira n’abajyanama be mu buryo bw’ikoranabuhanga, avuga ko hari uburyo bukoreshwa mu kumenya ibirimo kubera muri gereza, haba mu nyandiko ziteganywa n’amategeko. Kuri iyi ngingo, yatanze urugero ku nyandiko yafatanywe Paul Rusesabagina, yavugaga uburyo ngo yashoboraga gutoroka gereza. […]