Hari benshi nakabaye narishe kuko bandakazaga_Museveni

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yahakanye ko ishyaka rye rya NRM rijya ryikiza abo batajya imbizi, avuga ko iyo biza kuba ari byo hari benshi bagiye bamurakaza yakabaye yarishe. Museveni yabigarutseho kuri uyu wa Kane, nyuma y’iminsi mike Gen Katumba Wamala usanzwe ari Minisitiri wa Uganda w’Umurimo n’Ubwikorezi arashwe n’abagizi ba nabi, gusa Imana […]

Kera kabaye Mukura VS yabonye amanota 3 ya mbere muri Shampiyona

Ikipe ya Mukura victory sports et Loisirs, nyuma yo kwirukana umutoza wayo mukuru Rodolfo Zapata yabashije kubona amanota atatu ya mbere muri shampiyona, nyuma yo gutsinda Etincelles FC igitego 1-0. Hari mu mukino wo guhatanira kuguma mu kiciro cya mbere iyi kipe yari yakiriyemo Etincelles kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Ni umukino watangiye amakipe yombi […]

Nyamagabe: Polisi yafashe uwari umaze kwiba 400,000 Frw yifashishije ikoranabuhanga

img-20210610-wa0036_1.jpg

Saa tatu z’igitondo ni bwo polisi y’ugihugu ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi umusore witwa Ndizeye Jean Claude imukuye mu modoka ya Agence ya OMEGA itwara abagenzi yavaga mu mujyi wa Rusizi yerekeza i Kigali nyuma yo gufatanwa igipfunyika cy’amafaranga 400,000 yari yibye umu agent wa MTN witwa Ndwaniye Emmanuel ukorera ku isoko […]

Burundi: Kumva VOA na Radiyo zo mu Rwanda bisaba kwihisha

Abatuye mu giturage cya Kididiri ho muri Zone ya Mihigo mu ntara ya Ngozi iherereye mu majyaruguru y’u Burundi, babujijwe kongera kumva Radiyo ijwi rya Amerika n’amaradiyo yo mu Rwanda. Ni itegeko ryatanzwe n’umutware wa kariya gace cyo kimwe n’abayobozi bo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi. SOS Médias Burundi dukesha iyi nkuru […]

Rwabuze gica hagati ya Rayon Sports na Police FC

Umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona wahuzaga Rayon Sports na Police FC, warangiye amakipe yombi aguye miswi igitego 1-1. Police FC yatangiye igice cya mbere isatira cyane ni yo yabanje gufungura amazamu ibifashijwemo na Sibomana Patrick bita Papy, mbere y’uko Rayon Sports yishyura iki gitego ibifashijwemo na Héritier Luvumbu kuri penaliti. Ni ibitego byombi byinjiye […]

U Bubiligi: Abadepite basabye guverinoma kuganira n’u Rwanda uko Rusesabagina yacyurwa

Kuri uyu wa kabiri ushize,itariki 08 Kamena 2021, Komite ishinzwe Ububanyi n’Amahanga y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bubiligi yemeje icyifuzo cy’umwanzuro wa Els Van Hoof, Perezida w’ishyaka Christen-Democratisch en Vlaams (CD&V ) gisaba guverinoma gutangiza ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye no gucyura Paul Rusesabagina (ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi), ubu uburanishwa i Kigali. Bwana Rusesabagina, […]

Umugore yakangutse nyuma y’amezi 10 ari muri koma

Umugore wo mu Butaliyani, Cristina Rosi, yavuye muri koma (coma) inyuma y’amezi 10, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu. Uyu w’imyaka 37, yari yagize ikibazo cy’umutima muri Nyakanga 2020. Uyu yaje kubyara abazwe bikekwa ko ubwonko bwe bwononekaye. Umugabo we, Gabriele Succi yavuze ko umugore we yakangutse avuga ngo ” mama”. Succi yabwiye ikinyamakuru […]

APR FC yihanije Bugesera FC, yuzuza imikino 31 yikurikiranya idatsindwa

Ikipe ya APR FC yatsinze Bugesera FC ibitego 3-0, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wabaye ku manywa yo kuri uyu wa Kane. Ni shampiyona yari yasubukuwe nyuma y’ibyumweru bigera kuri bibiri itaba, kubera akaruhuko k’ikipe y’igihugu Amavubi. Bugesera FC na APR FC zari zahuriye kuri Stade y’i Nyamata, mu mukino […]

Bizageraho gukubita umwana muzajya mwaka uruhushya-Minisitiri

Minisitiri w’Ubuzima, Iterambere ry’umuryango, uburinganire, abana n’abakuze muri Tanzania, Dr Doroth Gwajima avuga ko uburengenzira bw’umwana bugomba kubahwa kugeza ubwo umubyeyi azajya ajya kumukubita, agasaba uburenganzira. Ibi yabivugiye mu kiganiro n’abanyamakuru mu Mujyi wa Dodoma ku kwizihiza umunsi mukuru w’umwana w’umunyafrika wizihizwa kuwa 16 Kamena buri mwaka. Dr Gwajima yavuze ko hazajyaho ikigo cy’igihugu kirengera […]

Ibiciro by’ubwishingizi byikubye hafi gatatu, abamotari baratakamba

Abamotari bakorera mu Rwanda baratakamba nyuma y’aho ibigo bishinzwe ubwishingizi bizamuye ibiciro ku bwishingizi bw’impanuka muri Gicurasi 2021, bikabikuba inshuro hafi eshatu mu buryo bavuga ko budasobanutse. Aba bamotari bavuga ko moto imwe imaze igihe kiri hagati y’amezi atandatu n’imyaka yishyuzwaga ubwishingizi bw’amafaranga y’u Rwanda (Frw) 61,666 ku mwaka, ubu ikaba isigaye yishyuzwa 166,220 Frw. […]