Nyamasheke: Imwe mu nyubako z’ibitaro bya Bushenge yafashwe n’inkongi y’umuriro

Twa kizimyamoto twifashishijwe ntitwashoboye guhangana n'iyi nkongi kugeza ubwo hifashishijwe iyaturutse ku kibuga cy'indage cya Kamembe.

Mu ma saa kenda n’igice z’urukerera zo kuri uyu wa 12 Kamena ni bwo mu bitaro bya Bushenge biri mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke inyubako irimo imashini itwikirwamo imyanda yafashwe n’inkongi y’umuriro n’ubu ubuyobozi bw’ibitaro buvuga ko butazi neza icyaiteye, itwika bikomeye iyo mashini irakongoka,n’ibindi byumba byarimo imyanda yari itegereje gutwikwa birashya,ku […]

Mabayi: Imbonerakure n’abayobozi bakekwaho gukorana n’abitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda, bafashwe

Abashinzwe umutekano mu Burundi barashakisha abakorana n’abitwaje intwara bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bamaze iminsi bavugwa mu ishyamba rya Kibira, ahaherera muri Komini Mabayi mu Ntara ya Cibitoke. Mu bakekwa baherutse gufatwa harimo abayobozi babiri b’imidugudu wa Gafumbegeti na Rutorero, abasore batatu b’Imbonerakure n’abaturage 9 bo muri Zone ya Butahana, nk’uko urubuga SOS rwo mu Burundi rwabitangaje. […]

Ibihano biteganyirijwe uwagirira urugomo Perezida w’u Rwanda n’abandi bayobozi

Tariki ya 14 Ukuboza 2008 umunyamakuru w’umunya-Iraq witwa Muntadhar al-Zaidi yaciye igikuba ubwo yateraga inkweto George W. Bush wari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru mu mujyi wa Baghdad. Al-Zaidi yahise atabwa muri yombi n’abashinzwe umutekano, ndetse bivugwa ko yahakomerekeye ubwo yajyanwaga gufungwa. Urukiko rwamukatiye igifungo cy’imyaka 3, rurakigabanya […]

Dore amazina y’utubyiniriro y’abaperezida bo muri Afurika amwe adakunze kuvugirwa mu ruhame

Perezida nk’umwe mu bategetsi bakuru b’igihugu, akurikiranirwa hafi n’abaturage baba ab’igihugu cye cyangwa abandi. Kubera akazi bakoze mbere yo kwicara muri iyo ntebe yo hejuru, uko bakora akazi kabo n’izindi mpamvu, bamwe mu bakuru b’ibihugu muri Afurika bagiye bahabwa utuzina tw’utubyiniriro. Rimwe na rimwe utwo tuzina turasebeje, rubanda akenshi ntikunda kutuvuga mu ruhame, dore ko […]

Amafoto: Perezida Tshisekedi n’umufasha baraye i Goma

tsh3.jpg

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi n’umufasha we, Denise Nyakeru, kiri uyu wa 12 Kamena 2021 baraye mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko ibiro bya Perezida wa RDC byabitangaje, aba bombi bagiye gusura abagizweho ingaruka n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye tariki ya 22 Gicurasi 2021. Biteganyijwe ko […]