Eddy Kenzo ‘yateye inda’ umukobwa w’umuherwe ukorera mu Rwanda
Hari amakuru ko umuhanzi Eddy Kenzo yamaze gutera inda umukobwa wa nyiri Azam witwa Bellinda Myra Bhakresa bakundanye muri iki gihe. Amakuru ava mu nshuti za hafi za Myra, uyu atwite inda y’amezi atanu, akaba yiteguye kubyarira Eddy Kenzo. Ikinyamakuru CelebPatrol cyo cyemeza ko ayo makuru ari impamo 100%. Impande zombi nta n’umwe uragira icyo […]
Ntwari Fiacre yateye umugongo Marines FC na APR FC yifuzaga kumugarura
Umunyezamu Ntwari Fiacre wakiniraga Marines FC nk’intizanyo ya APR FC, yamaze gutandukana na yo yerekeza mu kipe ya AS Kigali. AS Kigali yaguze amasezerano y’umwaka umwe uriya munyezamu yari asigaranye muri Marines FC, imutangaho Frw miliyoni umunani. Amakuru avuga ko mu mafaranga uyu munyezamu yaguzwe yahayemo APR FC Frw miliyoni enye, mu rwego rwo kuyishyura […]
Rusizi: Mu murima w’umuturage hataburuwe imbunda irimo amasasu
Mu murima w’uwitwa Uwamurengeye Manasseh w’imyaka 51 ,utuye mu mudugudu wa Cyirabyo B,akagari ka Gahinga mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi, ubwo abasore 3 b’uyu mugabo bahingaga, umwe yakubise isuka azamura imbunda yo mu bwoko bwa Sirfording ,bikavugwa ko bishoboka ko yari ihatabwe vuba kuko bari basaruye imyaka muri uwo murima, batari barigeze […]
Tuzakorana n’u Burundi ibyo twakoranye n’u Rwanda na Uganda_Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yatangaje ko ateganya gukorana n’u Burundi ibisa n’ibyo yakoranye n’ibihugu by’u Rwanda na Uganda mu minsi yashize. Tshisekedi yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 13 Nyakanga, ubwo yahuriraga na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye i Kinshasa, aho ari kugirira uruzinduko rw’iminsi itatu asoza kuri […]
Minembwe: Imitwe yitwaje intwaro yahuje imbaraga
Ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri uyu wa 12 Nyakanga 2021 zatangaje ko mu misozi ya Minembwe muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo havutse ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro. Umuvugizi w’izi ngabo, Gen. Maj. Léon-Richard Kasonga mu itangazo yashyizeho umukono uyu munsi, yavuze ko iri huriro ryitwa MFRD (Mouvement Féderal pour […]
Afurika y’Epfo: Abapfa bakomeje kwiyongera kubera ifungwa rya Zuma
Umubare w’abamaze gupfa muri Afurika y’epfo wazamutse ugera ku bantu 72, mu gihe urugomo rwibasiye ibice bimwe by’igihugu nyuma y’ifungwa ry’uwahoze ari Perezida Jacob Zuma. Abo barimo 10 biciwe mu mubyigano ku wa mbere nijoro ubwo habaga isahura mu gace k’ubucuruzi k’i Soweto. BBC yafashe amashusho y’umwana ujugunywa aturutse mu nzu yo mu mujyi wa […]