Mutsinzi Ange yagiye kugeragezwa mu kipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi

Myugariro Mutsinzi Ange Jimmy wakiniraga APR FC, yerekeje ku mugabane w’u Burayi ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri aho yerekeje mu gihugu cy’Ububiligi mu igeragezwa mu ikipe ya Oud – Heverlee Leuven yo mu cyiciro cya mbere. Oud – Heverlee Leuven ni ikipe yashinzwe muri 2002, yambara amabara y’icyatsi n’umweru iyo ikinira mu rugo, […]

Umugaba Mukuru w’Ingabo za FAA ari mu Rwanda (Amafoto)

img_20210727_194426.jpg

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Angola (FAA), Gen António Egídio de Sousa Santos, ari hano mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi agomba kumaramo iminsi itanu. Gen Santos ari hano mu Rwanda kuva ejo ku wa Mbere tariki ya 26 Nyakanga, akazasoza uruzinduko rwe ku wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga nk’uko Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yabitangaje ku […]

Karasira yakatiwe iminsi 30

Urukiko rw’ibanze mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi. Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha. Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi bwo mu mutwe, umucamanza yavuze ko Karasira aregwa ibyaha bikomeye kandi nta cyerekana ko yabikoze […]

Mozambique: Ingabo za RDF zishe ibindi byihebe 26, zifata mpiri bibiri

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique aho ziri gufasha iza kiriya gihugu guhashya imitwe y’iterabwoba, ku wa Gatanu w’icyumweru gishize zishe ibyihebe 26 byo mu mutwe wa Islamic State. Ni mu bitero byo guhashya uriya mutwe ingabo za RDF zagabye mu mudugudu wa Mandela mu gace ka Muidumbe, ho mu ntara ya Cabo Delgado mu […]

Abakora ibyaha bagahungira ubutabera muri Malawi ibyabo byasubiwemo

Abanyarwanda bakoze ibyaha bitandukanye bagahungira muri Malawi cyangwa abashakishwa n’ubutabera bahahungiye ibyabo bigiye gusubirwamo nyuma y’aho kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Nyakanga ibihugu byombi bishyiriye umukono ku masezerano yo guhererekanya abanyabyaha mu muhango wari uhagarariwe n’Umukuru w’Igipolisi cy’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, wari mu ruzinduko rw’icyumweru muri iki gihugu, na mugenzi we, Dr George […]

CECAFA U-23: U Burundi bwatsinze Kenya bugera ku mukino wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’u Burundi y’abatarengeje imyaka 23, yageze ku mukino wa nyuma wa CECAFA y’abatarengeje iriya myaka isezereye Kenya kuri penaliti 4-2. Ni nyuma y’uko amakipe yombi yari yaguye miswi 0-0 mu mukino wa 1/2 cy’irangiza cya ririya rushanwa riri kubera mu gihugu cya Ethiopia. Amavubi y’u Rwanda yagombaga kwitabira ririya rushanwa gusa abireka ku […]

Juno Kizigenza na Bruce Melodie baciye bugufi imbere ya Meddy bashinjwe kugirira ishyari

Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melodie bagaragaje ukwicisha bugufi imbere ya Meddy, nyuma yo gushinjwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kumugirira ishyari kubera ibyo ari kugeraho. Bruce Melodie yashinjwe kugirira Meddy ishyari kubera amagambo yamuvuzeho mu minsi yashize avuga ko we na The Ben ari “abanebwe bakora akaririmbo kamwe mu mwaka”, ndetse ko ntacyo bamurusha. Juno Kizigenza […]

Bill Gates wahanuye Covid-19, aravuga ko Isi ikwiye kwitegura ikindi cyorezo, Isi yaba iri mu kagambane?

Mu gihe icyorezon cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira mu Isi yose ari nako kigenda kihinduranya gihitana abatari bacye, abanyapolitiki n’abatuye Isi bakomeje gutangazwa n’ukuntu gikomeje guhagarika ubukungu bw’Isi cyuzuza ibitaro kugeza ubwo bimwe birengerwa ari ko gihindura ubuzima bwa buri munsi bw’abatuye Isi, nyamara umuherwe Bill Gates wari wagihanuye mu 2015 yongeye guhanura ko Isi ikwiye […]

Bataye isanduku ku bitaro bya Mulago bivugwa ko irimo umurambo ngo minisitiri yegure

Abaganga n’abaturage begereye Ibitaro bya Mulago mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Nyakanga baguye mu kantu ubwo babyukaga bagasanga isanduku yagenewe gushyingurwamo abana bikekwa ko irimo umurambo, iri mu muhanda rwagati ugana ku bitaro. Ibinyamakuru muri Uganda bivuga ko aba bantu bataramenyekana bakoze ibi mu kwigaragambya banga ko uwitwa Dr. Diana Atwiine yagarutse muri […]