Cabo Delgado: Ibyihebe 15 byarambitse intwaro hasi, byishyikiriza ingabo
Abarwanyi 15 bo mu mutwe witwaje intwaro umaze igihe warayogoje igihugu cya Mozambique, baheruka kurambika hasi intwaro bishyikiriza inzego za gisirikare n’izishinzwe umutekano mu karere ka Macomia ho mu ntara ya Cabo Delgado. Amakuru avuga ko aba barwanyi mbere yo kuyamanika bari muri kimwe mu birindiro byabo biherereye mu gace ka Quiterajo muri Macomia. Ikinyamakuru […]
Carine wa Rusesabagina yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano
Umukobwa wa Paul Rusesabagina, Carine Kanimba yasabye amahanga arimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi, EU, gufatira u Rwanda ibihano mu gihe se yaba ahamijwe ibyaha by’iterabwoba akurikiranweho, agakatirwa. Ni mu gihe kuri uyu wa 20 Nzeri 2021 Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwari rugiye gusoma urubanza rwa Rusesabagina […]
Isomwa ry’urubanza Me MHAYIMANA Isaïe aburana n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda ryasubitswe
Kuri uyu wa 20 Nzeri, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, hasubitswe isomwa ry’urubanza Avoka MHAYIMANA arega Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda kubwo kumurenganya mu byemezo yafatiwe na Komite yarwo ishinzwe imyitwarire , aho hari gutangazwa imyanzuro ku nzitizi zari zagaragajwe n’ababuranyi tariki ya 13 Nzeri , 2021. Nkuko bigaragara mu nyandiko yasinyweho n’inteko y’abacamanza […]
Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
Urukiko Rukuru, urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, kuri uyu wa 20 Nzeri 2021 rwakatiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu Angelina Mukandutiye warangizaga igifungo cya burundu. Ni nyuma y’aho Ubushinjacyaha busabiye uyu mukecuru w’imyaka 70 y’amavuko igifungo cy’imyaka 20, bumushinja kuba mu mutwe w’iterabwoba. Iki cyaha urukiko rwakimuhamije rushingiye ku kuba yarakoranye n’abayobozi bakuru mu mutwe […]
Aya makuru nta gaciro akwiye guhabwa kuko ari ibinyoma_APR FC kuri Eto’o na Adil
Ikipe ya APR FC yanyomoje amakuru avuga ko yamaze kwirunaka Mupenzi Eto’o ushinzwe kuyigurira na kuyigurishiriza abakinnyi no gusimbuza Mohamed Adil Erradi usanzwe ari umutoza wayo mukuru, ivuga ko aya amakuru ari ‘ibinyoma bidakwiye guhabwa agaciro.” Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere hiriwe hacicikana amakuru avuga ko iyi kipe y’Ingabo z’igihugu yamaze kwirukana Eto’o, […]
ABS bazanye imiti yica udukoko twazengereje abantu mu nzu , amasuku ku ntebe,Tapis n’amakaro bigasubirana ubushya

Amarissa Business system Ltd (ABS) ni Kompanyi ikora ibikorwa by’isuku n’isukura yiyemeje gufasha abanyarwanda muri serivisi zinoze zo kubafasha gusukura aho baba no gutera imiti mu nzu yica udukoko dutandukanye , mu busitani no muri za pisine, koza intebe zo mu nzu, tapis, amakaro ndetse no guhanagura ibirahure by’amazu bikongera bigasubirana ubushyashya bwabyo. Semigabo Charles […]
Paul Rusesabagina yakatiwe gufungwa imyaka 25, Nsabimana Callixte ‘Sankara’ akatirwa 20
Urukiko kuri uyu wa Mbere rwakatiye Paul Rusesabagina igifungo cy’imyaka 25 na ho Nsabimana Callixte Sankara rumukatira imyaka 20, nyuma yo kubahamya ibyaha bitandukanye bifitanye isano n’iterabwoba. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri ni bwo hasomwe umwanzuro w’urubanza rwaregwagamo Rusesabagina na bagenzi be 19 barimo Nsabimana Callxte Sankara na Nsengimana Herman bombi bahoze […]
Uko byagenze ngo umugore yishimire akabariro yatewe n’umujura wamufashe ku ngufu umugabo we bikamutera gusaba gatanya
Umugore uri mu kigero cy’imyaka 30 uvuga yitwa Janet, ku mbuga nkoranyambaga yavuze uko bwa mbere kuva yashaka, yasambanyijwe ku ngufu n’umujura, akamushimisha bikomeye, umugabo we wabirebaga, agahitamo guhita asaba ko batandukana. Janet avuga ko afite abana babiri, atigeze asambana mbere yo kubana n’umugabo we, yari isugi kandi ntacyo byari bimutwaye kugeza ubwo yabonye indi […]
Ruswa ivugwa mu nzego z’ubutabera, gutinza imanza, ubucucike mu magereza- Ibitegereje Minisitiri mushya w’ubutabera
Ubutabera ni inkingi ya mwamba mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa kuko iyo butanzwe bugira umumaro ukomeye mu iterambere ry’Igihugu, amahoro, n’uburenganzira bwa muntu bigatuma abaturage batekana kuko baba bumva bakingiwe n’amategeko, ariko mu butabera bw’u Rwanda haracyavugwa ibibazo nk’ibya ruswa, gutinza imanza n’ubucucike mu magereza bitegereje minisitiri mushya w’ubutabera, Dr Emmanuel Ugirashebuja Ruswa […]
Urukiko rwasanze Rusesabagina ahamwa n’ibyaha yari akurikiranweho
Mu gihe hategerejwe umwanzuro w’urukiko kuri uyu wa 20 Nzeri 2021, Urukiko Rukuru rwasanze Paul Rusesabagina ahamwa n’icyaha cyo kuba mu itsinda ryagize uruhare mu bitero by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda hagati ya 2018 na 2019. Rusesabagina na bagenzi be bagera kuri 20 baregwa ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda, […]