Umunsi w’ubukwe bw’umunyamakuru MC Hero n’umukunzi we wamenyekanye

heroruth.jpg

Umunsi w’ubukwe bw’umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ibitaramo n’ibirori, Gasore Albert uzwi nka MC Hero n’umukunzi we Tuyisingize Ruth (Garu) wamenyekanye nyuma y’aho kuri uyu wa 16 Mutarama 2022 bashyizwe mu gitabo cy’abitegura kurushinga mu itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa 7 rya Gahogo riri mu Karere ka Muhanga. Nk’uko iri torero ryabyemeje, MC Hero na Ruth bazasezeranira imbere […]

Rwamagana: Meya avuga ko umusore warashwe yakomerekeje umusirikare

img-20220116-wa0084.jpg

Mu gitondo cyo kucyumweru kuwa 16 Mutarama 2022, ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana buri kumwe n’inzego z’umutekano basuye abaturage batuye mu tugari twa Ntunga mu murenge wa Mwulire n’akagari ka Cyimbazi mu murenge wa Munyiginya basaba urubyiruko kwirinda ibikorwa by’ubujura bikorwa n’insoresore zurira amakamyo zikiba ibyo apakiye. Iyi gahunda yo gusura abaturage baturiye agasantire ka Ntunga […]

Abarwanya Afande Kagame bararwanya umuryango wanjye_Gen. Kainerugaba

muhoozikagame.png

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko abarwanyi Perezida Paul Kagame w’u Rwanda ari abanzi b’umuryango wabo. Bigaragarira mu butumwa uyu musirikare amaze gushyira ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 16 Mutarama 2021 ‘bwihanangiriza’ abarwanya Umukuru w’Igihugu. Gen. Kainerugaba yashyize amafoto abiri […]

APR FC y’abakinnyi 10 inganyije na Kiyovu Sports

Ikipe ya APR FC inganyije na Kiyovu Sports ubusa ku bundi (0-0) mu mukino wa shamiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere wabereye kuri sitade ya Kigali, i Nyamirambo kuri uyu wa 16 Mutarama 2022. Umukino watangiye amakipe yombi ubona akina yitonze ari kwigana, ahanahana umupira neza cyane. Yaje kotsanya igitutu, ahusha uburyo […]

Novak Djokovic yirukanwe muri Australia adakinnye nyuma yo gutsindwa urubanza ku kwikingiza

Umukinnyi wa Tennis w’Umunyaseribiya ari nawe numero ya mbere ku Isi kugeza ubu, Novak Djokovic, yirukanywe muri Australia nyuma yo gutsindwa n’urubanza rwa nyuma rwo kuguma muri iki gihugu. Abacamanza banze imbogamizi zatanzwe n’uyu mukinnyi wa tennis wanze kwikingiza covid-19 nyuma y’uko guverinoma ihagaritse visa ye ku mpamvu z’ubuzima. Djokovic yavuze ko “yatengushywe cyane” ariko […]

Mali: IBK wahiritswe n’igisirikare kiri ku butegetsi yapfuye

Kassoum Tapo wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Mali yatangaje ko Ibrahim Boubacar Keita (IBK) wahiritse n’abasirikare bari ku butegetsi bayobowe na Colonel Assimi Goïta yapfuye. Nk’uko Tapo yabibwiye ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, IBK yapfiriye mu murwa mukuru wa Mali, Bamako kuri uyu wa 16 Mutarama 2022, gusa impamvu y’urupfu rwe ntiyayitangaje. Aya makuru kandi yemejwe n’umwe […]

RDC: Abashinwa 3 birukanwe ku butaka bwa Congo undi aburirwa irengero

Ku wa Gatanu ushize, itariki ya 14 Mutarama 2022, Abashinwa batatu muri bane birukanwe n’ubuyobozi bukuru bw’abinjira n’abasohoka (DGM), bufite icyicaro i Lubumbashi, ku butaka bw’igihugu cya Reopubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko byatangajwe na serivisi ishinzwe itumanaho ya DGM ivugana na 7SUR7.CD kuri iki cyumweru, itariki ya 16 Mutarama 2022, aba Bashinwa basubijwe iwabo […]

Umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia yakomerekeye mu gitero cy’ubwiyahuzi

Umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia kuri iki Cyumweru yakomerekeye mu iturika ry’igisasu cyaturikijwe n’umwiyahuzi wari wakiziritseho mu murwa mukuru, Mogadishu nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Somalia. Abari aho igisasu cyaturikiye bavuga ko babonye ibice by’imibiri y’abantu hasi hanze y’inzu ya Mohamed Ibrahim Moalimuu, wahise wihutanwa kwa muganga. Ibiro Ntaramakuru bya Somalia kuri twitter byavuze ko […]

U Rwanda rwaba rwaranze doze 250,000 z’inkingo rwari rwemerewe na Denmark

Bivugwa ko Guverinoma y’u Rwanda yaba yaranze doze 250,000 z’inkingo z’icyorezo cya Covid-19 rwari rwaremerewe n’iya Denmark mu mwaka ushize. Mu Kwakira 2021 ni bwo Minisitiri wa Denmark ushinzwe ubutwererane n’iterambere, Flemming Møller Mortensen, yatangaje ko Guverinoma yabo yari yaremereye u Rwanda doze 250,000 z’inkingo za Johnson & Johnson mu rwego rwo kurushyigikira mu rugamba […]

Kampala: Abasirikare barashe umupolisi wari ujyanye imodoka yabo yakoze impanuka

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, umupolisi yarashwe n’ abakekwaho kuba Ingabo za Uganda (UPDF) bagerageje kubuza abapolisi gupakira imodoka ya gisirikare yagize impanuka muri Ntinda, Kampala. Amakuru yatangajwe na Daily Monitor avuga ko umupolisi, Robert Mukebezi, yari yicaye iruhande rw’umushoferi w’ikamyo ya Breakdown yari ikururiye imodoka ya gisirikare ya Toyota Prado TX yari imaze […]