Umunyamakuru MC Hero yashyingiwe, ubukwe bwitabirwa n’ibyamamare (Amafoto)

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Gasore Albert wamamaye nka MC Hero, hamwe n’umukunzi we Tuyisingize Ruth, basezeraniye imbere y’Imana, mu bukwe bwitabiriwe n’ibyamamare byiganjemo ibyo mu mwuga w’itangazamakuru. MC Hero na Ruth basezeraniye mu rusengero rw’itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa 7 rwa Gahogo, ruherereye mu Karere ka Muhanga, kuri uyu wa 20 Werurwe 2022. Ubu bukwe bwabanjirijwe n’umuhango […]

Urukiko rwateye utwatsi ikirego cy’umunyemari Mudenge

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere rwemeje ko ikirego cya Mudenge Emmanuel nta shingiro gifite, rwemeje ko Mudenge Emmanuel adafunzwe mu buryo bunyuranije n’amategeko. Umucamanza yategetse ko akomeza gufungwa akazarindira kuburana mu mizi. Umucamanza yavuze ko bitari ngombwa ko SP Uwayezu Augustin uyobora Gereza ya Nyarugenge atazazanwa mu rukiko, kuko Mudenge adafunze mu […]

Nyagatare: Imbamutima z’abaturage bivuriza mu bitaro bahawe na Perezida Kagame

Abaturage batuye mu mirenge irindwi yo mu karere ka Nyagatare bemeza ko ibitaro bahawe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame byabaye igisubizo kuko boroherwa no guhabwa serivisi z’ubuzima begerejwe. Mu mwaka wa 2017 ubwo Perezida Kagame yiyamamarizaga mu karere ka Nyagatare, yemereye ibitaro abaturage batuye mu murenge wa Gatunda ndetse n’indi mirenge 6 bihana imbibi. […]

Professional internship at SOS Children’s Villages Rwanda

CALL FOR PROFESSIONAL INTERNSHIP UNDER SOS CHILDREN’S VILLAGES RWANDA/ EDUCARE PROJECT BACKGROUND Established in 1949, SOS Children’s Villages International is a dynamic social development organization working globally to meet the needs and protect the interests and rights of children. SOS Children’s Villages International is an umbrella organization that provides support and guidance to SOS member […]

Rwandans most unhappy in East Africa, says report

Happiness levels in East African countries have largely remained unchanged despite easing pandemic pains, a UN survey found. The annual World Happiness Report notes that Ugandans are the happiest in the region at position 117 out of 146 countries in global happiness, while Rwanda was ranked the most unhappy country in the six-nation East African […]

Argentine: Deribi ya Rosario yabanjirijwe na Grenade zatewe mu kibuga

I Rosario mu gihugu cya Argentine umukino wahuje ejo ku Cyumweru Rosario Central na Newell’s Old Boys, warakerewe kubera grenade zabanje guterwa mu kibuga. Amashusho yashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’ikipe ya Newell’s agaragaza grenades ziterwa mu kibuga kuri stade ya Estadio Gigante de Arroyito, isanzwe yakirirwaho na Rosario Central’s. Daily Mail yanditse ko guterwa […]

Gatsibo: Abavomaga mu gishaga barishimira amazi meza bahawe

Abaturage batuye mu murenge wa Gitoki barishimira kuvoma amazi meza bahawe nyuma y’igihe kinini bakoresha amazi mabi bavomaga mu gishanga. Abaturage batuye mu Gitoki muri Werurwe 2020 bari bari babwiye Bwiza.com ko bahangayikijwe no kutagira amazi meza. Ubu nyuma yo kuyagezwaho, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwumvise gutakamba kwabo. Soma iyi nkuru https://bwiza.com/?Gatsibo-Gitoki-Bahangayikishijwe-no-kubura-amazi-muri-ibi-bihe-byo-kwirinda Manishimwe Dinah, umuturage utuye […]

Perezida wa Ukraine yateguje intambara y’Isi mu gihe kumvikana na Putin byananirana

Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yateguje ko hazaba intambara ya gatatu (3) y’Isi, mu gihe ibiganiro yiteze kugirana na Vladimir Putin w’u Burusiya byaba nta musaruro yifuza byatanga. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Fareed Zakaria wa CNN, Perezida Zelensky yavuze ko icyo yifuza ari uko iyi ntambara yatangiye tariki ya 24 Gashyantare 2022 yahagarara, […]

Ibigo bitanu byagaragaje ubushobozi bwo guhinga urumogi mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rutangaza ko hari ibigo byinshi byasabye guhinga urumogi ariko ko bitanu ari byo byagaragaje ko bifite imbaraga mu kubahiriza amabwiriza yashyizweho. Muri Kamena 2021 hasohotse Iteka rya Minisitiri No 003/MoH/2021 ryo ku wa 25/06/2021 ryerekeye ihingwa n’itunganywa ry’urumogi n’ibikomoka ku rumogi. Iteka ryerekeye ihingwa ry’urumogi, ryagaragazaga ko abazemererwa guhinga urumogi […]