Ukraine: Byibuze abantu 17 biciwe mu gitero cy misile mu Mujyi wa Zaporzhzhia
Byibuze abantu 17 biciwe mu gitero cya misile cy’u Burusiya mu ijoro ryakeye mu Mujyi wa Zaporzhzhia mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Ukraine nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’ibanze, Anatoliy Kurtev, kuri iki Cyumweru, wemeza ko ari igitero cya kabiri mu minsi itatu . “Nk’ingaruka z’igitero cya misile muri iri joro kuri Zaporizhzhia, inyubako n’imihanda mu gice gituwe […]
Umushoferi Polisi yemeza ko yari afite ikamyo yacomotse feri akurikiranweho icyaha cya ruswa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umushoferi witwa Gashema Tumani imukurikiranyeho icyaha cyo gutanga ruswa kugira ngo ikamyo atwara ifite ibibazo birimo gucomoka feri ihabwe icyangombwa cy’ubuziranenge. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’iburasirazuba, SP Twizeyimana Hamduni yasobanuye ko tariki ya 7 Ukwakira, Gashema yajyanye iyi kamyo ku kigo gishinzwe gusuzuma imikorere y’ibinyabiziga i […]
General Otafiire yabujije Polisi kongera gufunga itabanje gukora iperereza ryimbitse
Minisitiri w’umutekano w’imbere wa Uganda, Maj. Gen. Kahinda Otafiire yanenze inzego z’ubutabera by’umwihariko Polisi y’igihugu zifunga zitabanje gukora iperereza ryimbitse. Uyu muyobozi yavuze ko hari ubwo Polisi isanzwe ifite mu nshingano ubugenzacyaha ihabwa amakuru, ikihutira guta muri yombi mbere yo gukora iperereza, yemeza ko batanu mu icumi (5/10) bafungwa kandi ari abere. Muri ubu butumwa […]
Intambara ya Harmagedon! Byagenda gute mu gihe isi yaraswamo intwaro za kirimbuzi?

Muri iki kinyajana cya 21 isi yugarijwe n’ibibazo bitandukanye byiganjemo indwara z’ibyorezo zihitana imbaga, Ibiza n’amakuba bikomoka ku mihindagurikire y’ikirere n’ukwangirika k’urusobe rw’ibinyabuzima. Ni igihe umwuzure cyangwa inkubi z’imiyaga bizwi nka Tsunami bishobora byonyine gusenya imijyi minini no koreka imbaga, ariko muri ibi byose igiteye ubwoba kurusha ibindi ni igitutu ku mikoreshereze y’intwaro za kirimbuzi […]
St Petersburg mu Burusiya: Amafaranga yari azakoreshwa kuri Noheli n’Ubunani azahabwa abari ku rugamba
Ubuyobozi bw’intara ya Saint Petersburg mu Burusiya bwafashe icyemezo cyo guhagarika kwizihiza ibirori bya Noheli n’umwaka mushya (Ubunani), busobanura ko amafaranga yari azifashishwa azahabwa abari ku rugamba muri Ukraine. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, bibisobanura, ubuyobozi bw’iyi ntara bwasohoye itangazo ribisobanura riti: “Mu nama ya Guverineri Alexander Beglov n’abayobozi mu ntara, hafashwe icyemezo cyo […]