Burera: Umuryango w’abantu 6 urasaba gutabarwa

Imbere muri iyi nzu ni uku hameze

Umuryango utishoboye ugizwe n’abantu batandatu wo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Kagitega, umurenge wa Cyanika urasaba ubufasha ukubakirwa inzu yo kubamo kubera ko iyo babamo ibateye impungenge ko ishobora kubagwira kubera gusaza cyane. Ni Umuryango w’umugabo witwa Ngirabakunzi Bénjamin, umugore we Nyiransenga Espérance n’abana babo bane, bose bakaba barara mu nzu ishaje bafite impungenge […]

USA yasubijeho ibihano yari yarakuriyeho General Bunyoni

Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zasubijeho ibihano zari zarafatiye General de Police Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi. Ibiro bya USA bishinzwe ububanyi n’amahanga tariki ya 9 Ukuboza byasobanuye ko Bunyoni yafatiwe ibihano kubera ibikorwa bibangamira uburenganzira bw’ikiremwamuntu bimushinja gukora. Byagize biti: “Alain Guillaume Bunyoni (Bunyoni) wabaye umuyobozi mu Burundi. Hashingiwe ku gika […]

Abanyeshuri bahishuye uruhare rwabo muri rwaserera iri hagati ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya

Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya INES-RUHENGERI, Ntivuguruzwa Dieudonne, avuga ko ari impamo ko bandikiye Musenyeri Harolimana Vincent, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri akaba n’Uhagarariye iyo kaminuza mu mategeko, ubugira kabiri, bamusaba ko uwitwa Musanganya Faustin, umwe mu banyamuryango shingiro ba Kaminuza ya INES-RUHENGERI, yakwirukanwa kuko yahamwe n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside, akanabihanirwa. BWIZA […]

Imvubu yarutse umwana w’imyaka 2 ari muzima

Imvubu yarutse umwana w’imyaka 2 y’amavuko witwa Paul Yiga, ufite ubarizwa mu gace ka Katwe-Kabatooro mu karere ka Kasese muri Uganda, ari muzima. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga, yasobanuye ko iyi mvubu yari ivuye mu kiyaga cya Edouard mu masaa munani ya tariki ya 4 Ukuboza 2022, yamize uyu mwana ubwo yamusangaga ari […]

Amafoto: M23 yakiriye intumwa z’ingabo za EAC na FARDC

Kanyuka avuga ko M23 itegereje indi nama iyihuza n'izi ntumwa

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko wakiriye intumwa zirimo iz’ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF), ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC), iza MONUSCO, iz’urwego rushinzwe umutekano wo ku mipaka mu karere k’ibiyaga bigari (EJVM) n’iz’urwego ruhuriweho rushinzwe iperereza ruyobowe n’umusirikare wa Angola. Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, mu […]

RDC: Abarenga 100 bahitanwe n’imvura ikomeye yaguye i Kinshasa

Abantu barenga 100 ni bo byamaze kumenyekana ko bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi yaguye i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi mvura idasanzwe amakuru avuga ko yatangiye kugwa mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2022. Byari mbere yo guteza inkangu ndetse n’imyuzure ikomeye mu ntara ya […]

IRMCT iravuga ko ubu umuntu ishyize imbere mu gushakisha mu bakekwaho jenoside ari Kayishema

kayishema.jpg

Serge Brammertz, Umushinjacyaha w’Urwego Mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, yavuze ko mu gushakisha abantu bane basigaye bakekwaho uruhare muri jenoside bahunze ubutabera, ushyizwe imbere ari Fulgence Kayishema, ukurikiranyweho ubwicanyi bw’impunzi zirenga 2000 . Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ukuboza, ubwo yagezaga ku Kanama k’Umutekano ka Loni iterambere […]

Rurageretse hagati ya Harmonize n’uwari umukunzi we bapfa imodoka yari yaramuguriye

Fridah Kajala wahoze ari umukunzi wa Harmonize yanze kumusubiza Range Rover yahawe nk’impano n’uyu muririmbyi havuka intambara y’amagambo hagati yabo . Harmonize yerekanye Range Rovers ebyiri yari yarahaye Kajala mu ntangiriro z’uyu mwaka ubwo yari arimo kumureshya ngo basubirane. Icyo gihe, Harmonize yavuze ko yahisemo ubwo bwoko bw’imodoka kuko yari imodoka y’inzozi ya Kajala. Yongeyeho […]

U Rwanda rumaze kohereza abasirikare barenga 73,000 mu butumwa bwo kugarura amahoro_Gen Murasira

Minisitiri Murasira yari imbere y'abashingamategeko

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj. Gen Albert Murasira, yatangaje ko abasirikare 73,700 barimo abagore 1,700 ari bo u Rwanda rumaze kohereza mu bikorwa byo kubungabunga amahoro mu bihugu bitandukanye; kuva rubitangiye muri 2004. Minisitiri Murasira yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza, ubwo yagiranaga ikiganiro na Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane […]

Uganda: Umuryango w’Abanyamerika ufunzwe ushinjwa gukorera iyicarubozo umwana urera

Umugabo n’umugore b’Abanyamerika batuye mu gace ka Naguru muri Kampala, mu gihugu cya Uganda, boherejwe muri gereza ya Luzira nyuma yo gushinjwa imbere y’urukiko bakekwaho kwica urubozo umwana w’imyaka 10, ubana n’ubwandu bwa virusi itera SIDA . Mackenzie Leing Mathias Spencer na Nicholas Spencer barashinjwa kuba barahaye umwana ibihano bikaze, bakamwambura uburenganzira bwo kwiga bakanamufungira […]