Bizimana Yannick yafashije APR FC kubabaza Rayon Sports yujuje imikino 7 itayitsinda

Ikipe ya APR FC yatsinze Rayon Sports yari yasuye igitego 1-0, yuzuza umukino wa karindwi wikurikiranya itazi uko gutsinda iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu bisa. Rayon Sports yari yakiriye APR FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona wari utegerejwe na benshi. Ni umukino iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu […]

Abakinnyi bamwe b’Ubufaransa barwariye mu kato mbere yo gucakirana na Argentina

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa (FFF) ryemeje ko abakinnyi benshi b’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa barwaye ibicurane n’inkorora, Raphaël Varane na Ibrahima Konaté bakaba ari bo ba vuba aha barwaye ntibitabire imyitozo. Myugariro Dayot Upamecano n’umukinnyi wo hagati Adrien Rabiot, kubera uburwayi ntibabonetse mu mukino wo ku wa gatatu wa kimwe cya kabiri Ubufaransa bwatsinzemo Maroc ibitego […]

Mali: Umuntu witwaje imbunda yishe arashe abapolisi 2 ba MINUSMA barimo umugore

Umuntu witwaje imbunda utaramenyekana yarashe kandi yica abapolisi babiri bo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Mali ubwo bari ku irondo hafi y’umujyi wa Timbuktu nk’uko umuyobozi w’ubutumwa El-Ghassim Wane yabitangaje . Kuri uyu wa Gatanu, abinyujije kuri twitter, Wane yagize ati: “Namaganye iki gikorwa kibi kandi nifurije gukira vuba abandi bane babungabunga […]

Moïse Katumbi avuga ko amarira ya Tshisekedi atari yo azakemura ikibazo cya M23

Umunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe, yanenze Perezida Félix Antoine Tshisekedi ukomeje imiborogo y’uko M23 ibifashijwemo n’u Rwanda bateye igihugu cye; avuga ko amarira atari wo muti w’ikibazo. Katumbi washinze akaba anayoboye ishyaka ‘Ensemble pour la République’, yemeje aya makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) cyo kimwe na Televiziyo ya France 24. Muri […]

Abanyamakuru bagaragaje Perezida Salva Kir yinyariye bari kuburirwa irengero, bamwe bapfuye

Hari amakuru ko abanyamakuru bose bakurikiranye umuhango Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yagaragayemo yinyariye bari kugenda baburirwa irengero umwe ku wundi, bamwe bagaragaye bapfuye. Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit yagaragaye mu mashusho yinyariye mu ruhame ubwo yari mu muhango wo gufungura ku mugaragaro umushinga wo kubaka umuhanda muri iki gihugu mu minsi […]

Ibibazo muri Girinka: 219 zaribwe, 11 zigurishwa muri cyamunara

Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye kuri uyu wa Kane, yasabye Minisitiri w’Intebe gukemura ibibazo bitandukanye byagaragajwe n’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta kuri gahunda ya Girinka, aho 11 zagurishijwe muri cyamunara, 219 zikibwa zikaburirwa irengero. Ibi babyanzuye nyuma yo kugezwaho ibyavuye mu isesengura rya raporo y’igenzura ryimbitse kuri gahunda ya Girinka nk’uko RBA yabitangaje. Raporo y’umugenzuzi […]

FARDC yabyutse isuka umuriro kuri bimwe mu birindiro bya M23

Umutwe wa M23 watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe bakorana irimo n’uwa FDLR, babyutse basuka umuriro w’amasasu kuri bimwe mu birindiro byawo. Ibirindiro M23 ivuga ko FARDC yateye ni iby’ahitwa Rusekera ho muri Teritwari ya Rutshuru. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa mu butumwa yanditse kuri Twitter ye mu gitondo cyo […]

Kera kabaye Bruce Melodie yerekanye ‘Katerina’ bamaze imyaka 6 babana nk’umugabo n’umugore

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uri mu bayoboye umuziki nyarwanda nka Bruce Melodie, yashyize hanze ifoto ya ‘Catherine’ bamaze imyaka irenga itandatu babana nk’umugore n’umugabo. Bruce Melodie yasangije abamukurikira uru rubavu rwe ku mugoroba wo ku wa Gatanu, yifashishije imbuga nkoranyambaga ze. Ifoto yashyize hanze igaragaza ‘Catherine’ ari mu mugongo we yamufashe mu gituza, ikaba yari iherekejwe […]

Uburusiya bwarashe misile 76 ku Mujyi wa Kharkiv usigara mu kizima

Umujyi wa kabiri ukomeye wa Ukraine, Kharkiv, wamaze amasaha nta muriro w’amashanyarazi ufite, nyuma yuko ibitero bishya by’ibisasu by’Uburusiya byibasiye stasiyo z’ingufu z’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’igihugu. Abategetsi baho bavuze ko ibikorwa-remezo icyenda by’amashanyarazi byarashweho, ubwo ku wa gatanu abasirikare b’Uburusiya barasaga misile 76 bakanagaba ibitero by’indege ntoya z’intambara zitarimo umupilote (drone). Gen Valeriy Zaluzhny […]