Nyamasheke: Abahinzi b’icyayi barasaba gufashwa kubona ifumbire

Nubwo abahinzi b’icyayi mu karere ka Nyamasheke bavuga ko muri iki gihe bahanganye n’ibibazo birimo igiciro kidahagaze neza ku isoko mpuzamahanga,ibura ry’abasoromyi rituma icyayi cyinshi gisigara mu mirima, ihanika ry’igiciro cy’ifumbire n’ibindi, ngo bakomeje kongera imbaraga muri ubu buhinzi, bagasaba ubuyobozi gukomeza kubashakira umuti w’ibi bibazo bibakoma mu nkokora. Abaganiriye na Bwiza.com kuri uyu wa […]
Fuso yacitse feri igonga abantu n’inzu z’ubucuruzi mu Zindiro
Impanuka ikomeye ahagana saa moya z’umugoroba yabereye ahazwi nka Zindiro mu Murenge wa Bumbogo mu Mujyi wa Kigali, aho ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yacitse feri igonga abantu n’inzu z’ubucuruzi. Ntiharamenyekana umubare w’abitabye Imana n’abakomeretse. BWIZA yabonye inzego z’umutekano zirimo polisi zageze ahabereye iyi mpanuka. Iyi mpanuka ibaye nyuma y’indi yahitanye babiri Kicukiro Centre. […]
Papa Francisco yatangaje ko amaze imyaka 9 yanditse ibaruwa y’ubwegure
Papa Francisco, umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, kuri uyu wa 18 Ukuboza 2022 yahishuye ko amaze imyaka 9 atanze ibaruwa y’ubwegure bwe mugihe yagira ibibazo by’ubuzima. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cya ABC cyo muri Espagne, yavuze ko iyo baruwa yayitanze mu mwaka wa 2013 ubwo yari amaze gutorerwa uyu mwanya. Avuga ko yahaye iyo […]
Amateka ya John Hartfield watwitswe azira gukunda umuzungukazi
John Hartfield yari umwirabura wari utuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Yishwe urw’agashinyaguro nta rubanza rubayeho mu gace ka Ellisville kari muri Leta ya Missouri mu mwaka w’1919 azira kuba yarakundanaga n’umuzungukazi. Igikorwa cyo kumwica cyanyujijwe mu bitangazamakuru bitandukanye, bivugwa ko abantu babarirwa mu bihumbi 10 bari bateraniye aho yagombaga kwicirwa ngo bihere ijisho. Yaramanitswe, […]
Umutoza wa Espoir FC yirukanwe nyuma yo gutangaza ko abayiguriye abakinnyi bahemutse
Bisengimana Justin wari umutoza mukuru wa Espoir FC yirukanwe nyuma yo gutangaza ko abaguriye iyi kipe abakinnyi ari abahemu. Uyu mutoza yatangaje aya magambo tariki ya 17 Ukuboza 2022 ubwo Espoir FC yari imaze gutsindwa na Etincelles ibitego bibiri ku busa. Icyo gihe yabwiye abanyamakuru ko iyi kipe ifite abakinnyi badashoboye, bari ku rwego rwo […]
Karim Benzema yasezeye mu kipe y’igihugu y’u Bufaransa
Rutahizamu Karim Benzema yamaze gusezera mu kipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’, nyuma y’igihe gito yemerewe kongera kuyigarukamo. Benzema yatangaje isezera rye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ni ubutumwa bwari buherekeje ifoto ye yambaye umwambaro w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa. Yagize ati: “Nashyizemo ingufu nkora n’amakosa kugira ngo mbe aho ndi uyu munsi […]
Rutsiro: Umuganga arashinjwa gukorakora igitsina cy’umurwayi
Umuganga w’ibitaro bya Murunda biherere mu murenge wa Murunda mu karere ka Rutsiro, akurikiranwe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha nyuma y’aho umukobwa arugejejeho ikirego, amushinja kumukorakora igitsina. Ni icyaha umukobwa avuga ko yakorewe mu gihe yanyuzaga uyu mukobwa mu cyuma n’uyu muganga, amusuma uburwayi bw’imbere mu mubiri. Dr Nkurunziza Jean Pierre yemereye Primo Media Rwanda dukesha iyi […]
Rubavu: Akurikiranyweho gukubita umuntu inkoni mu nda agapfa
Umugabo wo mu Murenge wa Mudende mu Karere ka Rubavu ukurikiranyweho gukubita inkoni mu nda akanamutera ibuye mu mutwe bikamuviramo gupfa, yakorewe dosiye ishyikirizwa Ubushinjacyaha. Ni dosiye yakiriwe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu mu cyumweru gishize tariki 15 Ukuboza 2022. Ubushinjacyaha buvuga ko uyu mugabo wo mu Muduguru wa Gasumba mu Kagari ka Mulindi […]
Museveni yatangaje ko nta bihano ateganyiriza umuhungu we ‘wivanga’ muri politiki
Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Yoweri Museveni, yatangaje ko nta ngamba cyangwa ibihano ateganyiriza umuhungu we usanzwe ari umujyanama we mu by’igisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, ushinjwa kwivanga muri politiki. Yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Daily Monitor ubwo yari i Washington DC nyuma y’aho Gen. Kainerugaba atangaje ko adashyigikiye ishyaka riri ku butegetsi, NRM. […]
UN yahatiye RDC kwakira Abahutu b’abajenosideri: Minisitiri Bazaiba
Minisitiri w’ibidukikije muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Eve Bazaiba, yatangaje ko akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kahatiye igihugu cyabo kwakira Abahutu b’abajenosideri mu mwaka w’1994. Bazaiba yabitangarije mu nama mpuzamahanga yo kubungabunga ibidukikije yabereye i Montreal muri Canada tariki ya 16 Ukuboza 2022, asobanura imiterere y’ikibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC. U […]