Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa bwihariye Ali Bongo
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Ukuboza 2022, yageneye ubutumwa bwihariye mugenzi we Ali Bongo Ondimba wa Gabon. Perezidansi ya Gabon yemeje ko ubu butumwa Perezida Ali Bongo yabushyikirijwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta banagiranye ibiganiro. Ni ibiganiro byabereye muri Perezidansi ya Gabon (Palais Rénovation), ku ruhande […]
M23 ‘yashyizeho’ ubuyobozi bushya mu duce yigaruriye
Ubuyobozi bukuru wa M23 bakomeje gushyiraho abantu bayobora ibice uyu mutwe wafashe. Kuri uyu wa Gatatu Taliki 21, Ukuboza, 2022 hashyizweho abazayobora agace ka Rubare kari muri Rutshuru. Radio Okapi ivuga ko muri aka gace, hashyizweho kandi umuyobozi w’umujyi, umwungirije, umunyamabanga, ushinzwe isuku n’isukura ndetse n’umuyobozi w’umuco gakondo. Mu Mijyi minini nka Kiwanja, M23 yahashyize […]
Somalia iri gucyura abinjijwe babeshywa akazi muri Qatar bakisanga mu myitozo ya gisirikare muri Eritrea
Somalia yatangiye gucyura abasirikare bayo yavuze ko yohereje mu myitozo mu gihugu cy’igituranyi cya Eritrea, nyuma y’imyigaragambyo yabereye mu mijyi myinshi y’igihugu kubera ibirego bivuga ko binjijwe mu gisirikare bigendeye ku binyoma kandi bagafatwa bugwate . Aba basirikare boherejwe muri Eritrea mu gihe cy’uwahoze ari Perezida, Mohamed Abdullahi Farmaajo. Nyuma yo kugera ku butegetsi muri […]
APR FC yahagamwe na Etincelles FC, yambura Rayon Sports umwanya wa 2
Ikipe ya APR FC yafashe by’agateganyo umwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo kugwa miswi na Etincelles FC igitego 1-1. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Etincelles FC kuri Stade Umuganda, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona ari na wo usoza imikino ibanza. Ni umukino waranzwe n’imisifurire itavuzweho rumwe, bijyanye […]
Papa Francis yatangaje ko umudayimoni w’ubwibone ari kwinjirira abashumba bakuru ba Kiliziya
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yatangaje ko hari umudayimoni wigaragaza ko ari mwiza ariko afite ubwibone, ukomeje kwinjirira abashumba bakuru b’iri torero bakorera i Vatican. Ibi yabitangarije ba Karidinali bakorera mu biro bikuru bya Kiliziya kuri uyu wa 22 Ukuboza 2022, ubwo yabagezagaho ubutumwa bubanziriza umunsi mukuru w’ivuka rya Yezu Kirisitu, […]
La Haye: Umutangabuhamya yahishuye gahunda Kabuga yari afite kuri RTLM
Iburanisha mu rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yo mu Rwanda ryakomeje kuri uyu wa kane, humvwa abatangabuhamya babiri bamushinja bavuga ko bahoze baturanye na we ku Kimironko i Kigali. Umutangabuhamya w’umugabo kuri uyu wa Kane yabwiye urukiko ko yari aturanye na Kabuga ku Kimironko, na we yamushinje, avuga ko yabonye Interahamwe zabaga […]
Maj. Gen. Rwarakabije yavuzwe mu rubanza rw’ababaye abarwanyi bakuru ba FDLR
Major General Paul Rwarakabije uri mu bashinze FDLR yavuzwe mu rubanza rwa Brig. Gen. Mujyambere Léopold wamenyekanye nka Musenyeri, Lt Col. Mpakaniye Emelien na Lt Col. Habimana Emmanuel babaye abarwanyi bakuru muri uyu mutwe witwaje intwaro. Uru rubanza rwabereye mu rukiko rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka na mpuzamahanga ruherereye mu karere ka Nyanza, […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa KAREGE Ephron
Maroc yari yarifashe igiye kuba igihugu cya mbere muri Afurika giteye Ukraine inkunga ya gisirikare
Igihugu cya Maroc kigiye kuba icya mbere muri Afurika gifashe uruhande ku mugaragaro mu ntambara hagati y’uBurusiya na Ukraine gitera indi ntambwe yo guha Kiev ubufasha bw’ibikoresho by’intambara . Rabat yari yarahisemo mbere kutagira uruhande ibogamiraho mu makimbirane hagati ya Moscow na Kiev kimwe n’ibindi bihugu byinshi muri Afurika, ariko isa nk’aho ngo yemejwe na […]
Minisiteri y’uburezi yagaragaje ingengabihe y’amasaha mashya amasomo azajya atangiriraho

Minisiteri y’Uburezi yibukije Abanyarwanda bose gahunda ivuguruye y’amasaha mashya y’ishuri, izatangira gukurikizwa guhera ku itariki ya 1 Mutarama 2023 . Nk’uko bigaragara mu itangazo rigaragaza ingengabihe y’amasaha mashya, yashyize ahagaragara, Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko ari gahunda ireba amashuri ya Leta, afashwa na Leta ku bw’amasezerano n’ayigenga akurikiza integanyanyigisho ya Leta. Biteganyijwe ko amasomo azajya atangira […]