Ibimenyetso 10 byakwereka ko impyiko zawe zitagikora neza
Impyiko ziri mu myanya ikomeye cyane mu mubiri w’umuntu kubera ko ari zo zisukura kandi zikayungurura amaraso ziyavanamo imyanda. Ibi bisobanuye ko ibyago biba ari byinshi k’uzirwaye cyangwa ufite izidakora neza, ku buryo iyo zamurenze bishobora no kumuviramo urupfu. Impyiko zikora nabi zigaragazwa n’imihandagurikire mu mikorere isanzwe y’umubiri. Byitwa ko impyiko zikora nabi iyo zitangiye […]
Gicumbi: Gitifu yasabye guhagarika akazi kuko hari ‘ibyagenze nabi’
Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, Mbonigaba Gatera Gilbert, yasabye guhagarika ako kazi kuko hari ibitagenda neza bigatuma adatanga umusaruro mu gihe asanga hari ibindi yakora ukaboneka. Ibaruwa BWIZA yabonye yandikiwe i Kaniga kuwa 15 Ukuboza 2022, yandikiwe Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, ivuga ko impamvu yayo ari “Gusaba Guhagarika umurimo ku […]
Impyisi zakamejeje ziri guca ibintu Addis Ababa
Ikigo gishinzwe inyamaswa muri Ethiopia kiri kuyobora ibikorwa by’itsinda ry’abahigi barimo guhiga no kwica impyisi hafi y’umurwa mukuru, Addis Ababa. Ni nyuma y’uko ibitero by’izo ‘mahuuma’ ku bantu byiyongereye cyane muri uwo mujyi n’inkengero zawo. Mu myaka ibiri ishize, abantu umunani i Addis Ababa bishwe na za ‘bihehe’, nkuko Banki Budamo, wo mu kigo Ethiopian […]
Burundi: Gen. Ndirakobuca yasuye umubyeyi wibarutse abana 6
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca, yasuye umubyeyi wo muri iki gihugu wibarutse impanga z’abana batandatu icya rimwe. Ku wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2022 ni bwo Gen Ndirakobuca yasuye uyu mubyeyi wo mu ntara ya Kamenge. Uyu mubyeyi witwa Johali Mugishimana, aheruka kubyarira abana batandatu mu bitaro bya gisirikare […]
Umusifuzi wasifuye umukino wa Argentine n’u Bufaransa yahishuye ikosa rimwe yawukozemo
Umunya-Pologne Szymon Marciniak, yemeye ko hari amakosa yakoze ubwo yasifuraga umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi Argentine yatsinzemo u Bufaransa kuri penaliti 4-2. Ni umukino Argentine yatsunze yegukana Igikombe cy’Isi, nyuma y’uko yo n’u Bufaransa bari baguye miswi ibitego 3-3 mu minota isanzwe y’umukino. Nyuma y’uyu mukino wabereye kuri Stade ya Lusail iherereye i Doha mu […]
Abarimo Intore Masamba bagiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo cy’imbaturamugabo

Abahanzi b’ibyatwa mu ndirimo gakondo barimo Intore Masamba, bagiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo cy’imbaturamugabo cyiswe ‘Kigali night’. Ni igitaramo cyateguwe na Zuby Comedy, bikaba biteganyijwe ko kigomba kubera muri Ijuru Lounge & Restaurant ya Onomo Hotel tariki ya 30 Ukuboza 2022, saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ahandi bahanzi gakondo bazacyigaragaramo barimo Ruti Joel na Kaayi. Muri […]
U Bufaransa bwakiriye umwicanyi ruharwa wabwo ‘Serpent’, nyuma y’imyaka 20 afunzwe
Umwicanyi ruharwa w’Umufaransa Charles Sobhraj wagize uruhare mu bwicanyi butandukanye bwakorewe ku mugabane wa Aziya mu myaka ya 1970, yamaze kugera mu gihugu cye nyuma y’imyaka 20 afungiwe muri Nepal. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo urukiko rukuru rwo muri Népal rwategetse ko Sobhraj wamamaye nka Serpent arekurwa ku mpamvu z’uburwayi, hanyuma akirukanwa ku […]
Burkinafaso yirukanye Manzi ishinja kuvugana n’imitwe y’iterabwoba
Ubuyobozi bwa Burkina Faso bwirukanye Intumwa ya Loni muri icyo gihugu, Barbara Manzi, asabwa kuva mu gihugu ashinjwa amagambo ngo aherutse kuvuga ko “Muri Burkinafaso mu minsi iri imbere hazaba imvurururu n’umutekano mike” ndetse ko avugana n’imitwe y’iterabwoba yazahaje igice cy’icyo gihugu. Ibi birego byose byavuzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Burkinafaso, Olivia Rouamba. Avuga […]
APR FC irashinja Adil ‘yahaye buri kimwe’ kuyitaba mu nama
Ikipe ya APR FC irashinja umutoza Mohammed Adil Erradi kuyitaba mu nama, nyuma yo kumwitangira ikamuha buri kimwe mu rwego rwo guteza imbere impano y’ubutoza yari yaramubonyemo. Uyu munya-Maroc amaze igihe yarareze APR FC muri FIFA, nyuma yo kuyishinja kumwirukana mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umutoza Mohammed Adil Erradi yafashe iki cyemezo, nyuma y’ibihano APR FC […]