Rayon Sports WFC yagereye Nyagatare mu kebo yagereyemo Gatsibo, na yo iyinyagira ibitego 16-0

Ikipe ya Rayon Sports y’abari n’abategarugori ikomeje gutanga isomo rya ruhago muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri, yanyagiye Nyagatare FC ibitego 16-0. Iyi kipe yaherukaga kunyagira Gatsibo WFC ibitego 16-0, yari yakiriye Nyagatare WFC ku kibuga cyo mu Nzove mu mukino wa gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri. Ni umukino wo mu tsinda B amakipe yombi […]

Igikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar cyatowe nk’icya mbere cyiza cy’ikinyajana

Abatoye mu matora ya BBC Sport bahisemo Igikombe cy’Isi cya Qatar 2022 nk’igikombe cy’isi cyiza cy’iki kinyejana . Ku nshuro ya 22 y’amarushanwa akomeye y’umupira w’amaguru ku Isi, aya mbere yabereye mu Burasirazuba bwo Hagati, yabonye amajwi 78%, ubwiganze bukabije. Igikombe cy’Isi cya 2002 cyabereye mu Buyapani na Koreya y’Epfo cyaje ku mwanya wa kabiri […]

Medvedev wayoboye u Burusiya ‘yahanuye’ gusenyuka kwa EU no gucikamo ibice kwa USA

Umuyobozi Mukuru wungirije w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano akaba n’umwe mu bayoboye iki gihugu, Dmitry Medvedev, yahanuye gusenyuka k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu mwaka utaha no gucikamo ibice kwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Mu butumwa burebure yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 26 Ukuboza 2022 bufite umutwe ugira uti ‘What can happen mu […]

Rusizi: Bahangayikishijwe n’abajura babategera mu nzira bahishe amasura

Aba ni abajura bari kumwe n'uyu mugore bavuga ko abagurira ibyo bibye

Ikibazo cy’abajura kimaze gufata intera ndende mu bice hafi ya byose by’umujyi wa Rusizi, ku buryo nk’uko byemezwa n’abahatuye, ngo hari uduce tumwe twawo,nk’ahitwa mu rushakamba hafi y’umujyi rwagati, ahahora insoresore zihabategera, kuhanyura kukaba kwihara amagara, hakaba n’andi mayira bamburiramo bakanatera abaturage ibyuma ku mugoroba. Ni ikibazo kimaze iminsi, abaturage binubira gutegerwa mu mayira mu […]

Ingaruka zo kurarana ‘Headphones’ n’inama ku bazikoresha

Ushobora kuba utuye ahantu hahora urusaku cyangwa se urarana n’umuntu ugona ku buryo bituma ukanguka hagati mu ijoro, rimwe na rimwe kugira ngo wirengagize urwo rusaku ugahitamo kwambara headphones, ugatangira kumva umuziki mwiza. Ese gusinzira wambaye headphones ni byiza? Ese hari ingaruka bishobora kugira ku buzima bwawe n’iyo waba utari kumva umuziki. Umuhanga mubijyanye n’amajwi, […]

Padiri Nturiye wigeze guteza impaka yatabarutse

fk-f4hswyamqgsu-54634.jpg

Padiri Edouard Nturiye wari uzwi nka Simba yapfuye kuri wa Mbere tariki 26 Ukuboza 2022 nk’uko byemejwe na Diyosezi Gatolika ya Nyundo, mu itangazo yashyize ku karubanda. Itangazo rya Diyosezi ya Nyundo rivuga ko “Padiri Nturiye yaguye mu bitaro bya Kabgayi azize uburwayi”. Padiri Nturiye wayoboraga Seminari nto ya Nyundo, yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo […]

Gambia: Hafashwe ba ofisiye babiri bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi

Inzego z’umutekano za Gambia zataye muri yombi abasirikare babiri bakuru bakekwaho kuba baragize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Adama Barrow mu cyumweru gishize . Aba bombi batavuzwe amazina, batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize nk’uko iyi nkuru dukesha Africanews ivuga. Ku itariki ya 21 Ukuboza, nibwo Guverinoma ya Gambia yavuze ko yataye […]

Kylian Mbappé yahaye PSG amabwiriza 3 igomba kubahiriza, bitaba ibyo bagatandukana

Umufatansa Kylian Mbappé yahaye Paris Saint-Germain asanzwe akinira amabwiriza igomba kubahiriza, kugira ngo abashe gukomezanya na yo. Mbappé wongereye muri PSG amasezerano y’imyaka itatu mu mpeshyi y’uyu mwaka, abona yarabeshywe n’iriya kipe y’i Paris nyuma yo kutubahiriza ibyo bumvikanye, ibyatumye yongera guhindura intekerezo. Ikinyamakuru Sportskeeda cyatangaje ko mu byo Mbappé w’imyaka 24 y’amavuko yasabye PSG […]

Prof. Wajackoyah yaburiye abagabo ko bashobora kumera amabere, abagore bakamera ubwanwa

Umunyapolitiki wiyamamarije umwanya wa Perezida wa Kenya, Prof. George Wajackoyah, yaburiye abagabo ko bashobora kumera amabere, abagore bakamera ubwanwa, mu gihe barya ibiribwa by’ibituburano bizwi nka GMO. Leta ya Kenya iri gutekereza niba ishobora kwemera ko ibi biribwa byinjira mu gihugu, mu rwego rwo guhangana n’inzira imaze amezi menshi yibasira abatuye mu bice byinshi ikomoka […]