Umuti uterwa mu rushinge ugabanya ubukana bwa virus itera Sida uzatangira gukoreshwa mu 2023
Mu mwaka utaha nta gihindutse u Rwanda ruzaba igihugu cya kabiri cya Afurika kizatangira gukoreshwamo umuti wa Cabotegravir uterwa mu rushinge umara igihe kirekire uzafasha abanduye Sida kudahora bafata ibinini bigabanya ubukana bifatwa buri munsi . Zimbabwe yemeje uyu muti mu ntangiriro z’ukwezi gushize. Iri terambere rije nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima […]
Mu Burayi hashobora kwaduka indi ntambara hagati ya Serbia na Kosovo
Igisirikare cya Serbia kiravuga ko kiri ku rwego rwo hejuru rw’imyiteguro y’imirwano nyuma y’ibyumweru byinshi by’umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Serbia na Kosovo . Perezida Aleksandar Vucic avuga ko “azafata ingamba zose zo kurinda abaturage bacu no kubungabunga Serbia”. Aya makuru akomeje gukwirakwizwa muri iki gice cy’uburasirazuba bw’amajyepfo y’u Burayi yaje akurikira ayanyujijwe ku […]
Dr Mukwege yitandukanyije n’umuryango wo mu Bibiligi yari abereye umuyobozi w’icyubahiro

Umuganga wubashywe wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Dr Denis Mukwege yitandukanyije n’umuryango yari abereye umuypbozi w’icyubahiro, Fight Impunity ufite icyicaro mu Bubiligi, mu gihe uri gukorwaho iperereza ku byaba bya ruswa. Uyu muryango urwanya umuco wo kudahana washinzwe muri Nzeri 2019 na Pier Antonio Panzeri wahoze ahagarariye u Butaliyani mu nteko ishinga […]
RDC ikwiye gushyikirana na M23_Perezida Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yongeye gushimangira ko ari ngombwa ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igirana imishyikirano n’umutwe wa M23; kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Museveni yabishimangiye mu cyumweru gishize, ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanditsi bakuru ndetse n’abahagarariye ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda. Kuri ubu M23 imaze igihe kirekire […]
Minembwe: Brigade ya 12 ya FARDC irashinjwa kwica umusore w’Umunyamulenge
Brigade ya 12 y’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikorera I Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje gushinjwa kwica cyangwa kurebera iyicwa ry’abasivili b’Abanyamulenge bazira uko basa gusa, aho kuri ubu ivugwaho kwivugana undi musore w’Umunyamulenge. Nk’uko byatangajwe n’Umuryaango, Mahoro Peace Association (MPA)uharanira imibanire mu mahoro n’iterambere muri Kivu y’Amajyepfo, ingabo za FARDC zo muri […]
Kajugujugu y’Igisirikare cya Niger yahitanye batatu hafi y’ibirindiro bya gisirikare
Kuri uyu wa Mbere ushize, abantu batatu baguye mu mpanuka ya kajugujugu yaguye ku birindiro by’ingabo hafi y’umurwa mukuru wa Niger, Niamey . Minisiteri y’ingabo ya Niger mu itangazo yoherereje AFP yagize iti: “Kajugujugu yo mu bwoko bwa MI-17 y’Igisirikare cya Niger, yari igarutse ivuye mu myitozo isanzwe, yaguye ubwo yagwaga ku kibuga cy’indege cya […]
Arsenal yagarutse ikura intsinzi ibyibushye kuri West Ham, imwenyuza abarimo Arsène Wenger
Ikipe ya Arsenal yagarukanye intsinzi muri shampiyona y’Abongereza yongeye gusubukurwa, nyuma yo gukura amanota atatu kuri West Ham United yari yayibanje ikayitsinda ibitego 3-1. Iyi kipe y’umutoza Mikel Arteta yari yakiriye West Ham kuri Stade ya Emirates, mu mukino w’umunsi wa 15 wa Premier league. Ni umukino wanarebwe n’abarimo Arsène Wenger wari waje gushyigikira Arsenal […]
Abaharabika u Rwanda ni abatuye kure yarwo: Dr Awazi uyobora diaspora y’Abanyekongo
Dr Awazi Raymond uyobora Abanyekongo baba mu Rwanda avuga ko abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) baruharabika ari abatuye kure yarwo, by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga. Uyu muganga ukorera bimwe mu bitaro byo mu Rwanda mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Isango Star, yatangaje ko kuba igihugu akomokamo n’icyo atuyemo bitabanye neza, bitagomba gukuraho ubumwe […]
2022: Urutonde rw’abantu bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rugaragaza abantu bane umwaka wa 2022 usize bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda. Muri rusange, aba bose bahuriye ku kuba bakekwaho ubwicanyi uretse umwe ukekwaho gufata ku ngufu. Byinshi ku bantu baboneka kuri uru rutonde, wasoma: https://bwiza.com/?Urutonde-rw-abantu-bashakishwa-na-RIB-kurusha-abandi-mu-Rwanda Ni urutonde BWIZA ikesha urubuga rwa RIB n’ubwo bigaragara ko nta mpinduka zarubayeho kuva mu […]