Twirwaneho irashinja Brigade ya Colonel Rugabisha kugaba ibindi bitero ku Banyamulenge
Umutwe w’ubwirinzi wa Twirwaneho urashinja ingabo zo Brigade ya 12 ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ikorera mu misozi ya Minembwe kugaba ibindi bitero ku Banyamulenge, yifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai. Umuhuzabikorwa wa Twirwaneho, Kamasa Ndakize Welcome, yatangaje ko ibi bitero byagabwe mu bice bya Mashya, Kabingo, Marango na Evomi tariki ya 29 […]
Gen. Ndaruhutse wa CMC-Nyatura arigamba kwica abarwanyi barenga 10 ba M23
Umutwe wa CMC-Nyatura urigamba kwica abarwanyi 13 ba M23, nyuma y’imirwano ikomeye iheruka gusakiranya iyi mitwe yombi. Ku wa Kane tariki ya 29 Ukuboza ni bwo imirwano yasakiranyije Nyatura na M23, ahitwa Mudugudu ho muri Groupement ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru. Ni imirwano yari yatangiye ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 28 […]
Perezida Ndayishimiye yahishuye uko abakuru b’ibihugu bya EAC bamukuriye ingofero
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahishuye uburyo abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC, bamukuriye ingofero ubwo yatangiraga kuyobora uyu muryango. Yabibwiye abari bifatanyije na we mu munsi wa gatatu w’amasengesho yo ku rwego rw’igihugu ategurwa n’umuryango w’Umukuru w’Igihugu, tariki ya 27 Ukuboza 2022. Ndayishimiye yavuze ko n’ubwo hari umuntu wamusuzuguraga muri Leta ayoboye, […]
Amafoto: Perezida Tshisekedi yakiriye Gen. Jeff Nyagah ukuriye ingabo za EAC zoherejwe muri RDC

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, itariki 29 Ukuboza 2022 yakiriye Umunyakenya Gen. Jeff Nyagah, Komanda w’Ingabo z’Akarere ka East Africa wari ugiye kumugezaho byo izi ngabo zimaze kugeraho mu bikorwa byo kugarura umutekano mu burasirazuba bwa RDC . Urukuta rwa twitter rwa Perezidansi ya […]
Vuba aha ufite uruhushya rwo gutwara imodoka za automatique ntazemererwa gutwara iza manuel
Itegeko rigenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo, ririmo kuvugururwa ngo ryongerwemo ibijyanye n’uruhushya rwo gutwara imodoka za Automatique, aho uzaba afite urwo ruhushya atazaba yemerewe gutwa imodoka za manuel nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera . Umuvugizi wa Polisi avuga ko impamvu iri tegeko ryavuguruwe hakiyongeramo n’ibijyanye n’impushya zo gutwara imodoka […]
Hamenyekane umubare w’Abanyarwanda baguye mu mpanuka yabereye muri Uganda
Abanyarwanda bane, umunya-Kenya umwe n’Umurundikazi nibo byamenyekanye ko baguye mu mpanuka y’imodoka ya bisi ya Oxygen yo muri Kenya yagonganye n’iya Volcano yo mu Rwanda, muri Uganda. Abaguye muri iyi mpanuka ni: Murara Alphonse Umushoferi wa Volcano, Omido David Umushoferi wa Oxygen, Ishingiro Mustafa Umukozi wa Oxygen, Gakulu Claude umukozi wa Volcano, Hakizimana Etienne umugenzi […]
Polisi yagose ibiro bya Dr Besigye
Polisi ya Uganda mu Mujyi wa Kampala yaburijemo amasengesho yo gusoza umwaka yari yateguwe n’ishyaka riharanira impinduka rya Dr Kizza Besigye na Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Yoweri Museveni. Ni amasengesho yari ateganyijwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukuboza 2021, muri Sharing Hall i Nsambya. Amasengesho […]
Amerika iravuga ko habuze gato ngo indege yabo igongane n’indege y’u Bushinwa
Igisirikare cya Amerika kiravuga ko indege y’intambara y’u Bushinwa iherutse kunyura hafi y’indege y’ubutasi y’ingabo zirwanira mu kirere yabo hejuru y’inyanja y’u Bushinwa mu mu minsi ishize, bituma umupilote w’Umunyamerika akora akazi katoroshye kugira ngo yirinde kugongana . Kuri uyu wa Kane, ubuyobozi bw’ingabo za Amerika mu nyanja z’u Buhinde na Pasifika bwatangaje ko ibi […]
U Rwanda ruravuga ko ruhangayikishijwe n’ifungwa ry’abaturage barwo 2 biswe intasi na Kinshasa
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwerekana ko ihangayikishijwe n’ifungwa ry’abaturage bayo babiri baregwa kuba intasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Muri Kanama, abaturage babiri bo mu Rwanda, Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe, bakorera umuryango udaharanira inyungu ufite icyicaro i Geneve, batawe muri yombi muri n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza muri Congo (ANR). Kuri uyu wa […]
Myanmar: Aung San Suu Kyi wahiritswe ku butegetsi yakatiwe indi myaka 7 y’igifungo yose hamwe iba 33
Urukiko rwa gisirikare rwo muri Myanmar rwakatiye uwahoze ari perezida, Aung San Suu Kyi igifungo cy’imyaka irindwi, bituma imyaa y’igifungo amaze gukatirwa igera muri rusange ku myaka 33 . Uwahoze ari umuyobozi watowe mu nzira ya demokarasi afungiwe mu rugo kuva igisirikare cyahirika guverinoma ye muri coup d’Etat yo muri Gashyantare 2021. Kuva icyo gihe, […]