Kinshasa: Umukuru w’abadepite yasabye Tshisekedi gufatira ingamba ingabo za EAC

Umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Mboso Nkodia arifuza ko Perezida akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Félix Tshisekedi yazafatira ingamba ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziri mu gihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yari kumwe n’abandi bayobozi barimo Minisitiri w’ingabo, Kabanda Gilbert, Mboso yatangaje ko ingabo za […]

Lt. Col Nkusi uheruka gutoroka FARDC yemeje ko ikorana n’abacancuro b’abazungu

Lieutenant-Colonel Nkusi Frank uheruka gutoroka Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) akiyunga kuri M23, yemeje ko mu bari kugifasha ku rugamba harimo abacancuro b’abazungu. Lt. Col Nkusi yabitangaje ubwo we na bagenzi be berekanwaga n’Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma. Uyuusirikare yavuze ko hari abandi bantu bakorana n’Ingabo za Congo Kinshasa mu ntambara […]

Impamvu Messi yambaye nimero 10 bakina na Marseille kandi Neymar ahari

resize_2_.jpg

Lionel Messi yatunguye abantu benshi ubwo babonaga yambaye umwenda wanditseho nimero 10 mu mugongo kandi Neymar Jr usanzwe uyambara ari mu kibuga ndetse yambaye 11. Muri rusange, kuva Lionel Messi yasinyira ikipe ya Paris Saint Germain mu mwaka w’2021 yahisemo ko azajya yambara nimero 30 mu mugongo kuko yasanze inshuti ye magara Neymar bakinanye mu […]

Umukinnyi wa filime wari ukuze kurusha abandi ku Isi yapfuye

Kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023 ni bwo Branka Veselinovi? wari uzwi nk’umukinnyi wa filime ukuze kurusha abandi ku Isi, yapfuye afite imyaka 104. Amakuru dukesha Yugoslaw Drama Theatre avuga ko Branka Veselinovi? wakinnye amafilime igihe kitari gito, yapfuye kubera ubusaza. Branka yavukiye muri Serbia mu mujyi wa Be?ej. Yari amaze gukina filime igihe kingana […]

Akaga gaterwa no gukoresha telefone mu mwijima

Ubushakashatsi bwerekanye ko urumuri rw’ubururu ruturuka mu kirahuri cya telefone zigendanwa, tableti na televiziyo mu mwijima bishobora kurema imiti y’ubumara mu mboni z’amaso, bigatuma ashobora kwibasirwa n’indwara nyinshi. Umuhanga mu by’ikoranabuhanga, Amritanshu Mukherjee, avuga ko imirasire itanga urumuri rw’ubururu igira ingaruka ku mboni z’amaso y’abantu. Kuva mu myaka mike ishize, Isi y’ikoranabuhanga yamenye iki kibazo […]

Uganda yimye ishami rya UN uburenganzira bwo gukomeza kuyikoreramo

Tariki ya 08 Gashyantare 2023, nibwo Leta ya Kampala yatangaje ko itazongerera manda ishami rya UN rishinzwe uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu kuko batarikeneye. Ku wa 3 Gashyantare 2023, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda, yoherereje ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu ibaruwa imuteguza iki cyemezo. Muri iyi baruwa, Minisitiri Jeje […]

Abasifuzi bazakiranura APR FC na Rayon Sports bamenyekanye

Umukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona uzahuza APR FC na Rayon Sports, wahawe Ruzindana Nsoro nk’umusifuzi wa mbere uri mu bazaba bawuyoboye. APR FC izakira Rayon Sports imaze hafi imyaka ine itayitsinda; mu mukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye ku Cyumweru. Igitego cya Bizimana Yannick ni cyo cyatandukanyije impande zombi; mu mukino ubanza wabaye […]

Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?

Witegereje umubano w’u Rwanda n’ibihugu bituranye na rwo, usanga iki ari ikibazo buri wese atabura kwibaza asubije amaso inyuma nk’imyaka 30 itambutse, cyane cyane guhera mu mwaka w’1994 kuzamura kugeza none. Duhere iyi nkuru mu mwaka w’1996 ubwo u Rwanda bwa mbere rwagabaga ibitero kuri Zaïre yari iyobowe na Mobutu Sese Seko, mu rugamba rwo […]

Seth Kikuni yahaye urw’amenyo Tshisekedi witegura kugenderera igihugu cya 5 mu cyumweru kimwe

Umunyapolitiki Seth Kikuni yahaye urw’amenyo Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa witegura kugenderera igihugu cya gatanu mu gihe kitageze ku cyumweru. Kikuni ni umwe mu bari bahatanye na Tshisekedi mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2018. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko ingendo Tshisekedi yirirwa agirira mu mahanga nta kindi […]

Paris Saint Germain yagiriwe inama yo kutongerera Lionel Messi amasezerano

230104103714-01-lionel-messi-psg.jpg

“Imishahara ye iraremereye, ntashimisha abafana” ni yo magambo Jerome Rothen yakoresheje agira inama ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yo kutongerera Lionel Messi amasezerano. Muri rusange, ahazaza ha Lionel Messi hakomeje kuba agatereranzamba bijyanye n’uko amasezerano ye muri PSG azarangira mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2022/2023, n’ibiganiro byo kuyongera bikaba bitari kugenda neza. Ikinyamakuru […]