Emery Bayisenge yamaze gusinyira Gor Mahia yo muri Kenya

Myugariro mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Emery Bayisenge, yamaze gusinyira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya amasezera y’umwaka n’igice. Emery Bayisenge wari asanzwe akinira ikipe ya yamaze gusinyira ikipe ikomeye ifite igikombe cya Shampiyona muri Kenya Gor Mahia. Yasinyanye n’iyi kipe amasezerano y’amezi 18 ariko arimo indi ngingo yo kongera undi mwaka mu gihe yakwitwara neza. Bayisenge […]
Abanyamakuru 2 bakorera muri Kivu y’Amajyaruguru bari ku gitutu bashinjwa gukorera M23

Abanyamakuru babiri bakurikirana umunsi ku wundi inkuru z’urugamba rw’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC na M23, bari ku gitutu bashinjwa gukorera uyu mutwe witwaje intwaro n’u Rwanda. Aba ni Justin Kabumba ukorana na France 24 y’Abafaransa n’ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, na Daniel Michombero ukorera Kivu Habari. Bombi bakorera mu ntara ya Kivu […]
Menya zimwe mu mpamvu zitera umubyibuho ukabije mu bana
Muri iki gihe Isi iri gitera imbere mu buryo bwihuse, ni nako bigendana n’umubyibuho ukabije mu bana uri kwiyongera cyane kubera imirire ndetse n’ibindi bintu bitandukanye. Hari ababyeyi benshi bifuza kubona no kugira abana babyibushye, gusa iyo uyu mubyibuho urengeje urugero bishobora gutera ingaruka nyinshi mu gihe bakuze, kuko ni bwo batangira kwibasirwa n’indwara zifata […]
Cristiano Ronaldo mu myambaro gakondo n’inkota mu kiganza yifatanyije na Arabie Saoudite mu munsi mukuru

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagaragaye mu myambaro gakondo yo mu Burasirazuba bwo Hagati yifatanya n’igihugu cya Arabie Saoudite mu birori ngarukamwaka byo kwizihiza ishingwa ry’iki gihugu. Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Al Nassr, Cristiano Ronaldo yafotowe yambaye igishura gakondo, afite inkota ishashagirana mu kiganza cy’iburyo ndetse yiteye ibendera ry’igihugu cya Arabie Saoudite mu bitugu mu […]
USA: Uwishe umuraperi Nipsey Hussle yakatiwe igifungo cy’imyaka 60
Umugabo wahamwe n’icyaha cyo kwica umuraperi Nipsey Hussle wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko wakomokaga mur Eritrea, yakatiwe nibura igifungo cy’imyaka 60 . Eric R. Holder, Jr. yahamwe n’icyaha cy’ubwicanyi bwo mu rwego rwa mbere yakoze muri Nyakanga umwaka ushize azira kwica Hussle, amazina ye nyakuri akaba ari Ermias Asghedom, wiciwe hanze y’inzu […]
Perezida w’u Bufaransa ategerejwe i Kinshasa
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika ya demukarasi ya Congo tariki ya 3 Werurwe 2023. Uruzinduko rwe i Kinshasa ruzaba rukurikiye urwo azaba amaze iminsi agirira mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika birimo: Gabon, Angola na Repubulika ya Congo. Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, APF, bisobanura ko mu ruzinduko rwo muri Gabon […]
Kenya: Odinga yahaye leta ibyumweru 2 byo gukemura ikibazo cy’imibereho cyangwa igahangana n’imyigaragambyo
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, yahaye guverinoma iminsi 14 yo kugabanya imisoro no kugabanya igiciro cy’ubuzima cyangwa igahangana n’imyigaragambyo mu gihugu hose . Odinga yabitangaje mu giterane cy’amasengesho ku rwego rw’igihugu cyabereye mu busitani bwa Jevanjee mu murwa mukuru, Nairobi, cyari cyitabiriwe n’abayoboke babarirwa mu magana, abayobozi bakuru bo mu ishyaka ritavuga […]
Icyo Musoni wahoze ari Visi-Perezida wa FDLR asaba bagenzi be bagitegereje gutera u Rwanda
Musoni Straton wahoze ari Visi-Perezida w’umutwe wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mashyamba ya Congo bafite umugambi wo gutera u Rwanda gutahuka, kuko “nta cyiza nko kuva mu bibi ujya mu byiza.” Mu Ukwakira umwaka ushize ni bwo Musoni yageze mu Rwanda ahoherejwe n’igihugu cy’u Budage, nyuma yo kurangiza igifungo cy’imyaka umunani yari yarakatiwe […]
Imyanzuro yafatiwe mu nama y’umushyikirano iheruka

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba guhera tariki ya 27 kugeza ku ya 28 Gashyantare 2023, ikazabera muri Kigali Convention Center. Ni inama igiye kuba nyuma y’imyaka ibiri isubitswe bitewe n’icyorezo cya Covid-19 cyari cyugarije Isi, kidasize n’u Rwanda kuko muri Werurwe ya 2020 ni bwo umuntu wa mbere wacyanduye yagaragaye muri […]
Dubai: Irushanwa rya ‘Special force’ ya Polisi ryakomeye kurushaho

Kuri uyu wa 23 Gashyantare 2023, i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu (UAE) hakomeje irushanwa rya Polisi idasanzwe ryitabiriwe n’ibihugu 28 birimo u Rwanda. Uyu munsi waranzwe n’ibyiciro bitandukanye birimo: icyo kurira inyubako ndende, kuyimanuka hifashishijwe imigozi, kurasa hifashishijwe imbunda ebyiri za mudahusha (snipers), kurasa ibipimo bigera kuri 40 no kurira urukuta. Nk’uko babigaragaje […]