Liverpool yabatije Manchester United ‘Nyandwi’

Liverpool yanyagiye Manchester United ibitego 7-0, bishimangira ko kubona intsinzi ku kibuga Anfield bizasaba izindi mbaraga ari na ko Liverpool ifata umwanya wa gatanu hafi y’amakipe ane ya mbere. Umukino watangiye ukinirwa ku muvuduko wo hejuru nk’uko bisanzwe kuri aya makipe yose akina umukino wihuta ariko nta buryo bukomeye imbere y’izamu. Ku munota wa 13, […]
Abakinnyi babiri ba La Jeunesse batawe muri yombi nyuma yo kwibasira umusifuzi

Abakinnyi babiri ba La Jeunesse FC batawe muri yombi bashinjwa guhohotera umusifuzi Toni Karemera nyuma y’umukino w’icyiciro cya kabiri iyi kipe yatsinzwemo na A.S Muhanga igitego 1-1 kuwa 5, tariki ya 3 Werurwe 2023 kuri Sitade y’Akarere ka Muhanga. Aba bombi batawe muri yombi nyuma y’aho bigaragariye ko bishoye mu mvururu zibasiye umwe mu basifuzi […]
Rayon Sports yatsinze Etincelles FC mu mukino w’amakarita atukura

Rayon Sports yatsinze Etincelles FC mu mukino waranzwe n’imirwano ibitego 2-0 bituma igaruka ku mwanya wa kabiri maze Musa Esenu na Nshimiyimana Abdou babona amakarita atukura. Rayon Sports kuri icyi Cyumweru tariki ya 5 Werurwe yari yakiriye Etincelles FC kuri Sitade y’Akarere ka Muhanga mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda. Rayon Sports […]
Abasirikare b’Abarundi bagomba koherezwa i Masisi bageze i Goma – Amafoto

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe 2023, abasirikare mirongo bo mu gisirikare cy’u Burundi bageze mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bagejejwe n’indege y’Igisirikare cya Kenya . Izi ngabo zahageze mu rwego rwo gukomeza gushyiraho ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, zigamije kujya hagati y’impande zihanganye hagati ya FARDC na […]
Masisi: Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23 byibuze ahantu hane
Amakuru aturuka mu nzego z’ibanze aravuga ko imirwano yongeye kubura mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Masisi, Kivu y’Amajyaruguru, aho uruhande rwa leta ruvuga ko inyeshyamba zagabye igitero ku birindiro byibuze ibirindiro bine mu nkengero za […]
Igisubizo cya Cristiano ku mwana wamubwiye ko Messi ari mwiza kumurusha
Rutahizamu w’ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia, Cristiano Ronaldo, yasubije mu buryo budasanzwe umuhungu muto wamubwiye ko mukeba we bahatanira uduhigo twinshi mu mupira w’amaguru, Lionel Messi, ari mwiza kumurusha. Tariki ya 3 Werurwe 2023 ubwo Cristiano yinjiraga mu rwambariro nyuma y’umukino Al Nassr yatsinzemo Al Baten, uyu mwana wari hafi y’umuryango yaramubwiye ati: […]
Nyaruguru: Imyaka 4 irarenga bategereje ingurane y’imitungo yabo yangijwe

Abaturage benshi bo mu midugudu ya Kabacura na Kalimba, mu kagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, bavuga ko nyuma yo gusinyira amafaranga y’ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’iyubakwa ry’umuhanda wa kabulimbo Huye-Nyaruguru mu 2019, bategereje kugeza uyu munsi bakaba batarayabona. Uko gutinda kwishyurwa byabagize ingaruka zitandukanye zirimo ubukene no kutagira aho kuba. Nk’uko […]
Musanze: Urupfu rw’umwana w’amezi 2 rwahagurukije Polisi n’Ubugenzacyaha
Mu mudugudu wa Kungo, akagari ka Kabeza, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, haravugwa urupfu rutunguranye rw’umwana w’amezi abiri n’igice wapfuye biturutse ku makimbirane n’imirwano yabaye muri iri joro ryakeye ry’iya 4 rishyira iya 5 Werurwe 2023 hagati y’umugabo Twizerimana Innocent n’umugore Nyiramategeko Jeaninne. Ni amakuru yamenyekanye muri iki gitondo cyo ku ya 05 […]
Muturebe ukundi mutwubaha Francafrique ntikibaho – Tshisekedi abwira Macron
Ubwo bari mu kiganiro n’itagazamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yibukije atunga urutoki mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ko bagomba kububaha kuko igihe cya Francafrique cyarangiye . Abakuru b’ibihugu byombi bavuze ku bibazo byinshi bifitanye isano hagati ya Afurika n’u Burayi. Mu ijambo rye, Perezida […]
Kinshasa: Umunyemari Mwangachuchu yagejejwe mu rukiko ashinjwa ubugambanyi
Umudepite akaba n’umunyemari Edouard Mwangachuchu ufite sosiyete y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Bisunzu Mining ikorera mu gace ka Rubaya muri teritwari ya Masisi, ku wa 3 Werurwe 2023 yagejejwe mu rukiko rukuru rwa gisirikare, ashinjwa ubugambanyi no kubangamira umutekano w’igihugu. Mwangachuchu yatawe muri yombi n’abasirikare bo mu rwego rw’iperereza tariki ya 1 Werurwe 2023 nyuma y’aho […]