Mutesi Jolly yahakanye amakuru yavugaga ko atwite
Miss Mutesi Jolly yahakanye amakuru yavugaga ko atwite, avuga ko abayatangaje ari abashaka kwamamara mu buryo buciriritse. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, uyu nyampinga w’u Rwanda w’umwaka w’2016 yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa mu bitangazamakuru ko yaba atwite. Mutesi Jolly yashimiye abantu bamwohereje ubutumwa bw’ishimwe, avuga ko bamwifurije ibyiza, yongeraho ko aya makuru ari ibihuha. […]
Ibimenyetso bigaragaza umuntu wamaze kubatwa na telefone
Ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga rwa ‘Bankmycell’ bwagaragaje ko muri iki gihe abantu bakoresha telefone zigezweho [Smartphone] bagera kuri miliyani 6.92, bangana nka 86.29% by’abatuye Isi. Mu Isi ya none, ibintu byinshi bisigaye bikorerwa kuri interineti, gusa hari abakoresha izi telefone bikagera aho babatwa na zo bitewe n’ibyo bakunze kuzibonamo. Nubwo nta kimenyetso simusiga cyaba cyerekana ko […]
Général Marcel Gatsinzi yapfuye
Général (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Werurwe 2023 azize uburwayi. Gen. Gatsinzi yaguye mu bitaro by’i Brussels mu Bubiligi ari na ho yari amaze igihe atuye. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Général Gatsinzi wari ufite imyaka […]
Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na M23 yari yahagaritse imirwano
Imirwano yongeye kubura hagati y’uruhande rw’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23, nyuma y’amasaha make uyu mutwe utangaje ko uhagaritse imirwano. Mu itangazo yasohoye ku manywa yo kuri uyu wa Mbere, M23 yari yatangaje ko ihagaritse imirwano “mu rwego rwo kubahiriza ibyavuye mu biganiro byahuje umutwe wa M23 na nyakubahwa Perezida João […]
Nyamasheke: Umugabo yishwe n’inzoga nyuma yo gutegerwa Frw 5000
Kalimunda Phénias w’imyaka 43 wari utuye mu mudugudu wa Muganza, akagari ka Gasayo, umurenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke, wari ucumbitse mu mudugudu wa Mugohe, akagari ka Kabuga, umurenge wa Karambi muri aka karere, yapfuye nyuma yo kunywa amacupa 2 y’inzoga bita Nguvu yari amaze gutegera na mugenzi we kumara vuba vuba akamuha amafaranga […]
Uwabaye umuyobozi ukomeye muri guverinoma yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije Ruvebana Antoine wabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri yari ishinzwe gukumira ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) icyaha cyo gusambanya umwana, rumukatira igifungo cy’imyaka 10. Rubevana yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukuboza 2021. Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry icyo gihe yabwiye itangazamakuru ko uyu yafashwe nyuma y’aho abagore bamuregaga kubasambanya […]
Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants en tant que cardinal en Pologne
Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants dans l’église catholique polonaise et renvoyé les prêtres fautifs dans d’autres juridictions pour éviter un scandale, selon une enquête . L’ancien pape, né Karol Wojtyla, connaissait des prêtres pédophiles alors qu’il était cardinal de l’église polonaise de Cracovie, selon un reportage de la chaîne de […]
Perezida Touadéra yashinje ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi guhungabanya umutekano wa CAR
Perezida wa Repubulika ya Centrafrica (CAR), Faustin-Archange Touadéra, yashinje bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi guhungabanya igihugu cye mu rwego rwa politiki n’urw’umutekano. Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yari mu nama mpuzamahanga y’ibihugu bikennye yabereye i Doha tariki ya 5 Werurwe 2023, yavuze ko CAR ifite yasahuwe n’ibi bihugu byifashishije ubu buryo kuva cyabona ubwigenge. […]
Umunyamabanga Mukuru wa Loni yerekeje muri Ukraine ku nshuro ya gatatu
Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres ari mu nzira yerekeza i Kyiv kubonana na Perezida Volodymyr Zelensky nk’uko iyi nkuru dukesha France24 ivuga . Mu gitondo cy’uyu munsi Zelensky akaba yavuze ko igisirikare cya Ukraine kizohereza ingabo mu mujyi wa Bakhmut wagoswe n’ingabo z’u Burusiya, ahakana amakuru yari yaravuzwe mbere ko […]
Ibyo kurya 10 by’ingenzi ku mugore utwite
Gutwita ni kimwe mu bintu bishimisha umubyeyi. Ni byiza ko umugore utwite arya indyo yuzuye kuko bimufasha we n’umwana uri mu nda gukomeza kugira ubuzima bwiza. Muri iki gihe, umubiri ukenera intungamubiri zinyongera kugira ngo ubuzima bwumwana bigende neza. Mu byukuri, ugomba kongeramo karori hagati ya 400 na 500 buri munsi. Nk’uko Indiatimes.com ibitangaza, kurya […]