Somalia yungutse abasirikare 2900 batorejwe muri Uganda
Somalia yungutse abasirikare bashya 2900 batorejwe mu kigo gitorezwamo misiyo zihariye za gisirikare cya Butiaba mu burengerazuba bwa Uganda. Nk’uko Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabitangaje kuri uyu wa 19 Werurwe 2023, igikorwa cyo gusoza amasomo ya gisirikare k’uru rubyiruko cyayobowe na mugenzi we uyobora Somalia, Hassan Sheikh Mohamud. Museveni asobanura ko urubyiruko rwo muri […]
M23 IZAHINDURA IBINTU – ABANTU BITONDERE INDAGU N’UBUHANUZI MURI AKA KARERE: PASTOR CHRISTOPHE
Rusizi: Moto yari yibwe yatahuwe mu gihuru
Kuri Sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu karere ka Rusizi hafungiye umusore w’imyaka 24 witwa Ndagijimana Eric, ukekwaho kwiba moto mu mujyi wa Rusizi, akayihisha mu gihuru mu mudugudu wa Nyagatare, akagari ka Shagasha, umurenge wa Gihundwe muri aka karere, uwo bikekwa ko bafatanije kuyiba aracyashakishwa. Amakuru umunyamakuru wa Bwiza.com yahawe n’umuvugizi wa polisi mu […]
Amavubi ‘agomba kubona itike ya CAN 2023’ yatsinzwe na Ethiopie mu mukino wo kwipima
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatsinzwe na The Walia ya Ethiopia igitego 1-0, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo kuri iki Cyumweru. Ni umukino amakipe yombi yari yahuriyemo i Addis-Abeba mu murwa mukuru wa Ethiopie, aho Amavubi y’u Rwanda yabanje kunyura mbere yo kwerekeza i Cotonou aho agomba guhurira n’Ibitarangwe (Les Guépards) bya Bénin. Igitego […]
RDC yasabye SADC kuyifasha kurwanya u Rwanda
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Michel Sama Lukonde, yasabye ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, gufasha igihugu cyabo kurwanya u Rwanda. Ubwo yafunguraga inama y’abaminisitiri bo muri SADC, i Kinshasa kuri uyu wa 18 Werurwe 2023, Sama yavuze ko igihugu cyabo cyatewe, kandi ngo iyo kimwe kigize uyu muryango gitewe, ni […]
Nyabihu: Habonetse ibimenyetso bigaragaza ukuri ku kibazo kiri hagati ya koperative n’akarere
Habonetse ibimenyetso bikuraho icyari urujijo ku kibazo gishingiye ku mutungo kimaze igihe kirekire hagati y’abanyamuryango ba koperative yo Guhinga no Guhunika ibirayi yo mu karere ka Nyabihu izwi nka KOGUGU yahoze ari impuzamashyirahamwe I.A.N, n’ubuyobozi bw’akarere. Ibi bimenyetso BWIZA ifitiye kopi byagiye biboneka mu biro bya Leta no mu maboko y’abanyamuryango b’icyari impuzamashyirahamwe I.A.N ndetse […]
Kenya: Habaye gukozanyaho hagati y’abashyigikiye imyigaragambyo ya Odinga n’abatayishyigikiye
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 19 Werurwe, habaye gukozanyaho hagati y’amatsinda abiri mu karere k’ubucuruzi ka Kisumu mu gihugu cya Kenya ubwo amatsinda yombi yagonganaga mu mihanda . Itsinda rimwe riyobowe na Senateri wa Kisumu, Tom Ojienda, ryagiye mu mihanda ryamagana imyigaragambyo iteganijwe yo kurwanya leta. Irindi tsinda ry’abigaragambyaga bari mu rugendo rwo gushyigikira imyigaragambyo […]
Nyamasheke: Min. Twagirayezu yagejejweho ikibazo cy’ishuri ry’icyitegererezo rifite inyubako zishaje
Mu ruzinduko yagiriye mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, hagamijwe kureba uko igihembwe cya 2 kirangiye n’uko ireme ry’uburezi rinozwa, mu rwunge rw’amashuri rwa Frank Adamso Kibogora (GSFAK), Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, yasabwe ubufasha mu gukemura ikibazo cy’inyubako z’amashuri zishaje cyane, zitakijyanye n’igihe. Iri shuri riri […]
Ibikomerezwa byashyiriweho impapuro zo kubita muri yombi, ntibigire icyo bitanga
Perezida w’u Burusiya Vladimir Poutine washoje intambara muri Ukraine, yashyiriweho impapuro mpuzamahanga zo kumufata kugira ngo ashyikirizwe urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), ashinjwa ibyaha by’intambara. Ni inyandiko yashyiriweho akurikira ibindi bikomerezwa byinshi ku Isi byazishyiriweho bene izi mpapuro ariko bikarangira ntacyo urukiko rubikozeho kubera impamvu zitandukanye zirimo no guhuzagurika cyangwa kotswa igitutu n’ibihugu bivuga ko bikomeye. […]
Tumukunde Hannah yegukanye ikamba rya Miss Uganda
Hannah Karema Tumukunde yegukanye ikamba ry’irushanwa ry’ubwiza muri Uganda rizwi nka Miss Uganda kuri uyu wa 18 Werurwe 2023. Nk’uko ikinyamakuru Campus Bee kibisobanura, abakobwa 21 ni bo bageze ku musozo w’irushanwa, na bo batoranyijwemo 5 ba nyuma bagombaga kuvamo uryegukana. Muri batanu ba nyuma, Tumukunde yegukanye umwanya wa mbere, murumuna w’umuhanzi Cindy Sanyu witwa […]