U Bushinwa na USA byiyemeje gufasha Zambia kwigobotora umwenda wa miliyari 14$
Kuri uyu wa Gatatu, abahagarariye ibihugu by’u Bushinwa na Amerika muri Zambia bemeye gukuraho ibyo batandukaniyeho no gufasha iki gihugu gukemura ikibazo cy’amadeni agera kuri miliyari 14 z’amadolari kibereyemo amahanga . Ambasaderi Du Xiaohui na Michael Gonzales kandi bemeye gushyigikira umuyobozi w’iki gihugu cya Afurika y’amajyepfo, Hakainde Hichilema, kubaka ubukungu bwarushijeho guhungabana kubera intambara y’u […]
Uganda: Minisitiri yatawe muri yombi azira amabati
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi minisitiri ushinzwe ibibazo bya Karamoja, Mary Kitutu, akurikiranyweho kwiba amabati yagenewe abakene bo mu karere ka Karamoja . Ifatwa rye ryayobowe n’abagize komite y’inteko ishinga amategeko ishinzwe iperereza ku ikoreshwa nabi ry’amabati yagenewe abatishoboye muri Karamoja. Byaje nyuma y’uko uyu yanze gutanga ibimenyetso, yabanje kurahira, ku byerekeye icyo cyaha. […]
RDC: Vuba aha ingabo za EAC zigiye gutangira gukorana n’iza MONUSCO

Vuba aha ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe mu burasirazua bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF) zigiye gutangira gukorana n’ingabo z’umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) . Umugaba mukuru w’ingabo za EAC, Gen. Jeff Nyagah n’umugaba w’Ingabo za MONUSCO, Gen. Otà¡vio Rodriguez, kuri uyu wa Kabiri ushize bahuriye ku cyicaro cya MONUSCO barebera hamwe ibijyanye no guhuza […]
Real Madrid yakubise FC Barcelona iz’akabwana, iyisezerera muri Copa Del Rey
Ikipe ya Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma wa Copa Del Rey, nyuma yo kunyagira mukeba wayo FC Barcelona ibitego 4-0. Hari mu mukino wo kwishyura wa ½ cy’irangiza waraye ubereye i Camp Nou, nyuma y’ubanza Barcelona yari yaratsinzemo igitego 1-0. Ibitego bitatu by’Umufaransa Karim Benzema ndetse n’icy’umunya-Brésil Vinicius Jr ni byo byafashije Madrid […]