Bisi ya Ritco yari itwaye abagenzi 57 yahiye ihinduka umuyonga
Imodoka nini ya sosiyete itwara abagenzi ya Ritco Limited, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu yafashwe n’inkongi ihinduka umuyonga ubwo yari igeze mu karere ka Kamonyi. Iyi Bisi ifite Plaque RAD 262 K yari itwaye abagenzi 57, yari ivuye i Nyabugogo yerekeza mu karere ka Ngororero. Yafashwe n’inkongi ubwo yari igeze ahitwa i Rugobagoba […]
Ese umuntu utarwaye akwiye kwihagarika inshuro zingahe ku munsi?

Mu mireho yamuntu ntashobora kubaho atanywa cyangwa atarya kuko umubiri kugirango ukomeze ukora neza uba ukeneye amazi n’intungamubiri zituruka mubyo arya. Iyo umuntu yafashe ibyo kunywa n’ibyo kurya rero, akenera kujya mu bwiherero kwihagarika cyanywa c kwituma. Ubushakashatsi bugaragaza ko umuntu muzima utarwaye ashobora kujya kwihagarika nibura hagati y’inshuro 6 na zirindwi ku munsi. Ntabwo […]
APR FC na Kiyovu Sports zatsikiye, Rayon Sports ibyungukiramo
Ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu zombi zananiwe kubona amanota atatu, ziha Rayon Sports bahanganiye igikombe cya shampiyona amahirwe yo kongera kuzotsa igitutu. APR FC yari yakiriye AS Kigali kuri Stade ya Bugesera, mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera. Ni umukino byari byitezwe ko […]
RDC yeruye, ivuga ko mu byatumye ishyira igitutu kuri Gen Jeff Nyagah harimo u Rwanda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirarega Maj Gen Jeff Nyagah kugirana umubano n’abarimo abasirikare b’u Rwanda; ikaba imwe mu mpamvu urugendo rwe nk’Umugaba w’Ingabo za EAC zoherejwe muri Congo rwarangiye. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo Maj Gen Nyagah yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba amumenyesha ko yeguye […]
Perezida Kagame yinjije abuzukuru be mu muryango wa Arsenal
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje ko abuzukuru be bateye ikirenge mu cye ku buryo na bo batangiye kwihebera ikipe ya Arsenal. Ni mu butumwa Umukuru w’Igihugu yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter bwari buherekeje ifoto y’abuzukuru be babiri bambaye imyambaro y’iriya kipe y’i Londres. Ati: “Turi aba-Gunners (uko abafana ba Arsenal bakunda kwiyita), abashya […]
Filme nshya Celine Dion yahuriyemo na Priyanka Chopra irerekanwa vuba

Umuririmbyi Celine Dion wamamaye mu ndirimbo zakunzwe kugeza n’ubu zikaba zikiri mu mitima y’abamukunda, yatanze integuza kuri Filme ye yise “Love again” igiye kujya hanze. Ni Filme yitabajemo umuhindekazi Priyanka Chopra nawe wamamaye muri Filme z’abahinde, aho yibanda ku rukundo, umuryango no gusetsa ikaba kandi ikinnye no mu rurimi rw’icyongereza. Muri iyi Filime Priyanka Chopra […]
Neymar muri Manchester United?

Neymar da Silva Santos Jàºnior, umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint Germain biravugwa ko muri uku kwa Gatandatu ashobora kwerekeza mu ikipe ya Manchester United. Kuza muri iyi kipe bishoboka mu gihe iyi kipe byaba byemejwe ko igurwa n’umuherwe wo muri Quatar Sheikh Jassim bin Hamad al Thani ukomeje kuyitangaho akabo ka miliyali 6 z’amafaranga akoreshwa […]
Byanzuwe ko mu ntangiro za Gicurasi abahinde bari bube benshi ku isi

Ubushakashatsi bugaragaza ko bitarenze mu mpera z’iki cyumweru umubare w’abaturage b’abahinde , uraba munini ugereranyije n’uw’abashinwa wari umaze igihe uyoboye urutonde. Ni imibare yashyizwe hanze n’umuryango w’abibumbye, aho ugaragaza ko uburumbuke bw’abahinde bwabaye bwinshi bigatuma habaho kubyara cyana. CNN itangaza ko gahunda yo kuboneza imbyaro mu Bushinwa mu myaka yashize yabaye intandaro yo kugabanuka, aho […]
Amabanga yerekeye RDF abasivile batemerewe kumenya
Iteka rya Perezida wa Repubulika N°35/01 ryo kuwa 03 Nzeri 2012, rigena ibikoresho bya gisirikare bijyanye no kurinda ubusugire bw’igihugu n’umutekano ariko bigomba kugirwa ibanga rikomeye. Umenye amakuru yerekeranye na byo akayasakaza aba agambaniye igihugu. Ibikoresho ingingo ya gatatu y’iri teka iteganya ko bikwiriye kugirwa ibanga birimo intwaro n’amasasu yazo, imodoka za gisirikare zirimo izikoreshwa […]
Min.Dr Bizimana yakomoje ku bwicanyi bwakorerwaga Abatutsi na mbere ya jenocide yo 1994

Umwaka w’1994 ntuzibagirana mu mateka y’Abanyarwanda ndetse no ku isi hose, bitewe n’uko Abatutsi basaga miliyoni bishwe muri uwo mwaka bazize uko bavutse. Ni muri urwo rwego rero, mu Rwanda n’ubundi buri mwaka hashyirwaho Gahunda y’iminsi 100 yo kwibuka Abatutsi bishwe muri uwo mwaka, hakomeza ibikorwa bitandukanye byo gufata mu mugongo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi. […]