Perezida Ruto yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi mu mahanga
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi ku mugabane w’u Burayi, Amerika no mu burasirazuba bwo hagati mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ubushomeri. Ni isezerano yatanze kuri uyu wa 1 Gicurasi 2023, ubwo yifatanyaga n’Abanyakenya kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Yagize ati: “Hari ibihugu byinshi cyane bidusaba abakozi b’Abanyakenya. Chancelier w’u Budage azaba […]
Igisubizo cya M23 ku bayishinje kwica abasivile 60 muri Rutshuru
Umutwe wa M23 wanyomoje ibirego by’uko hari abaturage babarirwa muri 60 waba wariciwe muri Rutshuru umaze igihe ushinjwa, uvuga ko nta shingiro bifite. Mu cyumweru gishize ni bwo ibitangazamakuru byo muri Congo na bimwe mpuzamahanga byatangaje inkuru y’uko hari imirambo 60 yabonetse mu duce twa Kashali na Kazaroho, two muri Chefferie ya Bwito muri Teritwari […]
Hari abatazi impamvu baribwa iyo bari mu gihe cy’imihango:Dore ikibitera

Ni ibintu bisanzwe ko umukobwa wese ugeze mu gihe cy’ubwangavu agira imihindagurikire haba ku mubiri , mu mitekerere mu gihe nta kindi kibazo cyihariye afite. Muri iyo mihindagurikire harimo ko ajya mu mihango burikwezi.Abakobwa bamwe bagira uburibwe mbere yayo abandi bakaribwa mu gihe bayirimo, ubwo buribwe nibwo bakunze kwita dysmonerrhea mu cyongereza). Ikinyamakuru gynsurgicalsolutions.com, cyivuga […]
Tanzania igiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire muri Afurika hejuru y’inyanja
Tanzaniya igiye kubaka ikiraro kizahuza Tanzania w’Ibirwa bya Zanzibar kugira ngo byorohereze urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa hagati y’abaturage bayo, aho nibiramuka bikozwe, iki kiraro cya kilometero 50 kizaba ari icya mbere muri Afurika . Ibi byavuzwe na minisitiri wungirije ushinzwe imirimo n’ubwikorezi, Godfrey Kasekenya mu Nteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 28 Mata, aho yashimangiye […]
Ikibazo cy’u Rwanda na RDC kigiye guhuriza abayobozi bo mu karere i Bujumbura
Abayobozi bo mu bihugu bigize akarere ka Afurika y’iburasirazuba bagiye guhurira i Bujumbura mu Burundi, baganire ku bibazo birimo umwuka mubi watutumbye hagati ya Repubulika ya demukarasi ya Congo. BWIZA yamenye ko iyi nama izaba guhera kuri uyu wa 2 kugeza ku wa 6 Gicurasi 2023, gusa ntabwo urutonde rw’abazahagararira ibihugu byabo rurajya ku karubanda. […]
Umusifuzi yibasiwe n’abo yasifuriraga umwe muri bo amumena amajigo

Muri championa yo muri Australie mu cyiciro cya mbere habereye isanganya, nyuma y’uko umusifuzi yibasiwe n’abakinnyi bamukubita umwe muri bo amukura amenyo. Ikinyamakuru smh.com.au cyatangaje ko umusifuzi witwa Khodr Yaghi, yahuye n’isanganya ku mukino wahuzaga ikipe ya ya Padstow Hornets na Greenacre Eagles aho yakubiswe n’abo yasifuriraga atabarwa n’abashinzwe umutekano ariko basanga amaze kumenwa urwasaya. […]
Kenya: Umunyeshuri wa kaminuza yishe umukunzi we bapfa inyabutatu y’urukundo
Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatatu muri Kaminuza ya Eldoret mu gihugu cya Kenya yateye icyuma umukunzi we ubwo bari mu icumbi riri hafi y’ikigo nyuma y’amakimbirane ashingiye ku rukundo . Abapolisi bashinzwe ubugenzacyaha ( DCI ) barimo gukora iperereza ku byabereye muri iri icumbi risanzwe ari iry’abanyeshuri b’abakobwa. Uyu ukekwaho icyaha witwa Elikana Kiplagat […]
Musenyeri Kazimba abona abakirisitu badafasha abashumba badakwiye kubapfukama imbere
Umushumba w’itorero Angilikani muri Uganda (Church of Uganda), Arikiyepisikopi Stephen Kazimba, arasaba abayoboke b’itorero gufasha abashumba babo kugira ngo bakore umurimo Imana yabatumye nta nkomyi. Nk’uko Daily Monitor yabitangaje, Musenyeri Kazimba yabivuze tariki ya 28 Mata 2023 ubwo yafunguraga sitasiyo ya lisansi y’itorero Angilikani, diyosezi ya Kigezi. Yagize ati: “Ntimukemere ko abashumba banyu bagenda n’amaguru […]
RDC yongeye kwikanga ingabo z’u Rwanda zinjira ku butaka bwayo

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwongeye kwikanga ingabo z’u Rwanda zinjira ku butaka bw’iki gihugu, muri teritwari ya Rutshuru. Minisitiri w’ingabo wa RDC, Jean Pierre Bemba, tariki ya 28 Mata ubwo yari yitabiriye inama y’abaminisitiri ya 96, yabagejejeho amakuru yahawe n’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare. Yababwiye ko umutekano wo muri teritwari ya Rutshuru, Masisi […]
Nkore iki?Mukadata ashaka ko dusambana nyuma yo kubwirwa ko ndi kizigenza

Umukunzi wacu yatwandikiye atugisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko ngo mukase amurarikiye ngo amusambanye yitwaje ko bamubwiye ko ari umuhanga mu mibonano mpuza bitsina. Yagize ati” Amazina yanjye ntabwo ndibuyababwire kuko hari abantu bashobora guhita bamenya bityo bikaba byakwangiza ubuzima bwite bwanjye” Ubusanzwe mfite imyaka 25 ndacyaba kwa Papa kuko niga muri kaminuza imwe ikorera […]