Perezida Zelenskyy yabwiye ingabo ze ko intambara za nyazo ari bwo zigiye kuba
Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Mata, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yahaye icyubahiro ingabo zirinda imipaka mu gihugu atanga imidari kandi azifuriza gutsinda . “Bakundwa ndwanyi, intambara nyamukuru ziraza vuba. Tugomba kuvana igihugu cyacu n’abaturage bacu mu bucakara bw’u Burusiya, ” uyu ni Perezida Zelenskyy abwira abasirikare. Ibi yabivugiye mu birindiro bya gisirikare hatauzwe aho […]
FARDC iravuga ko yafashe abarwanyi 2 ba ADF barimo Umunyarwanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda n’umugore w’umunyekongo, ubwo bashakaga kwinjira mu musigiti wo muri komini ya Mangina, uherereye ku birometero 30 ugana mu burengerazuba bw’Umujyi wa Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Ifatwa ryabo ryabaye ninjoro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo […]
Afurika y’Epfo iri kwingingira Putin kutitabira inama ya BRICS kugira ngo itazamuta muri yombi
Leta ya Afurika y’Epfo biravugwa ko yaba irimo kwinginga iy’u Burusiya, isaba ko Perezida Vladimir Putin atitabira imbonankubone inama ya BRICS iteganyijwe kubera i Durban mu rwego rwo kwirinda ko yatabwa muri yombi. Ni inama iteganyijwe kuba hagati y’itariki ya 22 n’iya 24 Kanama, ikazitabirwa n’abayobozi barimo abakuru b’ibihugu bya Brésil, u Burusiya, u Buhinde, […]
Maj. Ngoma yatangaje ko nta ruswa M23 yahaye ingabo za EAC ngo ntiziyirwanye
Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rw’igisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko nta ruswa bahaye ingabo ziri mu mutwe wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF) ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Uwari Komanda wa EACRF, Maj. Gen. Jeff Nyagah aherutse kwegura kuri iyi nshingano, asobanura ko umutekano we aho yari atuye i […]
Ku myaka 7, yarokoye bagenzi be nyuma y’uko umushoferi wari ubatwaye ataye ubwenge

Muri Leta ya Michigani ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hasakaye inkuru y’umwana w’imyaka 7, watabaye ubuzima bwa bagenzi be nyuma y’uma y’uko umushoferi wari ubatwaye ataye ubwenge Bus bari barimo igata umuhanda. Uyu mwana witwa Dillon Reeves wiga mu ishuri rya “LOUISE E. Carter Middle School” ngo akimara kubona ko umushoferi ubatwaye agize […]
Kwa Tshisekedi ntibishimiye ishyirwaho rya Gen Alphaxard Muthuri nk’umugaba w’Ingabo za EACRF
Mu Cyumweru gishize Maj Gen Jeff Nyagah wari Umugaba w’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (EACRF), yeguye ku nshingano ze. Byari nyuma yo kugaragaza impungenge z’uko umutekano we muri Congo wari ubangamiwe ndetse ukaba wari uri no mu kaga, ibyahuriranye n’igitutu yari amaze igihe ashyirwaho n’abategetsi b’i […]