U Burusiya bubona igihe kigeze ngo bwivugane Zelensky
Leta y’u Burusiya ibona igihe kigeze ngo yivugane Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, nyuma y’aho imushinje uruhare mu kigero cya ‘drones’ ebyiri cyagabwe ku biro bya mugenzi we Vladimir Putin i Moscow. Igitero cy’izi drones cyagabwe kuri ibi biro mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023, gusa Leta y’u Burusiya yatangaje […]
Perezida Kagame yanyuzwe n’akazi abarimo ingabo bakoze mu guhangana n’ingaruka z’ibiza
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashimye akazi gakomeye inzego zirimo izishinzwe umutekano zikomeje gukora, mu rwego rwo guhangana n’ingaruka zatewe n’ibiza biheruka kwibasira igihugu. Ni nyuma y’imvura ikomeye yibasiye intara z’amajyaruguru, u Burengerazuba ndetse n’Amajyepfo byahitanye abantu 129; nyuma y’imvura idasanzwe yibasiye uturere tugize izi ntara mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa […]