Acide itera ikirungurira iturukahe?

Ni kenshi mujya mwumva umuntu avuga ko arwaye ikirungurira ariko hakaba hari n’ababyumva ntibamenye ibyaribyo kuko batarakirwaraho. Ubundi umuntu urwaye ikirungurira biba byatewe n’aside (Acide) izamuka mu gifu hakazamuka ibintu bisharira kandi bisa n’ibitwika umuhogo umuntu akumva atameze neza. Kugirango iyo Acide izamuke ahanini biba byatewe n’uko igice gihuza umuhogo n’igifu cyiba cyagize ikibazo bikabangamira […]
Se wa Messi yagize icyo avuga ku makuru yerekeza umuhungu we muri Al Hilal
Jorge Messi usanzwe ari se wa Lionel Messi ndetse akaba ari na we ushinzwe gukurikirana inyungu ze, yatangaje ko nta kipe iyo ari yo yose umuhungu we aremerera ko azayerekezamo mu mpeshyi y’uyu mwaka. Ni ibikubiye mu itangazo uyu musaza yasohoye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Gicurasi 2023. Yagize ati: “Rwose nta kintu […]
Pakistan: Imran Khan wahoze ari minisitiri w’intebe yatawe muri yombi
Kuri uyu wa Kabiri, ikigo cya Pakistan gishinzwe kurwanya ruswa cyataye muri yombi uwahoze ari Minisitiri w’intebe, Imran Khan, ku Rukiko Rwisumbuye rwa Islamabad, mu gikorwa gishobora gushoza imvururu nshya mu gihugu mu gihe ishyaka rye ryasabye ko haba imyigaragambyo mu gihugu cyose . Amashusho y’ifatwa rye yerekana abashinzwe umutekano benshi bambaye ibikoresho byo kugenzura […]
Lionel Messi mu nzira zisanga Cristiano muri Soudi Arabia

Amakuru akomeje gucicikana mu mikino , ni uko Lionel Messi agiye kwerekeza mu gihugu cya Soudi Arabia mu kwezi kwa Nyakanga . Amakuru yamaze kwemezwa ko Messi yasinye amasezerano ya miliyoni 522 z’amayero (EURO),ngo yerekeze mu ikipe ya Al nassr isanzwe ikinamo Cristiano Ronaldo. Ni nyuma y’uko mu minsi ishize yari yahagaritswe na Paris Saint […]
Undi muyobozi muri FERWAFA yeguye, hatumizwa Inteko rusange idasanzwe
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutumiza Inteko rusange izahuza abanyamuryango baryo; bikaba byitezwe ko izaseserezwamo Komite nyobozi kuri ubu iyoboye ririya shyirahamwe. Iyi nteko rusange izaterana ku Cyumweru tariki ya 15 Gicurasi 2023, ikazabera muri LEMIGO Hotel ku Kimihurura. FERWAFA yatumijeho abanyamuryango bayo nyuma y’iyegura rya Inspector of Police Umutoni Claudette wari usanzwe […]
Umwana wa Patoranking yateye benshi amarangamutima
Wilmer, umwana muto w’umuhanzi Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye ku izina rya Patoranking muri Nigeria no ku Isi, yateye benshi amarangamutima ubwo yabwiraga uyu mubyeyi we amagambo meza. Patoranking yasangije abamukurikira videwo imugaragaza ari kuganira n’uyu mwana w’umukobwa, umwana abanza kumusoma maze amubwira amagambo meza adasanzwe. Ati: “Ndagukunda, ndi Spiderman kandi ndi icyamamare.” Uyu muhanzi yagaragaje […]
Abadepite ntibashyigikiye igabanywa rya miliyari 14 ku ngengo y’imari y’ubuhinzi
Abadepite bagize komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu bagaragaje ko badashyigikiye igabanywa ry’amafaranga y’u Rwanda akabakaba miliyari 14 ku ngengo y’imari igenerwa Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI. Babigaragaje kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 ubwo baganiraga na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, ku mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka w’2023/2024 igenerwa y’ubuhinzi n’ubworozi ya MINAGRI n’ibigo […]
Yakodesheje umwicanyi ngo yice abana be atazagira uwo aha ku mitungo

Minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu cy’Uburusiya , yemejwe itabwa muri yombi ry’umugore w’umupfakazi wakodesheje umwicanyi kabuhariwe kugirango amwicire abana be batatu bityo ntazagire uwo araga imitungo. Police yo mu gace ka Krasnoyarsk, ikimara kumenya ayo makuru ngo yahise imuta muri yombi nyuma yo kwishyura umwicanyi amafaranga ya mbere mu gihe andi yari kuyamuha umugambi yacuze […]
Umwami Charles III na Boris Johnson baba baratonganiye i Kigali
Umunyamakuru Guto Harri wahoze ari umuyobozi ushinzwe itumanaho mu biro bya Boris Johnson, yahishuye ko uyu wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yatonganye n’umwami Charles III wa kiriya gihugu bapfa amasezerano yerekeye kwakira abimukira u Rwanda rwasinyanye n’u Bwongereza. Aba bombi ngo batonganiye i Kigali muri Kamena umwaka ushize, ubwo bari bahitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu […]
Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na miliyari 877 $ cyakomeje guha ibindi bihugu umwitangirizwa mu gushora akayabo mu kubaka igisirikare aho igihugu cy’u Bushinwa kikigwa mu ntege zigikubye inshuro zirenga 3 ukurikije ingengo y’imari igenda ku gisirikare cy’ibihugu byombi . Dore uko ibihugu byarutanwe mu gushora mu gisirikare muri 2022: USA: $877 billion […]