Patrick washinjwe gufata kungufu mu 1994 yagizwe umwere nyuma yo gufungwa imyaka 29

Umugabo witwa Patrick Brown ubarizwa muri Leta ya Louisiana mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika,yarekuwe n’urukiko kuri kuri uyu wa mbere taliki 8 Gicurasi 2023, nyuma y’uko agizwe umwere ku cyaha cyo gufata ku ngufu. Uyu mugabo w’imyaka 49, ngo yasohotse muri Gereza nyuma yo kumaramo imyaka 29 aho yari yarakatiwe […]
Sergio Busquets yasezeye FC Barcelona yandikiyemo amateka
Umunya-Espagne Sergio Busquets yatangaje ko azatandukana na FC Barcelona ubwo umwaka w’imikino wa 2022/23 uzaba urangiye, nyuma y’imyaka 15 ayikinira. Iyi kipe y’i Catalunya yemeje aya makuru binyuze mu mashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo. Ni amashusho Busquets agaruka ku bihe byiza yagiriye muri Barà§a kuva ayigezemo akiri umwana muto kugeza urugendo rwe nk’umukinnyi wayo […]
France: Hatangiye urubanza rwa Hategekimana ukurikiranweho uruhare muri jenoside
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Gicurasi 2023, uwahoze ari umujandarume mu Rwanda yatangiye kuburanishwa mu Bufaransa, akurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no mu byaha byibasiye inyokomuntu mu 1994 . Philippe Hategekimana w’imyaka 66 yahungiye mu Bufaransa nyuma ya jenoside, ahabwa ubuhungiro nyuma yo gukoresha amazina y’impimbano. Ni ku nshuro ya gatanu mu Bufaransa […]
Umuherwe Elon Musk yagumuye abakoresha WhatsApp
Umunyamerika Elon Musk uri mu baherwe ba mbere ku Isi, akaba ari na we Muyobozi Nshingwabikorwa w’urubuga rwa Twitter, yatangaje ko WhatsApp ya mugenzi we Mark Zuckerberg atari iyo kwizerwa. Musk kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 yagize ati “WhatsApp si iyo kwizerwa”, asubiza Enjenyeri wa Twitter winubiraga ko mu gihe yari asinziriye, telefone yakiriye […]
Sudani: Umurwa mukuru wibasiwe n’ibitero by’indege n’ibikorwa by’ubusahuzi
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urugamba rwo mu murwa mukuru wa Sudan, Khartoum, rwaranzwe n’ibitero byinshi by’indege mu gihe ku rundi ruhande hagaragaye ibikorwa by’ubusahuzi ku rundi ruhande Arabia Saoudite ikaba ivuga ko imishyikirano irimo gukorwa kugira ngo imirwano ihagarare mu gihe gito . Ababibonye bavuga ko ingabo zagabye igitero gikomeye cy’indege muri Khartoum rwagati […]
Turahirwa Moses yemereye urukiko ko yamaze imyaka hafi 2 anywa urumogi
Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions, yemereye imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge, avuga ko yamaze imyaka igera kuri ibiri arunywera mu Butaliyani aho yabaga. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi ni bwo Turahirwa yagejejwe imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kumuburanisha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. […]
Umuraperi Riderman yararozwe akajya aruka amaraso ariko aryumaho

Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman yatangaje ko bigeze kumuroga ariko arabiceceka bimenywa n’abari bamuri hafi gusa. Kumenyekana kw’aya makuru byatunguranye kuko usanga akenshi bimenyerewe ko iyo hagize ikintu runaka kiba ku byamamare runaka, usanga bihita bikwirakwira hose, byaba kumaradiyo cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Aya makuru Riderman yayashyize hanze, mu mpera zicyumweru gishize aganira na […]
Green Party yateguye kongere izatorerwamo uzayihagararira mu matora ya perezida yo mu 2024
Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) kuri uyu wa Gatandatu utaha, itariki 13 Gicurasi 2023, bazateranira muri kongere y’ishyaka aho ku murongo w’ibizigirwamo harimo no gutora uzahagararira ishyaka mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha . Iyi kongere biteganyijwe ko izabera muri Hotel Olympic ku Kimironko, Akarere ka Gasabo, mu […]
Col Doumbouya yirukanye Gén wari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cye
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Colonel Mamadi Doumbouya, yirukanye ku mirimo Gén Sadiba Koulibaly wari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu cye. Itangazo rivana Gen Koulibaly ku mirimo ryasomewe kuri Televiziyo y’Igihugu mu ijoro ryakeye. Uyu musirikare yahise asimburwa na Général Ibrahima Sory Bangoura wari umaze umunsi umwe avanwe na Perezida Doumbouya […]
Tshisekedi yandagaje ingabo za EAC n’uwari Komanda wazo

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yandagaje ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziri mu gihugu cye n’uwahoze ari Komanda wazo, Major General Jeff Nyagah, uherutse kwegura. Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko yagiriye muri Botswana kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023, Tshisekedi yasobanuye icyatumye asaba ubufasha mu bihugu biri mu […]