Bemba yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda igezweho

Minisitiri w’ingabo n’abahoze ari abasirikare wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda iri mu zigezweho. Ibiro bye bisobanura ko yabikoreye mu ruzinduko ari kugirira muri Indonesia, rwatangijwe no gusura inganda z’iki gihugu zicura intwaro z’ubwoko butandukanye kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023. Nk’uko bigaragara mu mafoto, Minisitiri Bemba […]
Afurika y’Epfo mu iperereza ryo kumenya niba hari umuyobozi wohereje intwaro mu Burusiya
Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo byatangaje ko guverinoma igiye gushyiraho itsinda ryigenga riyobowe n’uwahoze ari umucamanza, rizakora iperereza rimenye niba koko hari uwo mu butegetsi bw’iki gihugu uherutse kohereza intwaro mu Burusiya. Ni nyuma y’aho Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zigaragarije Afurika y’Epfo impungenge z’uko ubwato bunini bwitwa Lady R bwo mu Burusiya […]
Ramaphosa yemereye RDC Ingabo zo kuyifasha kwivuna abarimo M23
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, yijeje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo kuyifasha kwigobotora imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwayo. Ramaphosa yijeje RDC izi ngabo muri iki cyumweru, ubwo yari i Windhoek muri Namibia ahaheruka kubera inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa SADC yigaga kuri Congo. Yagize ati: “Afurika y’Epfo yiteguye gutanga […]
Gukora imibonano ku mugore uri mu gihembwe cya kabiri cyo gutwita biraryoha cyane

Bisanzwe bimenyerewe ko umugore atwita amezi 9, bisobanuye ko muri ayo mezi iyo uyagabanyije mu bihembwe usanga umugore atwita ibihembwe 3. Muri ibyo bihembwe byose , umugore ufite umugabo aba yemerewe kuba yakora imibonano mpuzabitsina mu gihe yumva nta nkomyi , yumva afite ubushake. Mu gihembwe cya mbere ubwo ni ukuvuga amezi atatu ya mbere […]
Burundi: Bunyoni yaba yarahaswe ikiboko kugeza yemeye ko yashakaga guhirika ubutegetsi
Mu gihe cy’ibyumweru bibiri yamaze afungiwe muri kasho y’urwego rw’igihugu rw’ubutasi mu Burundi (SNR), ngo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Guillaume Bunyoni, yaba yarakorewe iycarubozo kugirango yemere kuvuga abo bari bafatanyije umugambi wo gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Ndayishimiye . Ni amakuru aturuka muri bamwe mu bakada ba CNDD-FDD agera ku rubuga UBMNews rwo mu Burundi […]
U Bwongereza bwahaye Ukraine misile ziraswa mu bilometero 250
Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe ingabo, Ben Wallace, yatangaje ko boherereje Ukraine misile ziraswa mu ntera y’ibilometero 250 zitwa Storm Shadow, kugira ngo ziyifashe kwirwanaho mu ntambara yashojweho n’u Burusiya. Wallace mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023, yasobanuye ko izi misile zizaha Ukraine amahirwe yo “gusubiza imyuma ingabo z’u Burusiya ziri ku […]
Wari uziko kurya vubavuba byagutera isepfu? Dore ibindi biyitera n’uko yayihagarika
Abantu benshi usanga bagira ikibazo cyo gusepfura ariko ntibamenye uko bashobora kwivura.Ubundi kugirango umuntu asepfure biba byaturutse ku mihindagurikire y’umubiri aho usanga igice kitwa Diaphragm gisa ni kifunze bityo umwuka ukabura aho unyura. Gusepfura biterwa n’impamvu zikubiye mu mu buryo bubiri: Hari uburyo bwo mu bigaragara inyuma no mu buryo bw’imitekerereze. Mu buryo bwo mu […]
Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abagizweho ingaruka n’ibiza mu Rwanda
Guverinoma ya Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abo ibiza biherutse kugiraho ingaruka mu Rwanda, Repubulika ya demukarasi ya Congo na Malawi. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’imirimo rusange, July Moyo, yabimenyesheje abaminisitiri bagenzi be ubwo bari mu nama, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’itumanaho akaba n’Umuvugizi wa guverinoma, Monica Mutsvangwa, mu kiganiro n’abanyamakuru. Minisitiri Mutsvangwa yagize ati: […]
Umukinnyi wa APR FC yasabye imbabazi umusifuzi yadomye umutwe
Mugisha Bonheur ‘Casemiro’ ukina hagati mu kibuga mu kipe ya APR FC, yasabye imbabazi umusifuzi Ishimwe Didier nyuma yo gukoreshwa n’umujinya bikarangira amukubise umutwe. Byabaye kuri uyu wa Gatatu mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro APR FC yaguyemo miswi na Kiyovu Sports igitego 1-1. Kwitonda Alain’Bacca’ ni we wafunguriye APR FC ku gitego […]
Ingabo za Armenia n’iza Azerbaijan zongeye kurasanaho hafi y’umupaka
Kuri uyu wa Kane, Ingabo za Armenia na Azerbaijan zarasanyeho ku birindiro byazo mu gace ko ku mupaka, aho impande zombi zivuga ko abasirikare bazo bakomeretse . Armenia yavuze ko igisirikare cya Azerbaijan cyagabye igitero cy’intwaro ziremereye ku basirikare bayo hafi y’umudugudu wa Sotk ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha […]