Gakenke: Habarurema waherukaga kugwirirwa n’ikirombe yatabawe ari muzima

Umusore witwa Habarurema waherukaga kuburirwa irengero nyuma yo kugwirwa n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro yacukuraga, yabonetse kuri uyu wa Kane ari muzima. Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi ni bwo uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko yagwiriwe n’ikirombe kiri mu murenge wa Ruli. Ni ikirombe bivugwa ko gifite uburebure bwa metero ziri hagati ya […]

Kenya:Havumbuwe indi mirambo 12 y’abategetswe kwiyiriza ubusa ,abamaze gupfa bose ni 145

4b31df4dc5f2dc23.jpg

Imibare y’abakirisitu bapfiriye mu ishyamba rya Shakahora ikomeje gutumbagira nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu habonetse indi mirambo 12 yiyongera ku 133 yari yarabonetse. Igikorwa cyo gukomeza gushakisha abapfiriye muri iryo shyamba, ntikigeze gihagarara kuko buri gihe niko hakorwa iperereza ababonetse bagasuzumwa ngo harebwe koko niba ari inzara yaturutse ku kwiyiriza ubusa. Kuri uyu wa […]

Umunyakenya ntazigera agambanira Umunyarwanda — Mukoko ku mpamvu RDC ikwiye kuva muri EAC

Umunyekongo Fils Mukoko wiyita “Umurinzi w’urusengero rwa demokarasi”, avuga ku bibazo bya politiki na diplomasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye guverinoma kwitandkanya n’umunryano wa EAC ikagumana na SADC gusa kuko abona ari yo yabafasha . Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, Fils Mukoko usanzwe ri umuyoboke ukomeye […]

Inzuki zigeze kwica abantu 1000, zigabije abarokotse impanuka ya bus hafi kubica

busi yaguye ahari inzuki

Abantu 6, barimo umugore n’umwana we we w’imyaka 8 , bitabye imana nyuma y’uko imodoka (Bus),ihirimye mu kibaya cyari kirimo inzuki abasigaye zibahundagaraho. Mu ntangiro z’iki cyumweru, nibwo muri Nicaragua, habereye isanganya ubwo bus y’abanyeshuru yari itwaye abarenga 20, yataye umuhande imanuka mu kibaya cyari kirimo inzuki zikomoka muri afurika zirabigabiza zirabarya hafi kubura ubuzima. […]

RDC: Nyuma y’ibiza byibasiye Kalehe abasaga 5000 baburiwe irengero baracyashakishwa

Mu midugudu ya Nyamukubi na Bushsh muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa DRC, hakomeje gushakishwa imirambo y’abantu baburiwe irengero. Ku wa gatatu mu masaha ya mbere, abakorerabushake bakomeje gushakisha nk’uko umunyamakuru wa Ouragan.cd woherejwe aho avuga. Umubare w’abahitanwe n’ibiza byibasiye iki gice uragenda urushaho kwiyongera mu gihe imirambo 423 ari yo […]

U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025

Nyuma y’imyaka itatu ya mbere y’imikoranire, Paris Saint-Germain, imwe mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye ku Isi ndetse ifite izina muri siporo yamamaza u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, yongereye masezerano ifitanye na RDB azageza mu 2025 . Nkuko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, muri aya masezerano Visit Rwanda izakomeza kugaragara ku myambaaro […]

Col Doumbouya yirukanye Gén Sadiba Koulibaly nyuma y’amasaha 24 amugize Minisititi

Colonel Mamadi Doumbouya uyoboye Guinée-Conakry mu buryo bw’inzibacyuho yirukanye ku mirimo Gén Sadiba Koulibaly, nyuma y’amasaha 24 amugize Minisititi. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 09 Gicurasi ni bwo Doumbouya yari yagize Gén Koulibaly Minisitiri ushinzwe iterambere ry’imijyi ndetse n’imiturire. Byari nyuma yo kumwambura inshingano z’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Guinée akamusimbuza Général de […]