Amavubi yatewe mpaga na Bénin

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), yamenyesheje u Rwanda ko Ikipe y’Igihugu Amavubi yamaze guterwa mpaga na Bénin nyuma yo gukinisha umukinnyi wari uremerewe gukina umukino wabahuje. Icyemezo cyo gutera mpaga Amavubi cyatangajwe na Raymond Hack ukuriye akanama gashinzwe imyitwarire muri CAF. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Bénin yareze Amavubi muri CAF […]

Minisitiri Musabyimana yise abanyamukuru ba ‘Rusahuriramunduru’

Ibi biti byamaze gukurwaho ariko umunyamakuru yagaragaje ko abanyeshuri bakihambuka

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Musabyimana Jean Claude, yise abanyamakuru barimo aba Mama Urwagasabo ba Rusahuriramunduru ashingiye ku nkuru bakoze, bo bahamya ko bayifitiye ibimenyetso bifatika. Umunyamakuru w’iki kinyamakuru tariki ya 11 Gicurasi 2023 atangaje inkuru y’impuruza yerekana abanyeshuri biga mu ishuri ribanza rya Karambo riherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bambuka umugezi bakambakamba […]

Uganda:Yishwe amaraso ye ajyanwa kugurishwa ngo atambweho igitambo

Umugabo wari usanzwe atanzuzwe no gukora amashanyarazi, yishwe amaraso ye ashyirwa mu ibase ajyanwa kugurishwa kugirango bayatambeho igitambo. Mu mpera z’icyumweru dusoje, nibwo umugabo w’imyaka 32 witwa Nisiimwa yiciwe mu gace ka Nyamabale i Kabale mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Uganda, yishwe n’abagizi ba nabi nyuma y’uko basangiye inzoga bakamukata ijosi Urupfu rwa Nissimwa rukimara […]

Abarimo Museveni na Tshisekedi bagiye guhuriza u Burusiya na Ukraine mu biganiro by’amahoro

Ba Perezida b’ibihugu bitandatu bya Afurika barateganya kugenderera ibihugu by’u Burusiya na Ukraine “vuba bishoboka”, mu rwego rwo gufasha ibi bihugu byombi gukemura ikibazo cy’intambara bimaze umwaka urenga bihanganyemo. Byatangajwe na Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo kuri uyu wa Kabiri, mu kiganiro n’itangazamakuru. Ramaphosa yavuze Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya na mugenzi we wa […]

Mugabo, niba ushaka ko amasohoro yawe yiyongera ntukajye ubura aya mafunguro

capture5-3.png

Nyuma y’uko abahanga bagiye bavumbura amafunguro afasha buri gice cy’umubiri kurushaho kumererwa neza, ni nako batagiye bahwema gushaka ashobora kwifashishwa n’umugabo, mu gihe ashaka ko amasohoro ye yakwiyongera. Impuguke mu by’ubuzima zihamya ko kongera amasohoro no kugira amasohoro afite ubuzima byongera amahirwe yo kubyara, usibye kuba byongera umunezero hagati y’umugabo ugeze igihe cyo kurangiza mu […]

Rusizi: Meya ahangayikishijwe n’abakozi b’akarere bagera ku kazi bakerewe

Nteziyaremye avuga ko kugera ku kazi mu masaa yine atari ingeso gusa ahubwo ari n'uburwayi

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, avuga ko mu bakozi ayoboye hari abokamwe n’ingeso yo gukerererwa mu kazi, bakageraho mu masaa tatu n’igice ndetse na saa yine z’igitondo kandi amasaha mashya yagenwe ari saa tatu z’igitondo, akavuga ko bahagurukiwe, uzagirwa inama agakomeza iyo ngeso azafatirwa ibihano hakurikijwe amategeko. Uku ni ukwezi kwa 5 amasaha […]

Abagaba b’Ingabo za SADC bacuze umugambi wo gutsinsura M23

Abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo SADC baheruka guhurira mu nama yari igamije gucuriramo umugambi w’uko bafasha RDC kwigobotora imitwe yitwaje irimo n’uwa M23. SADC iheruka gufata umwanzuro wo kohereza Ingabo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gufasha iki gihugu kwigobotora imitwe yitwaje intwaro yo mu burasirazuba bwacyo. […]

Mu nzu ndangamurage z’u Rwanda hagiye kongerwamo ikoranabuhanga

Mu gihe isi ikomeje kwifashisha ikoranabuhanga mu bikorwa bitandukanye byiterambere ry’ubucuruzi, ninako rigenda ricengera no muzindi nzego mu rwego rwo kujyana n’ibigezwe. Ubusanzwe ntibyari bimenyerewe ko ikoranabuhanga ryinjira cyane mu byerekeye umuco , bitewe n’uko imico itandukanye iba igaragaza amateka yo hambere .Ibi rero bisa n’ibri guhindura isura mu muco nyarwanda kuko iri koranabuhanga rigiye […]

Abahanzi Nyarwanda 10 bapfubye

8-4.jpg

Mu muziki w’u Rwanda, hari abahanzi bagiye bahirwa bakamenyekana bagatumbagira ariko wasuzuma ugasanga nta mpano bari bafite. Hari abandi twagiye twumva banyura mu matwi y’abakunzi b’umuziki ariko nyuma bagahita baburirwa irengero cyangwa bagahera hagati kandi bari bafite impano. N’uyu munsi baracyahari banze kuzamuka cyangwa babivemo. Mu bamenyekanye cyane harimo abo wumvaga koko ko bafite impano, […]

FIFA yatesheje agaciro ikirego Mohammed Adil yari yararezemo APR FC

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), yateye utwatsi ikirego umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi yari yarayiregeyemo ikipe ya APR FC ayishinja kumuhagarika mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Mu Ukwakira umwaka ushize ni bwo Adil yari yareze iriya kipe y’Ingabo z’Igihugu muri FIFA. Byari nyuma y’uko yaherukaga kumuhagarika mu gihe cy’ukwezi kumwe kubera imyitwarire mibi; undi birangira yanze […]