Medvedev wahoze ari Perezida w’u Burusiya yandagaje Emmanuel Macron
Dmitry Medvidev wahoze ari Perezidaw’u Burusiya, yandagaje Perezida Emmanuel w’u Bufaransa nyuma yo kuvuga ko u Burusiya bwahindutse nyakamwe kubera gushoza intambara kuri Ukraine. Perezida Macron mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru l’Opinion cyo mu Bufaransa, yavuze u Burusiya bwatangiye guhakwa Bushinwa, avuga ko iki gihugu cya Perezida Vladimir Putin kuba cyarateye Ukraine byatumye gitakaza ubushongore […]
Musanze: Bafashwe bamaze gusenya moto, ibyuma byayo babibitse mu mufuka
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufungiye muri sitasiyo yarwo ya Muhoza mu karere ka Musanze abagabo batatu bafashwe bamaze gusenya moto bakekwaho kwiba, ibyuma byayo bakabibika mu mufuka. SP Ndayisenga Alex Ndayisenga ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage mu ntara y’Amajyaruguru, yatangaje ko aba bagabo batawe muri yombi n’uru rwego rushinzwe umutekano, ku wa 14 Gicurasi 2023 […]
MINAFFET itewe ipfunwe n’imodoka ba Ambasaderi 6 b’u Rwanda bakoresha
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko itewe ipfunwe n’imodoka ba Ambasaderi b’u Rwanda mu bihugu 6 bakoresha bitewe n’uko zishaje cyane. Izi modoka zirimo ikoreshwa n’Intumwa Nkuru y’u Rwanda mu Bwongereza, Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, uri mu Misiri, uri mu Burusiya, uri mu Bufaransa n’uri muri Ethiopia. Minisitiri Dr Vincent Biruta ubwo yari […]
Abakinnyi 3 ngenderwaho ba APR FC ntibazongera kuyikinira muri iyi “season”
Umutoza w’ikipe ya APR FC, Ben Moussa, yemeje ko ba myugariro Buregeya Prince, Niyigena Clement na Jean Claude Niyomugabo batazongera gukandagira mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino kubera imvune. Aba ba myugariro uko ari batatu bamaze igihe batifashishwa na APR FC, ndetse iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ntiyigeze ibifashisha mu mikino yombi ya ½ cy’irangiza cy’Igikombe […]
Dr Habineza abona kuba Umukuru w’Igihugu mu mwaka utaha bishoboka

Dr Frank Habineza uyobora ishyaka DGPR (Green Party) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije yagaragaje ko kuba Perezida w’u Rwanda mu mwaka utaha bishoboka. Mu nteko rusange ya DGPR yabereye mu karere ka Gasabo tariki ya 13 Gicurasi 2023, Dr Habineza yongeye gutorerwa kuyobora iri shyaka, abanyamuryango bemeza ko ari we uzabahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu […]