Uwiyamamariza kuyobora Amerika yagaragaje RDC nk’icyitegererezo mu kumungwa na ruswa
Nikki Haley wahoze ari Guverineri w’Intara ya Karolina y’Epfo na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu muryango w’Abibumbye, yagaragaje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’icyitegererezo mu kumungwa na ruswa. Muri Gashyantare uyu mwaka Haley yatangaje ko ari umukandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Amerika ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2024. Icyo gihe yahise […]
Kunywa ibirimo isukari nyinshi, kimwe mu bituma umugabo adashyukwa
Burya abagabo turakora cyane ,tukabyuka mu gitondo cya kare ,tugakora imirimo ivunanye nibindi byose bigoranye ngo tubashe kubona ibyo tugaburira imiryango ariko iyi mibereho idushyira mu kaga gakomeye ko kwibasirwa n’indwara zitandukanye ,ahanini zikomoka ku budahangarwa bw’umubiri bwagabanutse kubera stress ,indwara zituruka ku kunywa cyangwa kurya ibirimo isukari nyinshi. Amasukari ni kimwe mu bintu byangiza […]
Hari gahunda y’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bazajya bemererwa kwishyura FRW muri Uganda

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Uganda zifitanye gahunda y’uko abacuruzi bakorera muri ibi bihugu bazajya bemererwa kwishyura amafaranga bikoresha (Amanyarwanda n’Amashilingi), bidasabye ko babanza kujya kuyavunjisha. Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, yabyemeje ubwo yari mu nama mpuzamahanga y’igihugu yateguwe n’ishuri rikuru ry’igisirikare, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2023. Yagize ati: “Abacuruzi bo muri […]
Malawi:Impunzi zirimo Abarundi n’Abanyarwanda zirimo kujyanwa mu nkambi ku gahato
Mu gihugu cya Malawi haravugwa amakuru y’impunzi zirimo iz’Abarundi n’iz’Abanyarwanda zirimo kujyanwa mu nkambi ku ngufu.Ni icyemezo cyafashwe na Leta nyuma y’uko itanze umunsi ntarengwa wo kujya mu nkambi ariko ntibikorwe. Leta yari yatangaje ko impunzi zose zijya kuba mu nkambi ya Dzaleka, zikava aho zituye.Abarebwa n’iki cyemezo ni impunzi zigera ku bihumbi 8 zituye […]
FARDC yarahiriye kwikubita agashyi, ikigaranzura umwanzi
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyarahiriye kwikubita agashyi, kikigaranzura umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uw’iterabwoba wa ADF. Kuri uyu wa 17 Gicurasi ubwo FARDC yizihirizaga umunsi mukuru wayo mu mujyi wa Goma, Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, yatangaje ko […]
Dusabimana wari umaze ukwezi ashakishwa nyuma yo kwica nyirabuja yafashwe
Inzego z’umutekano zataye muri yombi Dusabimana Emmanuel ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umukecuru w’imyaka 75 yakoreraga akazi ko murugo.Uyu musore w’imyaka 20 yishe nyirabuja ahita atoroka. Ibi byabereye mu karere ka Ruhango mu murenge wa Kabagari, mu kagali ka Rwoga mu Mudugudu wa Rusebeya.Dusabimana akimara gufatwa yavuze ko hari abandi bafatanyije mu kwica nyakwigendera Mukarugomwa Joséphine. […]
Nyuma y’uko Yesu wo muri Kenya atawe muri yombi umugore we arataka inzara

Nabii Benjamin, umugore wa Eliud Wekesa usanzwe uzwi nka Yesu wa Tongaren, arataka inzara nyuma y’uko umugabo we atawe muri yombi.Uyu mugore avuga ko umuryango we umerewe nabi bityo akaba asaba ko umugabo we yarekurwa. Yagize ati” Kuva umugabo wanjye (Yesu Wa Tongaren) ajyanywe mu gihome, ubuzima bwarakomeye bitewe n’uko ariwe watugaburiraga.Kugeza ubu ndaboshywe simfite […]
SADC igiye gucura umugambi wo kwirukana Ingabo za EAC muri RDC
Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC), urateganya gukora indi nama izaba yiga ku bibazo byo muri Congo. Inama y’umutekano ya SADC byitezwe ko izabera i Windhoek muri Namibie mu cyumweru cya nyuma cy’uku kwezi kwa Gicurasi. Ku murongo w’ibyigwa harimo kurebera hamwe uko Ingabo za EAC ziri muri Congo zavanwayo, ndetse na gahunda […]
Polisi yatangaje ko hari abo ifata biyogosha ubwanwa banatwaye imodoka
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko hari abagabo ifata biyogosha ubwanwa banatwaye imodoka ndetse n’abagore bafatwa bisiga ibirungo (makeup). Mu kiganiro yatangiye mahugurwa ku mutekano wo mu muhanda yabereye ku Kacyiru kuri uwa 18 Gicurasi 2023, Polisi yasobanuye kandi ko aba babikora banirebera mu ndorerwamo z’imbere mu modoka, ku buryo haba hari ibyago byinshi byo gukora […]
Shakira na Piqué bakomeje guterana amagambo bapfa abana babo

Nyuma y’uko umuhanzikazi Shakira, na Gerard Piqué batandukanye ndetse hakabaho ko umwe ajya gutura ukwe n’undi bikaba uko , kuri ubu habaye gushyamirana hagati y’aba bombi bapfa ko abana bagaragara mu bitangazamakuru kandi bitemewe. Mu bitangazamakuru byo hirya no hino bitandukanye, biri gutangaza ko rukomeje kwambikana hagati y’ibi byamamare ahani bapfa ko umwe arimo kubangamira […]