Abashinzwe gutegura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda bakangishije kwigaragambya
Ihuriro rya PCS (Public and Commercial Services) rikorera mu biro bishinzwe umutekano w’imbere mu Bwongereza ryakangishije ko abarigize bashobora kwigaragambya mu gihe bategekwa gushyira mu bikorwa gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. Ihuriro risanzwe ritumvikana n’ibiro bishinzwe umutekano w’imbere (Home Office) kuri iyi gahunda kuko ngo ntiyemewe n’amategeko, kandi ryanze ko abarigize bagera ku bihumbi […]
Ese umubiri w’umuntu ukenera “Fbres” zingana iki? Dore indwara zirwanya harimo na Cancer
Abashakashatsi bo kuri Kaminuza ya Otago, muri Nouvelle Zélande na Kaminuza ya Dundee, bavuga ko umuntu akwiye gufungura nimiburiburi amagarama 25 ya “fibre” ku munsi.Bavuga ko ubishoboye yarenza amagarama 30, ko hari akarusho kanini. Umuneke wose upima amagarama 120 (120g), ariko wose ntugizwe na “fibre”. Ukuyemwo isukari n’amazi biwurimwo, usigarana 3g ya “fibre”.Kw’isi abantu benshi […]
Musanze: General Murokore yateguje abakubita abayobozi kunyagirwa n’imvura y’amahindu
Umuyobozi w’Inkeragutabara mu ntara y’Amajyaruguru, Major General (Rtd) Murokore Eric, yateguje abaturage bo mu karere ka Musanze bavugwaho gukubita abayobozi babo ko nibabikomeza, imvura y’amahindu izabanyagira. Mu kibaya cya Gatare gihuza akagari ka Kibirizi mu murenge wa Gacaca n’aka Cyabararika muri Muhoza hamaze iminsi havugwa abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bivugwa ko ari ‘Zahabu’, mu buryo […]
Putin akomeje gushyira Afurika y’Epfo ku gitutu cy’amahanga
Leta ya Afurika y’Epfo igiye gutora itegeko riyiha ububasha bwo kuzafata cyangwa ntifate Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu gihe yaba ageze muri iki gihugu. Minisitiri wungirije mu biro bya Perezida wa Afurika y’Epfo, Obed Pabela, ku munsi w’ejo yavuze ko igihugu cye kigiye gushyiraho itegeko riha Leta ububasha bwo gufata icyemezo cyo kuba yafata […]
Benzema yahawe akayabo n’ikipe yo muri Arabie Saoudite ngo ave muri Real Madrid
Umufaransa Karim Benzema ashobora gutandukana na Real Madrid asanzwe akinira muri iyi mpeshyi, nyuma yo kwemererwa umurengera w’amafaranga na Al Ittihad yo muri Arabie Saoudite. Benzema afitanye na Real Madrid amaze imyaka 14 akinira amasezerano azarangira mu mpeshyi y’uyu mwaka. Iyi kipe y’i Madrid imaze igihe ifite gahunda yo kumuha amasezerano mashya y’imyaka iri hagati […]
Ingabo za EAC zirarara zimenye niba ziva muri RDC cyangwa zikagumayo
Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zirarara zimenye niba zizava muri iki gihugu cyangwa se niba zikigumamo. Nyuma y’aho Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi, atishimiye umusaruro zatanze mu butumwa zahawe na EAC, muri Werurwe 2023 yanze kuzongeza manda y’amezi 6, aziha amezi atatu y’inyongezo. Tshisekedi, […]