Gutunga abimuwe n’ibiza bitwara Frw arenga miliyoni 100 ku munsi: MINEMA
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Kayisire Marie Solange, yatangaje ko Leta ikoresha amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 100 mu gutunga abaherutse mu byabo n’ibiza. Kayisire yavuze ko hakenewe amafaranga y’u Rwanda 296 yo kwifashishwa mu gutuza, gutunga no gusana ibikorwaremezo byangijwe n’ibi biza, Abanyarwanda n’inshuti z’igihugu bakaba bamaze gutanga inkunga ya Frw miliyoni 800, kandi ko […]