Data ni umwanzi w’igihugu ariko u Rwanda rurankunda_ Umuhungu wa Gen Omega wa FDLR
Mukiza Willy Maurice, umuhungu wa Gen Ntawunguka Pacifique ‘Omega’ uyobora Igisirikare cy’umutwe wa FDLR, yongeye kugaruka ku buryo umuryango we ubayeho neza mu Rwanda nyamara se umubyara ari we uyoboye abagambiriye kuruhungabanyiriza umutekano. Mukiza ni umwe mu rubyiruko 1000 ku wa Gatanu tariki ya 09 Kamena rwitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Urubyiruko […]
Umuryango wa Gisimba washimiye Perezida Kagame na Jeannette

Kuri uyu 10 Kamena 2023 ni bwo habaye umuhango wo gusezera Mutezintare Gisimba Damas wapfuye ku wa 4 Kamena 2023 azize uburwayi. Reba videwo y’umuhango wose Gisimba Damas azwiho kuba yaratabaye Abatutsi barenga 400 muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, yifashishije ikigo yashinze cyitaga ku mpfubyi cyitwa Gisimba Memorial Centre giherereye mu murenge wa Nyakabanda, […]
Col Nzapfakumunsi umaze imyaka irenga 20 ashakishwa yagaragaye mu Bufaransa
Lieutenant Colonel Jean Marie Vianney Nzapfakumunsi umaze imyaka isaga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yagaragaye mu Bufaransa. Uyu mugabo wari umujandarume mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yagaragaye nyuma y’iperereza ryakozwe n’ikinyamakuru La Libération cyo mu Bufaransa. Ni umwe mu Banyarwanda babarirwa muri 40 bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe […]
Eddy Kenzo yatangiye kwijujutira Abanyapolitiki
Umuhanzi Eddy Kenzo, yariye karungu aho avuga ko hari abanyapolitiki bica umuziki wo muri Uganda. Kenzo yavuze ko arambiwe kubona abanyamuziki babivanga na politiki kuko aribo bawupyinagaza bagatuma udatera imbere. Ati”Abanyapolitiki sibeza ku muziki wacu kuko batuma umuziki wacu usubira inyuma” Ibi abitangaje nyuma y,uko mu minsi ishize umuhanzi akaba n,umunyapolitike Bobi Wine avuze ko […]
Impamvu Intore Masamba yahaye Gen Muhoozi ingabo n’icumu
Umuhanzi Intore Masamba yasobanuye impamvu nyamukuru yatumye aha Gen Muhoozi Kainerugaba icumu n’ingabo, ubwo yitabiraga igitaramo cyari kigamije kwizihiza isabukuru ye y’amavuko. Muri Mata uyu mwaka Intore Masamba ari mu bahanzi batumiwe mu gitaramo cyiswe ‘Rukundo egumeho’ cyabereye mu gace ka Kigezi ho muri Uganda, kikaba cyari mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 Gen […]
Uko imbaraga za FDLR zisigaye zingana mu mboni za Gen. Makenga
Gen. Sultani Makenga ukuriye Igisirikare cya M23, avuga ko umutwe wa FDLR ugifite ingufu kuko kuri ubu ufite abarwanyi babarirwa mu 3,000. Makenga yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu ntangiriro z’uyu mwaka. Umutwe wa FDLR ugizwe n’abarwanyi biganjemo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ni umwe kuri ubu mu yimaze igihe ifasha Ingabo za […]
Yafunzwe azira kwica umugore we abanje kumuca amabere
Umugabo wimyaka 27 witwa Mkwate Chimbizi yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica umugore abanje kumukata amabere n,ibindi bice by,ibanga. Ibi byabereye mu gihugu cya Malawi mu gace kitwa Ngabu,aho uyu mugabo yishe urwagashinyaguro uyu mugore mbere yo kumukata ijosi. Umuvugizi w,igipolisi muri aka gace Edward Kabango,yemeje ayo makuru kuri Uyu wagatanu, aho yavuze ko ufunzwe akurikiranyweho […]
Guardiola yatanze integuza y,igikombe
Umutoza pep Guardiola yatanze integuza ko aribwegukane igikombe cy,irushanwa rya UEFA champions League. Ni umukino uza kubera kuri sitade ya Ataturk Olympic Stadium, muri Istanbul kuri Uyu wa Gatandatu taliki 10 Kamena 2023. Biteganyijwe ko umukino uza gutangira i saa 21h00 zo mu Rwanda,aho ikipe ya Manchester City iza kwesurana na Inter Milan itsinda akaba […]
Abasirikare ba Tanzania bagiye kwirukanwa muri Centrafrique bazira gusambanya abagore ku ngufu
Umuryango w’Abibumbye wafashe icyemezo cyo kwirukana abasirikare 60 ba Tanzania bari baroherejwe mu butumwa bwawo bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, nyuma y’uko bamwe muri bo bashinjwe ibyaha byo gufata ku ngufu abagore. Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Stéphane Dujarric, yatangaje ko icyemezo cyo kwirukana bariya basirikare “cyafashwe nyuma y’uko iperereza ry’ibanze rigaragaje ibihamya […]
Abana bakoze impanuka y’indege mu minsi 40 ishize babonetse mu ishyamba ari bazima
Abana bane b’abanya-Colombie babonetse mu ishyamba rya Amazone ari bazima, nyuma y’uko indege barimo mu minsi 40 ishize yakoraga impanuka bakisanga muri ririya shyamba ry’inzitane. Ni inkuru y’akanyamuneza yatangajwe bwa mbere na Perezida Gustavo Petro, mu butumwa buherekejwe n’ifoto y’abasirikare ndetse n’abatabazi bashakishaga bariya bana yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ati: “Abana bane bari […]