‘Ibaze’, indirimbo Jah Bone D yahimbye abikesha ijambo rya Perezida Kagame

”Iyaba abantu babazaga igihugu icyo bakimarira, aho kukibaza icyo kibamariye”, ijambo Perezida Paul Kagame yavugiye muri Wilson Hôtel i Genève mu Busuwisi muri 2004 ubwo yasuraga Abanyarwanda, imvugo yatumye Umuhanzi Jah Bone D ahanga indirimbo yise ”Ibaze”. Jah Bone D yabwiye Bwiza.com ko iri jambo rya Perezida Kagame rikubiyemo filozofi yibutsa Abanyarwanda gukunda igihugu cyabo (patriotisme) […]

Urukundo ipfundo ku kurebana ay’ingwe hagati ya Sandrine na Jackson wa Red Blue JD

Mu minsi ishize, nibwo umunyamakuru Abayo Yvette Sandrine yashyize hanze video ashinja uwitwa Jackson Dushimimana nyiri Red Blue JD ko yamwambuye amafaranga agera kuri miliyoni 2,400,000Frw hakiyongeraho ko ngo yamukoreye ihohotera rishingiye ku gitsina. Icyo gihe yabwiye bwiza.com ko impamvu yashyize hanze ayo makuru n’uko ngo uyu Jackson yakomeje kumubuza amahwemo nyuma y’uko yari yamusezeye […]

Igerageza ry’ibanze ry’urukingo rwa virusi itera Sida mu Rwanda riratanga icyizere – IAVI

Abayobozi babishinzwe baravuga ko igeragezwa ry’urukingo rwa virusi itera SIDA mu Rwanda, ryatangiye kuva mu 2021, ryerekanye iterambere ryiza mu byiciro byaryo bya mbere . Ku nkunga ya International Vaccine Initiative (IAVI), umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu, igeragezwa ririmo gukorerwa mu bihugu bibiri bya Afurika, u Rwanda na Afurika y’Epfo. Igeragezwa rigamije gusuzuma imikorere ya eOD-GT8 […]

Umugore yafashwe agiye kugurisha umwana ku bihumbi 50ksh

Polisi yo mugace ka Mlolongo yataye muri yombi umugore wari ugiye kugurisha umwana muri Uganda amuvanye muri Kenya aho yari guhabwa ibihumbi 50 by’amafaranga yo muri Kenya.Uyu mugore witwa Miriam Wesonga ufite imyaka18, yafashwe n’abaturage ubwo yacyebuzwaga hirya no hino afite umwana bisa nk’aho ataruwe bagira amacyenga bamushyikiriza Polisi. Akigezwa kuri sitasiyo ya Polisi Mlolongo […]

Telefone ikoreshejwe nabi ishobora kwangiza intanga

Umuhanga mu bumenyi bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo cye ‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’ kivuga ku ikoreshwa neza rya telefone ngendanwa, agaragaza ko mu gihe umuntu ayikoresheje nabi, ishobora kwangiza intanga, bikaba byagera ku rwego bivamo ubugumba. Yifashishije urugero rw’ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu bumenyi bw’imyororokere, Dr Ashok Agrawal ukorera mu kigo […]

FERWAFA yongeye kwangira Gacinya kwiyamamaza

Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yongeye kwangira Gacinya Chance Denis kwiyamamaza imuhora “ubunyangamugayo buke”. Ku wa 6 Kamena 2023 Komisiyo y’amatora ya FERWAFA yatangaje urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kujya muri Komite Nyobozi ya FERWAFA mu matora azaba tariki ya 24 Kamena 2023. Icyo gihe Gacinya ari mu bari bangiwe kwiyamamaza […]

Menya akandi kamaro ko kurya ubunyobwa bitari ukongera amasohoro gusa

Hari igihe usanga hari abagabo batakwegera ameza, batabonyeho isupu y’ubunyobwa cyangwa se ubunyobwa bukaranze babanza gufata mu gihe bategereje amafunguro, ahanini ari uburyo bwo kugirango bakumire ikibazo cy’amasohoro macye. Telegraph mu nkuru yanditse mu 2017, yatangaje ko mu bushakashatsi bwakozwe mu 2014 ku bagabo 100 bwasanze ko umugabo urya impeke zirindwi z’ubunyobwa ku munsi usanga […]

Malawi igiye kohereza abandi Banyarwanda

Guverinoma ya Malawi yatangaje ko yifatanyije n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, igiye gutangira koherereza u Rwanda Abanyarwanda 44 bifuje gutaha ku bushake. Nk’uko ikinyamakuru Nyasa Times cyabitangaje, Minisitiri w’umutekano w’imbere w’iki gihugu, Ken Zikhale Ng’oma kuri uyu wa 13 Kamena 2023 yamenyesheje abanyamakuru ko igikorwa kiratangira kuri uyu wa Gatatu. Minisitiri Zikhale yasobanuye ko […]

Kenya: Abapfuye bazize kwiyicisha inzara bamaze kurenga 300

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Kamena 2023, umubare w’abantu bapfuye bazize kwiyicisha inzara muri Kenya nyuma yo gushukwa n’umuyobozi w’itorero basengeragamo warenze 300 nyuma yuko abategetsi bataburuye imirambo myinshi mu ishyamba, muri amwe mu makuba akomeye ashingiye ku iyobokamana mu mateka ya vuba. Abayobozi bavuga ko abapfuye bari abayoboke b’Itorero Good News International Church, […]

Sudani: Gen Burhan ntakozwa ibyo guhura na Gen Dagalo nyuma y’aho Kenya yiyemeje kubahuza

Umuyopbozi w’Igisirikare cya Sudani ntabwo yiteguye guhura na mugenzi we bamaze amezi abiri bahanganye nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’iki gihugu nyuma y’aho umuryango wa IGAD utangaje ko uteganya guhuza aba bombi bakaganira. Mu nama ya IGAD yabereye muri Djibuti kuwa Mbere, uyu muryango watangaje ko ugiye kongera ibihugu byashinzwe gushaka igisubizo cy’ibibazo byo muri […]