Mali yasabye Loni gucyura vuba na bwangu abasirikare ifite ku butaka bwayo

Guverinoma ya Mali yasabye Umuryango w’Abibumbye gucyura abasirikare bawo bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri icyo gihugu (MINUSMA). Ni nyuma y’imyaka 10 Loni yohereje muri Mali Ingabo zo kuhagarura amahoro, kubera ibitero bya Islamic State byatangiye kwibasira iki gihugu kuva muri 2012. Uburakari bwatewe n’umutekano muke ukomeje kwiyongera muri Mali bwatumye hagati ya 2020 […]

Kurya Pome birinda gufatwa n,indwara zirimo na Diabete

Urubuto rwa Pome ruratangaje kuko ku barurya rubafasha kwirinda indwara zitandukanye zirimo Diabete .Pome ikungahaye ku mavitamine n,imyunyu ngugu ariyo mpamvu uwayiriye ahora akomeye. Ibi tuvuze haruguru ahanini bigaterwa n’ibinyabutabire bya Polyphenols ,quercetin na phloridzin ibi binyabutabire ni ingenzi cyane ku murwayi wa diyabete ndetse akaba ari nabyo bigira uruhare runini mu kugabanya isukari mu […]

UPDF iri guhigisha za kajugujugu ibyihebe byateye Uganda bikica abanyeshuri

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye guhigisha uruhindu ibyihebe byo mu mutwe wa ADF mu rwego rwo gutabara abanyeshuri byaraye bishimuse. Mu ijoro ryakeye ni bwo ADF yateye mu karere ka Kasese, yica abanyeshuri 37 bigaga ku Ishuri rya Mpondwe, umunani irabakomeretsa na ho batandatu irabashimuta. Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Gen […]

Kayonza: Byasabye imbaraga za Meya kugira ngo Green Party yemererwe gukora inama

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], ryangiwe gukorera inama muri imwe muri Hoteli zo mu karere ka Kayonza biba ngombwa ko hiyambazwa Meya wako. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo i Kayonza hagombaga kubera inama y’urubyiruko rwo muri ririya shyaka yo ku rwego rw’intara y’Iburasirazuba. Ni inama yagombaga kubera […]

Joseph Kabila yahishuye intandaro y’irindimuka ry’umubano we na Tshisekedi

Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Congo Kinshasa yashinje Félix Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi gukorera ‘Coup d’à‰tat’ itegekonshinga ry’igihugu, ibyatumye umubano bari bafitanye usenyuka. Muri Mutarama 2020 ubwo Tshisekedi yarahiriraga kuyobora RDC, we na Kabila bashinze ihuriro ryiswe FCC-CASH ryari rihuriwemo n’impuzamashyaka zarimo FCC rya Joseph Kabila, mu gihe CASH yari igizwe n’amashyaka atandukanye arimo […]

Zelensky ntakozwa ibiganiro Uburusiya butararekura uduce bwafashe

Perezida Zelensky aratangaza ko adateze kwicara ku ntebe y,ibiganiro na Perezida Putin mu gihe Uburusiya bwaba batarekuye uduce twose bwigaruriye. Ni nyuma y,uko kuri uyu wa Gatanu, Uburusiya bwari bwarashe umujyi wa Kyive ndetse ngo bukangiza zimwe mu ntwaro z’intambara. Mu nama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu iri kubera i St Petersburg mu Burusiya, niho Perezida […]

Kayonza: Musonere ukekwaho kwica umugore we n’abana 3 arahigishwa uruhindu

Inzego z’umutekano mu karere ka Kayonza ziri gushakisha umugabo witwa Musonere Théogène zikekaho kwica umugore we n’abana batatu. Musonere w’imyaka 40 y’amavuko akekwaho kwicisha umupanga abana be batatu barimo umukobwa umwe n’abahungu babiri, cyo kimwe na nyina ubabyara. Ba nyakwigendera biciwe mu mudugudu wa Mubuga, akagari ka Gitara ho mu murenge wa Kabare muri Kayonza, […]

Cameroun yanikiye ibindi bihugu ku bagabo bafite ibitsina birebire ku Isi

screenshot_20230617-085320_copy_413x343.png.jpg

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu bihugu 90 byakozweho ubusesenguzi bwasanze Igihugu cya Cameroun na Sudan byaje mu bihugu bifite abagabo bafite ibitsina birebire ku isi, naho Ubufaransa buza mu bifite abagabo bafite binini. Nk’uko Dailmaily yashyize urutonde hanze rw’ibihugu 20 byambere bifite abo bagabo,Abashakashatsi bo mu gihugu cy’Ubudage bavuga ko umubare munini wagaragaye mu bihugu by’afurika […]

Perezida Ndayishimiye avuga ko hari ideni u Rwanda rukibereyemo u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u avuga ko kuba u Rwanda rutarashyikiriza igihugu cye abaketsweho gushaka guhirika ubutegetsi ari ideni rukikibereyemo; gusa avuga ko iki kibazo kiri mu nzira zo gukemuka. Ikibazo cy’abakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza muri 2015 kiri mu byari byaratumye umubano w’u Rwanda n’u Burundi uzamba. Kuva muri 2020 ubwo Perezida […]

Uganda: Abanyeshuri 25 bishwe n’ibyihebe

Abanyeshuri 25 biciwe mu gitero abo bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF bagabye mu kigo cy’ishuri riherereye mu gace ka Kasese ho mu burengerazuba bwa Uganda. Ishuri ryagabweho igitero mu ijoro ryakeye ni iryisumbuye rya Mpondwe Lhubiriha riri hafi y’umupaka wa Uganda na Congo Kinshasa. Umuyobozi wo mu gace ka Kasese wavuganye na […]