Aya makosa umukobwa akwiye kuyirinda iyo ari gukoresha SMS aganira n’umukunzi we

Mu rukundo cyo kimwe no mu buzima busanzwe hari igihe abantu bahitamo uburyo bwo gukoresha ubutumwa bugufi nk’itumanaho ariko iyo bigeze mu bakundanana hari ibyo umukobwa asabwa kwitondera. 1.Kwandikira umusore amagambo menshi Mu gihe mukobwa/gore urimo wohererezanya ubutumwa bugufi n’uwo mukundana irende kwandika amagambo menshi cyane kuburyo uwo uyoherereje ashobora kubwinubira ahubwo ikiza n’ukugabanya ukagendera […]

Rayon Sports yasinyishije myugariro wasezerewe na Kiyovu Sports

Myugariro Serumogo Ally Omar wari umaze imyaka itanu muri Kiyovu Sports, yamaze kwerekeza muri Rayon Sports nyuma yo gutandukana na yo. Uyu myugariro ukina inyuma ku ruhande rw’iburyo yasinye amasezerano yo gukinira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ku mugoroba wo ku wa Kane Kiyovu Sports yari yatangaje ko yatandukanye na Serumogo wari usanzwe ari […]

Clever J aravumira ku gahera abo mu muryango wa Chameleon wamutereranye

Umuhanzi Clever J yifatiye ku gahanga abo mu muryango wa Jose Chameleon abashinja kumutererana mu buzima akomeje kubamo avuga ko batigeze bamushaka nk’umuryango ngo bamube hafi.Uyu mugabo ubusanzwe witwa Gerald Muwonge yabivuze asa n’usubiza abo mu muryango wa Mayanja bavuga ko atakabaye yitabira ibitaramo by’abandi bahanzi asize iby’abo mu muryango. Ni nyuma y’uko Clever J […]

Kinshasa: Mu mikino ya OIF hazifashishwa ba GP n’abapolisi 4500

Komite ya Repubulika ya demukarasi ya Congo yatangaje ko abazitabira amarushanwa y’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) bazarindirwa umutekano n’abasirikare bo mu rwego rushinzwe kurinda abayobozi bakuru (GP/GR) n’abapolisi 4500. Umuyobozi w”iyi komite uherutse kwitabira inama ya OIF itegura aya marushanwa yabereye mu Bufaransa tariki ya 21 Kamena 2023, Isidore Kwandja Ngembo, yasobanuye ko aba […]

Zimbabwe: Abakandida 10 biteguye guhangana na Mnangagwa mu matora yo muri Kanama

Abakandida 11 biteguye guhatanira umwanya wa Perezida wa Zimbabwe mu matora yo muri Kanama, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’amatora nyuma y’uko benshi babyifuzaga batemerewe kubera ko batigeze bakusanya amadorari 20.000 yari akenewe kugira ngo bagaragare ku rutonde . Biteganijwe ko amatora azahuriramo Emmerson Mnangagwa uri ku butegetsi, wo mu ishyaka rya ZANU-PF, na Pasiteri n’umunyamategeko, […]

Mu gihe habura imyaka 2 yo kugera ku ntego za EAC zo kurandura inzara ikomeje kwiyongera

Mu gihe hasigaye imyaka ibiri gusa kugeza igihe ntarengwa cyagenwe n’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) cyo guhagarika inzara muri gahunda y’iterambere ry’ubuhinzi ku mugabane wa Afurika, inzara n’imirire mibi biriyongera, nk’uko abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Afurika y’uyu muryango (EALA) babitangaza . Mu nama rusange yabereye muri Arusha kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki […]

Abacuruzi bo muri Uganda banezererewe u Rwanda nyuma yo gukura inzitizi ku mipaka

Abacuruzi bo muri Uganda bagaragaje ko bishimiye Leta y’u Rwanda nyuma y’aho ikuyeho inzitizi zatumaga abaruturukamo batoroherwa no kwambuka imipaka, bajya i Kabale, Kisoro n’ahandi. Imipaka y’u Rwanda na Uganda yafunguwe muri Werurwe 2022 gusa abacuruzi bo muri iki gihugu cy’abaturanyi bari bakigaragaza ko ibikorwa byabo bitagenda neza kubera ko abaturuka i Kigali bari basanzwe […]

Pasiteri Niyonshuti Théogène yapfuye

Pasiteri Niyonshuti Théogène wamenyekanye cyane nka ‘Inzahuke’, yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Inkuru y’urupfu rw’uyu muvugabutumwa wari ukunzwe n’abatari bake yatangiye kuvugwa mu ijoro ryakeye. Umuvugizi w’itorero ADEPR mu Rwanda nyakwigendera yasengeragamo, Rev. Past Ndayizeye Isaà¯e, ari mu bemeje urupfu rwe. Yabwiye Imvaho Nshya ko “N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro ariko twamenye ko Pasiteri Théogène yitabye […]