Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’amahoro

Umuyobozi w’umuryango Conacce Chaplains uharanira amahoro ku Isi, General Carlos Arroba Gaibor, yahaye Perezida Paul Kagame impamyabumenyi y’ikirenga (Doctorat) y’icyubahiro kubera uruhare yagize mu gushakira amahoro u Rwanda n’ibindi bihugu bitandukanye. Ni igikorwa cyabereye mu muhango wo gusoza ku mugaragaro amahugurwa yo kubungabunga amahoro binyuze mu kurwanya ibiyobyabwenge no guca imanza mu buryo bwunga yatangwaga […]
Hategekimana Philippe: « Nafashe icyemezo cyo kutagira icyo nongera kuvuga »
Iminsi iganisha ku musozo w’urubanza rwa Hategekimana Filipo alias Biguma irabarirwa ku ntoki! Ni mu gihe mu iburanisha ryose yaranzwe no kutavuga, nk’aho rutamureba. Mbere yo guceceka burundu, yahisemo kuvuga ijambo rito ry’imbamutima ze! Biguma aregwa ibyaha bishingiye kuri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Wavuze ko impamvu wahinduye izina ari uko utari kubona ibyangombwa hano […]
Umutobe wavuye mu gisheke ushobora guhangana n,ubushyuhe buterwa n,imitezi
Igisheke cg igikaju bitewe n,uko ukita nta watinya kuvuga ko yaba umwana cyangwa umuntu mukuru iyo anyweye umutobe wacyo y,umva aryohewe. Uyu mutobe cyangwa amazi yacyo afite umumaro haba mu kurinda indwara cyangwa kumara inyota .Umutobe wavuye mu gisheke kimwe no kugihekenya bifasha mu guhangana n’ubushye uba wumva iyo urwaye indwara zifata mu myanya ndangagitsina […]
Bidatunguranye, Munyantwali Alphonse yatorewe kuba Perezida wa FERWAFA
Munyantwali Alphonse wari umaze igihe gito ari Perezida wa Police FC, yatorewe kuba Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Munyantwali wanabaye Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburengerazuba, yatorewe mu nteko rusange ya FERWAFA yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena. Uyu mugabo wari umukandida rukumbi ku mwanya wa Perezida wa FERWAFA, yatowe ku majwi […]
Ibanga ryo kwiga icyongeraza, ukanategura ibizami bya IELTS, TOEFL na DUOLINGO mu gihe gito

Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ukabimenya mu gihe gito. Iri shuri ryagabanyije ibiciro mu buryo bwo kwifafatanya n’abakiriya mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 7 rimaze rikora, […]
Nkore iki? Umukobwa twahuriye i Nairobi agiye kunsenyera
Umukunzi wa bwiza yanditse asaba abakunzi b,uru rubuga kumugira inama nyuma y,uko ahuriye n,umukobwa muri Kenya agashaka kumwigarurira kd asanzwe afite urugo. Yagize ati”Amazina yanjye ntabwo ndibuyavuge ku mpamvu z,umutekano wanjye.Ubusanzwe nibera i Nairobi ariko u undi uw,i Kigali. Nagiye muri Kenya 2012 ngiye gushaka ubuzima nk,abandi bose ariko ntibyakunda neza gusa ibyo nkayo birantunze […]
Musanze: Abagiraneza batangiye gufasha umubyeyi wibarutse abana batatu

Itorero Fatherhood Sanctuary riherereye mu karere ka Musanze ryabaye nyambere mu gufasha umubyeyi Nyiranzabonimpa Julienne wo mu kagari ka Kabeza, umurenge wa Cyuve wibarutse abana batatu aho ryamugeneye bimwe mu bikoresho nkenerwa by’umubyeyi n’iby’abana ubwo bamwe mu babyeyi baba muri iri torero bamusuye mu bitaro bikuru bya Ruhengeri, aho yababyariye. Ni nyuma y’iminsi ibiri ikinyamakuru […]
Perezida Putin yarahiriye guha isomo umukuru wa Wagner wigumuye
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye kuri uyu wa Gatandatu, yarahiriye ‘guhana’ umukuru w’abacanshuro ba Wagner nyuma yo kwigumura. Perezida Putin mu ijambo rye yagaragaje ko ibyakozwe na Yevgeny Prigozhin ari nko “gutera inkota igihugu mu mugongo.” Yavuze kandi ko ibyakozwe n’uriya muyobozi w’abacanshuro ba Wagner ari “ubugambanyi bwo […]
Haracyari ihurizo ku mushinga w,urugomero ku ruzi rwa Nile
Gusubukurwa ku mushinga w,urugomero ku ruzi rwa Nile wongeye kuburwa nyuma y,uko Igihugu cya Ethiopia kiwushyizemo imbaraga. Guvernoma ya Ethiopia yongeye kuzamura ingingo yo kubaka urugomero ku ruzi rwa Nile, yakunze guteza impaka hagati ya Ethiopia, Misiri na Sudani Minisitiri w,intebe wa Ethiopia yatangaje ko muri uyu mushinga hazakenerwa nibura miliyali 4 na miliyoni 200 […]
Umukuru wa Wagner yarahiriye gutsinsura abayobozi bakuru b’Ingabo z’u Burusiya
Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, yatangaje ko azakora ibishoboka byose agasenya ubuyobozi bukuru by’igisirikare cy’u Burusiya. Uyu mugabo yatangaje ibi nyuma y’amasaha make Klemlin [Perezidansi y’u Burusiya] imushinje “kwigumura akoresheje intwaro.” Umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha Ingabo z’u Burusiya mu ntambara zimaze umwaka n’amezi atandatu zihanganyemo n’iza Ukraine. Kuri ubu umwuka […]