Sierra Leone: Perezida Julius Maada Biyo yatorewe manda ya kabiri
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Kamena, komisiyo ishinzwe amatora muri Sierra Leone, yatangaje ko Perezida Julius Maada Bio, uri ku butegetsi kuva mu 2018, yatsindiye manda ya kabiri ku majwi arenga 56% . Komiseri mukuru wa Komisiyo y’Amatora, Mohamed Kenewui Konneh, yabwiye abanyamakuru mu murwa mukuru Freetown ati: “Nshingiye ku bubasha nahawe, ndemeza ko […]
Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) burarangirana n’uku kwezi
Inshingano z’imyaka icumi z’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Mali zizarangira ku itariki ya 30 Kamena, nk’uko abadipolomate babitangaje kuri uyu wa Kabiri ushize, mbere y’uko Akanama k’Umutekano gatora umushinga w’uyu mwanzuro, wabonywe na Reuters, uzaha abasirikare ibihumbi 13 amezi atandatu yo kuhava . Iherezo riteganyijwe ry’ubutumwa bwa MINUSMA rije nyuma y’umwuka mubi umaze […]
Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
Kuba Umunyarwanda, kuvuga Ikinyarwanda, kugira ibikorwa mu Rwanda cyangwa se umutungo muri iki gihugu birasa n’aho byahindutse ikizira mu maso y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo guhera mu mwaka ushize, ubwo bwatangiraga kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuva icyo gihe ni bwo urwego rwa RDC rushinzwe iperereza (ANR) rwatangiraga gukora umukwabu muri […]
TotalEnergies yongeye kujyanwa mu rukiko kubera imishinga yayo muri Uganda
Amatsinda atanu y’impirimbanyi yongeye gutanga ikirego mu rukiko rw’imbonezamubano rwa Paris kirega sosiyete y’Abafaransa yitwa TotalEnergies (TTEF.PA) ku nshuro yayo ya kabiri kubera imishinga y’iki kigo muri Uganda na Tanzania , nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko igerageza rya mbere muri Gashyantare ryari ryatewe utwatsi . Amatsinda y’Abafaransa n’Abagande, ayobowe n’Umuryango “Inshuti z’Isi” […]
Luanda: Kagame na Tshisekedi bashimwe, FDLR na M23 bongera kwihanangirizwa
Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashimwe kubera “umuhate wabo mu gushaka igisubizo cy’amakimbirane” ari hagati y’u Rwanda na RDC. Abakuru b’ibihugu byombi bashimiwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kamena, ubwo i Luanda muri Angola haberaga inama y’inyabune yigaga ku bibazo bya Congo. Ni […]
Impinduka kwa Pasiteri Théogène kugeza ku nzu ya Frw miliyoni 100 yubakiwe
Umugore wa Pasiteri Niyonshuti Théogène, Uwanyana Asiya, akomeje gushimira ababafashije kubaka ubuzima n’abakomeje kumufasha nyuma y’aho umugabo we apfuye azize impanuka. Uwanyana, kuri uyu wa 27 Kamena 2023 ubwo yari mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Pasiteri Niyonshuti, yavuze ko babanje kubana mu buzima bugoye, aho babaga mu bukode bw’icyumba kimwe n’uruganiriro (salon), kubona amafaranga […]