Paris: Urugo rwa meya rwatewe n’abigaragambya abasaga 700 batabwa muri yombi

U Bufaransa bwabonye ijoro rya gatanu ry’imvururu, ubwo habaga imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambyaga mu mujyi wa Marseille wo mu majyepfo y’igihugu . Abantu bagera kuri 719 batawe muri yombi ijoro ryose, nyuma y’abasaga 1000 bafashwe mu ijoro ryabanje nk’uko tubikesha BBC. Polisi ivuga ko abigaragambyaga mu majyepfo y’umujyi wa Paris bateye inzu y’umuyobozi w’akarere […]

Boris Johnson asanga atari aha “abacamanza i Londres” kwemeza umutekano w’u Rwanda

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasabye Rishi Sunak kurenga inkiko nyuma yo kwemeza ko gahunda yo kohereza impunzi mu Rwanda itemewe n’amategeko . Boris yakoresheje umwanya wo kunyuzamo ibitekerezo bye yahawe na Daily Mail kugira ngo ashyigikire gahunda yo kujuririra iki cyemezo cy’abacamanza – ariko anavuga ko igihe kigeze ngo “duhindure amategeko” […]

Perezida Ndayishimiye yageneye umugore we ishimwe, asobanura impamvu

Perezida Ndayishimiye yasobanuye ko n'amahanga yamenye ibikorwa byiza bya Angeline

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageneye umugore we Angeline Ndayubaha ishimwe kuri uyu wa 1 Nyakanga 2023, mu gihe bizihizaga imyaka 61 ishize igihugu cyabo kibonye ubwigenge. Iri shimwe yarihawe nk’uwagize uruhare mu iterambere ry’Abarundi n’uwaranzwe n’ibikorwa by’ubugiraneza, nyuma yo gutorwa na komite yihariye yashyizweho ngo itoranye abakwiye amashimwe kuri uyu munsi. Perezida Ndayishimiye yagize […]

Ukraine: Kiev yongeye kugabwaho igitero cya za drones nyuma y’ikiruhuko

Kuri iki Cyumweru, u Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote kuri Kyiv nyuma y’ikiruhuko cy’iminsi 12, nkuko byatangajwe n’umuyobozi w’igisirikare cya Ukraine,wemeje ko uburyo bwo kwirinda ibitero byo mu kirere bwangije drones zose zabusatiraga . Mu nyandiko yanditse ku rubuga rwa Telegram, Colonel General Serhiy Popko, ukuriye ubuyobozi bwa gisirikare muri Kyiv, yagize ati: “Ikindi […]

Rusesabagina arahamya ko ikirahuri cyamukozeho

Rusesabagina Paul uherutse gusohoka muri gereza ya Nyarugenge nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Paul Kagame, yatangaje ko ikirahuri yahawe ari cyo cyatumye yisanga mu maboko ya Polisi y’iki gihugu n’urwego rw’ubugenzacyaha. Uyu mugabo wahamijwe ibyaha by’iterabwoba yatawe muri yombi muri Kanama 2020 ubwo yururukaga indege yihariye y’ikigo GainJet Aviation, ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya […]