Rusesabagina yivuguruje ku butumwa bwe bushyigikira ibitero bya FLN

Rusesabagina Paul uherutse gufungurwa nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame Paul, yavuguruje ubutumwa yigeze gutanga mu mpera z’umwaka w’2018, ashyigikira ibitero by’umutwe witwaje intwaro wa FLN/NLF mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Rwanda. Ubwo FLN yatangiraga kugaba ibitero muri ibi bice byegereye Nyungwe, Rusesabagina wari umuyobozi w’ihuriro mpuzamashyaka rya MRCD, yasohoye videwo ngufi, ashimira aba barwanyi, […]

Ally Soudy yavuze uko yiziritse kuri Emma Claudine ngo amwinjize mu itangazamakuru

Umunyamakuru akaba n’umushyushyabirori Uwizeye Soudy uzwi nka Ally Soudy yavuze urugendo rwe rw’uko yinjiye mu mwuga w’itangazamakuru abifashijwemo na mugenzi we Emma Claudine wari umwe mu bayobozi ba Radio Salus icyo gihe. Soudy kuri ubu uri mu Rwanda nyuma yo kuva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika asanzwe atuye, yabwiye umunyamakuru uburyo kwinjira mu mwuga […]

Mu 2050 ibihugu 3 bya Afurika bizaba biri mu bikize cyane ku Isi

572_in-1.png

Itsinda ry’ubugenzuzi n’ubujyanama, PricewaterhouseCoopers (PwC) muri raporo yaryo y’ubukungu bw’Isi yo mu 2016 ryagaragaje kandi rikora urutonde rw’ibihugu 32 bizaba moteri y’ubukungu bw’Isi mu 2050. Ukurikije uru rutonde, ibihugu bitatu byo muri Afurika, Nigeria izaba, mu 2050, iri ku mwanya wa 14 mu bihugu bifite ubukungu bukomeye ku Isi. aho izaba ikurikiwe na Misiri ku […]

Cabo Delgado: IS irigamba kwica abasirikare barimo aba RDF

Umutwe w’Iterabwoba wa Islamic State, wigambye ko ibyihebe byawo biheruka kwicira mu ntara ya Cabo Delgado abasirikare 10 bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’iza Mozambique. Mu ntara ya Cabo Delgado u Rwanda ruhafite Ingabo n’abapolisi boherejwe mu butumwa bwo guhiga ibyihebe byo mu mutwe wa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah. Uyu mutwe unazwi nka Al Shabaab […]

Abantu batatu bishwe nyuma y’igitero cya drone za Israel muri West Bank

Ingabo za Israel zagabye ibitero by’indege zitagira abapilote mu mujyi wa Jenin wo muri West Bank ku nshuro ya kabiri mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere , mu gikorwa cyatumye habaho kurasana n’imbunda kwagejeje mu gitondo hagapfa byibuze abantu batatu . Kubera urusaku rw’amasasu n’ibiturika byumvikanye mu mujyi nyuma […]

Ndayishimiye yahembye ba Minisitiri 2 amafaranga miliyoni 10 mu yo agenerwa

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahembye Minisitiri w’umutekano w’imbere n’ubutegetsi bw’igihugu n’uw’inyubako rusange n’imihanda kubera imirimo myiza bakoze mu nshingano zabo. Kuri Minisitiri w’inyubako n’imihanda, Perezida Ndayishimiye yagize ati: “Uvuga rimwe, akumva gatanu. Ngira ngo abakoraga urugendo rwa Bujumbura-Gitega, ubu igitoro musigaye munywa cyaragabanyutse, n’imodoka zagendaga zita ibyuma mu nzira, bu ntizikibita.” Kuri Minisitiri w’umutekano […]

Umubano wa Prince Harry na Meghan Markle urasumbirijwe

Maghan Markle na Prince Harry bakomeje kugarukwaho mu bitangazamakuru aho bivugwa ko bakomeje guhura n’ibizazane nyuma y’uko umwami Charles III yimikiwe kuba umwami w’ubwongereza. Ibinyamakuru birimo Dailymail bivuga ko aba bombi bakomeje ghuhura n’ibizazane nyuma yo gushyingiranwa i Bwami batabishaka bagahitamo kwikura mu mwanya w’icyubahiro bagahita bigira muri Amerika. Ibintu byaje guhumira ku mirari, ubwo […]

Tshisekedi yaba arimo kugera amajanja Kabila na Katumbi

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko bwamaze kunoza umugambi wo guta muri yombi Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu cyo kimwe na Moà¯se Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi. Ikinyamakuru Congo Intelligence cyanditse ko umugambi wo guta muri yombi aba banyapolitiki bombi wacuzwe n’Urwego rwahoze rushinzwe ubutasi bwa gisirikare muri RDC (DEMIAP) kuri […]

Senateri wa RDC yashinje Umuryango Mpuzamahanga kuba icyitso cy’u Rwanda mu Nteko ya EU

Muri iki cyumweru gishize impaka zabaye nyinshi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burayi, i Buruseli, umurwa mukuru w’U Bubiligi, ahari bamwe mu senateri bavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, barimo Senateri Laddy Yangotikala, watowe mu Ntara ya Tshopo, washinje Umuryango Mpuzamahanga gufatanya n’u Rwanda mu guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Congo . Mu gutangira […]