Abanyekongo binjiriye urubuga rwa FERWAFA

Umutwe w’Abanyekongo binjira mu makuru y’ikoranabuhanga y’abandi mu buryo butemewe n’amategeko (hackers) witwa DRC-Hacktiviste winjiriye urubuga (website) rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda. Uwageragezaga gusura urubuga rwa FERWAFA mu gitondo cy’uyu wa 3 Nyakanga 2023 kugeza nka saa moya n’igice, ntabwo yabonaga amakuru yose yari ahasanzwe, ahubwo yari yasimbuwe n’ubutumwa rukumbi buvuga ku ntambara iri kubera […]