Perezida Kagame abona impuguke za UN zaragombaga kuganiriza n’impunzi ziri mu Rwanda
Perezida Paul Kagame abona impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN) zakoze raporo ishinja Leta y’u Rwanda guteza umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo zaragombaga kuza kuganiriza impunzi z’Abanyekongo zaruhungiyemo, mu rwego rwo kwirinda kubogama. Umukuru w’Igihugu mu kiganiro yagiriye kuri radiyo na televiziyo by’igihugu kuri uyu wa 4 Nyakanga 2023, yatangaje ko izi […]
Perezida Kagame yiyemeje guhangana n’amarozi ari mu mupira w’u Rwanda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yanenze amarozi amaze igihe avugwa mu mupira w’amaguru, yiyemeza kuzashaka umwanya agahangana na yo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA). Hashize igihe Leta y’u Rwanda ikora ibishoboka byose kugira ngo iteze imbere Siporo zitandukanye, gusa umusaruro by’umwihariko mu mupira w’amaguru ukomeje kuba ikibazo. Kuri ubu […]
Umugabo yishe umugore we bapfa ibishyimbo ahita yishyikiriza polisi
Umugabo ubarizwa mu gace ka Kirinyaga ahashyira amajyepfo ya Mount Kenya, yishe umugore we bapfa ku kutumvikana ku musaruro w’ibishyimbo basaruye mu cyumweru gishize. Uyu mugabo yahise yishyikiriza Polisi nyuma yo gukora ayo mahano mu ijoro ryo ku cyumweru gishize taliki 2 Kamena 2023.Ibitangazamakuru byo muri Kenya n’abaturanyi bavuga ko uyu mugabo mbere yo kwishyikiriza […]
Hategekimana Philippe agiye kujurira
Umunyarwanda Hategekimana Philippe wamenyekanye nka ‘Philippe Manier’ na ‘Biguma’ arateganya kujuririra icyemezo cy’urukiko rwa rubanda rwa Paris, rwamukatiye igifungo cya burundu. Iki cyemezo cyafashwe tariki ya 28 Kamena 2023 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu. Ni ibyaha bikomoka kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko ikinyamakuru Le Monde cyabitangaje kuri uyu wa 4 […]
Kwisiga no kurya amavuta y’inka ni ingenzi ku buzima bwa muntu
Kurya no kwisiga amavuta y’inka bifite akamaro kanini ku mubiri wa muntu, aho usanga bifite intungamubiri zikomeye ku buzima bwa muntu.Kuyisiga byo ni ingenzi ku ruhu kuko bituma rusa neza cyane. Ubusanzwe amavuta y’inka ava mu mata akenshi y’amacunda.Ayo mavuta aba akungahaye ku myunyu ngugu aho usanga ababyeyi bakunda kuyakoresha bayasiga abana b’impinja.Uretse n’impinja usanga […]
Agathon Rwasa yirukanwe ku buyobozi bw’ishyaka CNL
Umunyapolitiki Agathon Rwasa, yirukanwe ku buyobozi bw’ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi. Rwaka yirukanwe n’abadepite 10 bagize Politiki ya ririya shyaka, nyuma y’igihe gito abahagaritse mu ishyaka. Aba badepite bamwihindutse bamuhagarika bamushinja “amakosa akomeye”, arimo gucurira “umugambi mubisha inzego z’ishyaka ndetse no kunyereza umutungo w’ishyaka.” Ishyaka CNL biciye mu munyamabanga waryo mukuru, ryasabye abayoboke […]
Igitero cya drones za Ukraine i Moscow cyahungabanyije ingendo z’indege
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya iravuga ko Ukraine yagabye igitero cy’indege zitagira abadereva i Moscou, bituma indege ziva ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Vnukovo zihagarikwa . Indege zitagira abaderevu eshanu zakoreshejwe mu gitero cyo kuri uyu wa Kabiri, cyibasiye ahantu mu karere kanini gakikije umurwa mukuru. Minisiteri y’ingabo yavuze ko indege zitagira abapilote zose zarashwe kandi […]
Umukobwa yirukanywe kukazi azira ibyo yatangaje kuri Davido
Umukobwa witwa Chisom Flower yirukanywe ku kazi yakoraga nyuma yo gushinja umuhanzi Davido kumutera inda akamutererana. Hashize iminsi uruhuri rw’abagore batandukanye bashinja Davido Adeleke ko yabateye inda mu bihe bitandukanye ariko kuri iyi inshuro umwe muri bo yagaragaje ko yirukanywe mu kazi azira ko yatangaje ibye n’uyu muhanzi. Chisom yari yavuze ko yaryamanye na Davido […]
Umunyamahanga wa mbere waje gukinira APR FC ari i Kigali
Umunya-Uganda Taddeo Lwanga wahoze akinira Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yabaye umunyamahanga wa mbere wageze i Kigali aje gukinira APR FC. Ni nyuma y’imyaka 11 iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yarafashe gahunda yo kuba ishyize ku ruhande gahunda yo gukinisha abakinnyi bakomoka mu mahanga. Radio Fine FM yatangaje ko uyu mukaseri uri mu […]
UK: Abanyamategeko bakora muri gahunda yo gukumira abimukira batemewe bagiye kongezwa amafaranga
Guverinoma y’u Bwongereza yafashe icyemezo cyo kongeza amafaranga abanyamategeko bakora muri gahunda yo gukumira abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo butemewe bakoresheje ubwato buto. Ni icyemezo cyafatiwe hamwe n’ibiro bishinzwe umutekano w’imbere (Home Office) na Minisiteri y’ubutabera nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Financial Times. Ibi biro biyoborwa na Minisitiri Suella Braverman byasabye ko abanyamategeko bongezwa umushahara […]