Rusizi: Umwarimu yatorokanye amafaranga 1.700.000 ya bagenzi be

Kuva ku wa 6 Nyakanga 2023, Nahimana Théogène wigisha Imibare muri G.S Cyato King’s House School, mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi yabuze ku kazi n’iwe mu rugo mu mudugudu wa Gitovu, akagari ka Kabagina muri uyu murenge wa Nyakarenzo, bagenzi be bakorana bakavuga ko yavuye ku ishuri avuga ko agiye kubazanira amafaranga yabo […]
APR FC yirukanye abakinnyi 10 bayobowe na Kapiteni Djabel
APR FC kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023, yamenyesheje abakinnyi 10 mu bayikiniraga ko itazakomezanya na bo, abandi babiri irabatiza. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo ubuyobozi bw’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu bwahuriye mu nama n’abakinnyi bayo. Ni inama yabereye ku biro by’iyi kipe ku Kimihurura. Imwe mu mpamvu z’iyi […]
Ikibazo cya M23 kigiye gusubiza Uhuru Kenyatta i Goma
Umuhuza w’Abanyekongo washyizweho n’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, Uhuru Kenyatta, arasubira mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 12 Nyakanga 2023, ajyanwe n’ikibazo cy’umutwe witwaje intwaro wa M23. Biteganyijwe ko Uhuru ahahurira na Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, na Minisitiri ushinzwe ukwishyira hamwe kw’akarere, Mbusa Nyamwisi. Aba bayobozi bose bazaganira […]
UPDF iryamiye amajanja yitegura imirwano na ADF
Inzego z’Umutekano muri Uganda ziri kurunda abasirikare benshi b’indwanyi mu bice bya Rwenzori, mu rwego rwo kwitegura imirwano n’inyeshyamba za ADF bikekwa ko zaba ziteguye guhungabanya umutekano wa kiriya gihugu. Kuri ubu abasirikare kabuhariwe ba Uganda bakomeje koherezwa mu turere tw’iki gihugu duhana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Polisi ya Uganda mu itangazo […]
Rayon Sports yagaruye umunye-Maroc wayivuyemo ahunze imibereho mibi
Amakuru akomeje kujya hanze ku byerekeye igura n’igurisha mu makipe akina muri shampiyona y’u Rwanda, aravuga ko ikipe ya Rayon Sports igiye kugarura umukinnyi w’umunya Maroc wayikinnyemo igihe gito ariko akaza kuyivamo. Uyu mukinnyi witwa Youssef Rharb byatangajwe ko agiye gusubira muri iyi kipe mu gihe yari yayivuyemo ayishinja kuba imufata nabi mu buryo butandukanye […]
Ishyaka rya Katumbi ryasobanuye uko umujyanama we yabonye nimero y’umujenerali wa RDF
Nyuma y’ukwezi kurenga afatiwe ku kibuga cy’indege cya N’djili, umujyanama wihariye wa Moà¯se Katumbi ntaraburanishwa. Hakurikijwe ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ubutasi bwa gisirikare bwashyize ahagaragara, Salomon Idi Kalonda ngo yaba afatanya n’abayobozi ba M23 ndetse n’abasirikare bamwe bo mu Rwanda kugira ngo bagerageze guhungabanya igihugu no gushyira ku buyobozi bwacyo umuyobozi ukomoka muri Katanga . […]
Ababikira barimo Abanyarwandakazi biciwe muri Yemeni bashobora kugirwa abatagatifu

Ababikira babiri b’Abanyarwandakazi, Nzamukunda Reginette na Mukashema Marguerita biciwe n’ibyihebe mu kigo cyita ku bari mu zabukuru cya Aden muri Yemen mu mwaka w’2016 bashobora kugirwa abatagatifu mu gihe cya vuba. Nzamukunda, Mukashema na bagenzi babo babiri: Kanini Judith ukomoka muri Kenya na Anslem ukomoka mu Buhinde bishwe barashwe urufaya rw’amasasu tariki ya 4 Werurwe […]
Ikibazo cya CIMERWA: Aho gahunda yo kwimura abaturage igeze nyuma y’amabwiriza ya P. Kagame
Muri Kanama 2022 ubwo Perezida Paul Kagame yaganiraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’Uburengerazuba, yatanze icyizere cy’uko Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego zitandukanye bagomba gukemura ikibazo cy’abaturage baturiye uruganda rwa CIMERWA babangamiwe na bo. Abaturage bamaze imyaka ine bagaragaza ko babangamiwe n’uru ruganda ni bo mu Mudugudu wa Nyakivomero, Akagari ka Mashesha mu Murenge […]
Umusekirite yarashe umukunzi we aramwica nawe ahita yirasa arapfa
Polisi mu karere ka Mayuge iri gukora iperereza ku cyishe Stephen Anyanya, wari umuzamu(Security guard) wa Priority One Security Group Limited, warangije ubuzima bwe nyuma yo kurasa no kwica umukunzi we Sarah Ayaya agahita apfa. Ibi byabereye ahitwa Bugadde Sacco Limited mu mudugudu wa Bugadde Amajyaruguru ya Uganda. mu mumujyi wo mu gasantire wa Bugadde. […]
Uganda irateganya kubaka umuyoboro wa peteroli uzagera mu Rwanda
Umuyobozi w’inama y’ubuyobozi bwa Mahathi Infra Uganda Ltd, Steve Omenge Mainda, yahishuye imigambi ya Uganda yo kubaka umuyoboro (Pipeline) uzajya unyuzwamo peteroli uzava Bukasa, ugakomeza Bwerenga muri Kawuku ukagera mu Rwanda, mu rwego rwo gukiza imihanda kunyuzwamo ibikomoka kuri peteroli . ” Twerekanye ko dushobora kandi twizera ko niturangiza uyu mushinga dushobora guhabwa uruhushya rwo […]