UK: Theresa May abona kwirukana abimukira bizorohereza abacuruza abantu
Theresa May wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ntashyigikiye gahunda ya guverinoma yo kwirukana abimukira bageze muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko guhera muri Werurwe 2023, cyangwa kubohereza ku ngufu ahandi hantu. Ibi yabivuze ubwo mu ngoro y’inteko ishinga amategeko bajyaga impaka kuri iri tegeko riha guverinoma ububasha bwo kwirukana abimukira bose bageze mu Bwongereza […]
“Nari narabyaye mbere yo kubana na Mutabazi”Kecapu avuga iby’undi mwana yari yarabyaye
Umukinnyikazi wa Cinema Mukazayire Nelly uzwi nka Kecapu muri Filime ya Bamenya,yabajijwe byinshi ku byajyaga bivugwa ko yabyaye umwana mbere yo gukora ubukwe.Uyu mubyeyi uherutse kwibaruka abana batatu bimpanga, yashyize umucyo ku byajyaga bivugwa inyuma y’amalido,ko yaba yari yarabyaye undi mwana mbere yo gushaka umugabo mu mwaka wa 2022. Kecapu yabajijwe ku makuru ko ngo […]
RDC ikomeje kumvisha u Bwongereza ko bukwiye kugira icyo bukorera u Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ikomeje gusobanurira iy’ubwami bw’u Bwongereza uburyo ikwiye gufatira ingamba u Rwanda. RDC isobanura ko ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwayo, aho ngo zagiye gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 irimo kurwanira mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ubutegetsi bw’igihugu bwashimiye ibihugu bikomeye bitandukanye kuba “byarasabye u Rwanda […]
SADC yemeje igihe izoherereza muri RDC ingabo zo ‘kurandura burundu’ M23
Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko uteganya kuba wamaze kohereza Ingabo zawo muri RDC bitarenze ku wa 30 Nzeri, mu rwego rwo kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwaho. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga ni bwo abakuru b’ibihugu bya SADC bahuriye mu nama idasanzwe yigaga kuri Repubulika […]
Perezida wa Iran ari muri Kenya mu ruzinduko rwa mbere mu myaka 10 ishize ku mugabane
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari “intangiriro nshya” mu mibanire n’umugabane . Urugendo rwa Raisi muri Afurika, ruzanamujyana muri Uganda na Zimbabwe, ni urwa mbere rwa perezida wa Iran mu myaka irenga […]
Kaminuza ya Harvard igeze kure gahunda yo guha robot akazi ko kwigisha
Kaminuza ya Harvard irimo gutera intambwe mu myigire ya siyanse ya mudasobwa,aho rimwe mumasomo azwi cyane azigishwa n’umwarimu w’irobo(Robot).Iri koranabuhanga rizwi nka CS50, ni intangiriro yo kurwego rwo gutangiza code ikurura abanyeshuri ibihumbi buri mwaka, haba mumashuri ndetse no mu zindi nzego . Ikinyamakuru FirstPost gitangaza ko aya masomo azwiho gukoresha udushya twifashishije ibikoresho bya […]
Igisasu cyambukiranya imigabane cya Koreya ya Ruguru cyaguye hafi y’u Buyapani
Abayobozi b’u Buyapani na Koreya y’Epfo baravuga ko Koreya ya Ruguru yarashe misile bikekwa ko ari yo mu bwoko bwa misile zambukiranya imigabane, intercontinental ballistic missile (ICBM) ikagwa hafi y’u Buyapani . Iki gisasu kiraswa mu ntera ndende cyane cyagurutse mu gihe kirenga isaha imwe mbere yo kugwa mu mazi y’u Buyapani mu gitondo cyo […]